Umuhanzi ikizamuka mu burasirazuba bwa Uganda Visa Vibez International, yasabye imbabazi John blaq, nyuma bagiranye amakimbirane mu bihe byashize, n’imakimbirane yaturutse mu isohoka ry’amashusho y’urukazasoni (sextape). Visa Vibez yavuze ko ayo makimbirane yamugizeho ingaruka zikomeye, bigatuma atabasha kabaho...
Umuhanzikazi Ava peace yagurutse ku banenga ko amaze iminsi bavuga ku myambarire ye, ashimangira ko umuryango we n’abafana be bamwumva kandi ko bamushigikiye mu mahitamo ye mu myambarire. Ibi yabivugiye mu birori yizihirizagaho isabukuru y’imyaka 30, y’ubukwe bw’ababyeyi...
Ishyirahamwe ry’Inganda zitunganya Filime muri Uganda (Uganda Federation of Movie – UFMI) ryarahiriye ku mugaragaro Inama y’ubutegetsi (Board of Directors) ku biro by’igihugu bishinzwe kubarura (URSB), n’igikorwa cyafashwe nk’intambwe ikomeye mu gushimangira imicungire ihuriweho y’uburenganzira mu nganda zitunganya...
Umuraperikazi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Nicki Minaj, yatangaje ko agiye gutanga inkunga iri hagati ya $150,000 na $300,000 izashyirwa muri konti z’imari za Leta ya Amerika zizwi nka Trump Accounts, agamije gufasha abana b’abakunzi be gutangira kubaka ejo...
Umuhanzi Dr. Prop yatangaje ko ari mu bibazo bikomeye by’imari, avuga ko afite imyenda myinshi imuremereye cyane. Uyu muhanzi yamamaye mu ndirimbo Omwana Owomwavu, ibi yabitangarije mu kiganiro n’itangazamakuru, aho yagarutse ku bibazo ari kunyuramo muri iyi minsi...
Nyuma y’imyaka myinshi afatwa n’abafana nk’umwami wa Afrobeat, nyakwigendera Fela Anikulapo Kuti agiye guhabwa igihembo gikomeye cya Grammy y’ubuzima bwose, nubwo yapfuye. Uyu muhanzi w’ikirangirire ukomoka muri Nigeria yapfuye mu 1997 afite imyaka 58. Ni nyuma y’imyaka hafi...
Umuhanzi wo muri Uganda, Dr. Propa, yahakanye yivuye inyuma ibivugwa ko yaba akoresha ibiyobyabwenge, avuga ko ibyo abantu babihuza n’imbaraga agaragaza ku rubyiniro bidafite ishingiro. Dr. Propa yavuze ko atigeze akoresha ibiyobyabwenge bitemewe n’amategeko. Yashimangiye ko imiti yose...
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagize umunyamakuru w’inararibonye Allan Kasujja umuyobozi mukuru w’ikigo cya leta gishinzwe itangazamakuru (Uganda Media Centre), asimbuye Ofwono Opondo wari umaze igihe ayobora iki kigo ariko akegura mu ntangiriro za 2025 ashaka kwinjira...
Nyuma y’ubukwe bwe na Jean Paul, Nana yisanze mu mvururu z’ibitekerezo n’ibihuha ku mbuga nkoranyambaga. Bamwe bamushinje kwiba umugabo w’abandi. Abandi bashidikanya ku ndahiro yasezeranye. Hari n’abamwibasiye ku myambaro yambaye. Mu kiganiro cya Live yakoreye ku mbuga nkoranyambaga...
Mu gihe benshi mu byamamare bishimira intsinzi ku rwego mpuzamahanga, hari abahitamo kuyihindura igikoresho cyo guhindura ubuzima bw’abandi. Umuhanzikazi w’imikino ngororamubiri, Faith Kipyegon, ari mu bahitamo gusubiza ku muryango n’igihugu cye binyuze mu bikorwa bifatika bigamije iterambere. Uyu...