• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Tuesday, June 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Bruce Melodie yanenze abahanzi bo muri Uganda

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 17, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Nyuma yo gukorana indirimbo n’abahanzi batandukanye bo muri Uganda, Bruce Melodie yavuze ko abahanzi bo muri icyo gihugu badashyira imbaraga zihagije mu kwamamaza umuziki wabo hanze ya Uganda.

Bruce Melodie, umwe mu bahanzi bakomeye mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, numwe mu bahanzi b’abanyarwanda bamaze gukorana n’abahanzi benshi bo mu bihugu bitandukanye. Muri Uganda, yakoranye indirimbo n’abarimo Sheebah Karungi, Eddy Kenzo na Ray G, n’abandi.

Mu kiganiro yagiranye na Galaxy TV, Bruce Melodie yavuze ko nubwo amaze gukorana n’abahanzi bo muri Uganda indirimbo zakunzwe cyane mu Rwanda, badakora ibishoboka ngo bamamaze ibihangano byabo mu bindi bihugu.

Yagaragaje zimwe mu mbogamizi zihari ari uko abahanzi bo muri Uganda badakunze gusura u Rwanda n’ibindi bihugu, bityo bigatuma indirimbo zabo ntizimenyekane bihagije ku isoko ry’imyidagaduro.

Yagize ati: “Iyo utagaragara ngo uhure n’abafana imbonankubone, ntibakumenya, hari cyiba kibura. Ni cyo kibazo bafite ntakindi. Ntibakunda kuza gukorera ibitaramo i Kigali ngo bagerane n’abafana baba bafiteyo.”

Yasoje avuga ko bahanzi bo muri Uganda badakunda kuza i Kigali kuhakorera ibitaramo. Mu gihe we iyo asohoye indirimbo shya ahita ategura kujya i kampala, atagamije gukora igitaramo gusa, ahubwo ari ukumenyekanisha indirimbo ye shya ndetse no kumenyesha abantu ko Bruce Melodie ahari kandi ko akora umuziki.

Previous Post

Minisitiri yifatiye ku gahanga abapasiteri bafite kwizera guke  “Nimureke Abapolisi, Mwiringire Imana Yanyu”

Next Post

Mary Nambwayo yongeye gukundana nyuma yo gutandukana n’umugabo we Suuna Ben

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Mary Nambwayo yongeye gukundana nyuma yo gutandukana n’umugabo we Suuna Ben

Mary Nambwayo yongeye gukundana nyuma yo gutandukana n'umugabo we Suuna Ben

Ukwezi: Ibyavuye mu gukubita kwa Theia n’Isi”

Ukwezi: Ibyavuye mu gukubita kwa Theia n’Isi”

Don Nasser rwatangaje ko Done Nasser ari umwere ku byaha yaregwaga

Don Nasser rwatangaje ko Done Nasser ari umwere ku byaha yaregwaga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.