• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Gukorana na Diamond Platnumz bisaba kwihangana” – Bruce Melodie

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 17, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Uruzinduko ry’umuhanzi w’icyamamare mu Rwanda Bruce Melodie rwasize ababakora indirimbo (producers) bishimye, bitewe n’ijambo uyu muhanzi yavuze, aho yavuze ko abakora indirimbo bo muri Uganda ko ari abahanga bakomeye mu gukora indirimbo nziza kandi zigezweho mu karere.

Bruce Melodie, umaze gukorana n’abatunganya umuziki bakomeye muri Uganda barimo Nessim na Artin Pro, yavuze ko iki gihugu gifite impano nyinshi mu bijyanye no gutunganya imiziki. Yanagaragaje ko amajwi atunganyirizwa muri sitidiyo zo muri Uganda aba afite umwihariko wayo.

Yagize ati: “Hari ikintu nkunda ku batunganya umuziki ba hano muri Uganda, amajwi atunganyirizwa hano aba aremereye kandi aryoshye. Ni nk’aho buri producer aba yarabaye DJ igihe runaka. Nkunda umuziki wa hano kandi nifuza gukorana n’abahanzi benshi kurushaho.”

Ntiyagarukiye aho gusa, kuko yanavuze ko kubera umubano ukomeye yamaze kubaka mu muziki by’umwihariko muri Uganda, yunzemo ko yiyumva nk’umwe mu bahakomoka.

Uretse gushima abakora umuziki, uyu muhanzi w’Umunyarwanda yanagiriye inama abahanzi bo muri Uganda bifuza gukorana n’ibyamamare mpuzamahanga nka Diamond Platnumz, banasanzwe bafite indirimbo shya yiswe ‘Pom Pom’.

Yagize ati: “Gukora na Diamond Platnumz bisaba kwihangana. Ni umuntu uhora ahuze cyane kandi ukomeye, ugomba kubyemera. Ugomba kuba ufite ubushobozi bw’amafaranga, atari ayo kumwishyura gusa, ahubwo n’umushinga ugomba kuba ugeze ku rwego runaka. Ugomba kuba witeguye kuwamamaza no kuwuteza imbere.”

Previous Post

Jose aravuga ko yarokotse indwara y’ubuhumyi

Next Post

Minisitiri yifatiye ku gahanga abapasiteri bafite kwizera guke  “Nimureke Abapolisi, Mwiringire Imana Yanyu”

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
23 hours ago

Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa...

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Burundi, Sat-B, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye igihe kinini, Belle 9ice (Ingabire...

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly, yashyize ahagaragara amashusho y’iminota itanu n’amasegonda 38’ agaragaza inzu ye nshya aherutse kuzuza i...

Next Post
Minisitiri yifatiye ku gahanga abapasiteri bafite kwizera guke  “Nimureke Abapolisi, Mwiringire Imana Yanyu”

Minisitiri yifatiye ku gahanga abapasiteri bafite kwizera guke  "Nimureke Abapolisi, Mwiringire Imana Yanyu"

Bruce Melodie yanenze abahanzi bo muri Uganda

Bruce Melodie yanenze abahanzi bo muri Uganda

Mary Nambwayo yongeye gukundana nyuma yo gutandukana n’umugabo we Suuna Ben

Mary Nambwayo yongeye gukundana nyuma yo gutandukana n'umugabo we Suuna Ben

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye
Imyidagaduro

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka
Imikino

Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027
Uncategorized

Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027

by Alex RUKUNDO
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.