Mu rugendo rw’ubuhanzi, ubushuti bw’igihe kirekire hari igihe buhuzwa n’impano bikaba byabyara umusaruro ukomeye,. Ibi nibyo byabaye kuri Kivumbi King n’umusizi Junior Rumaga, bahuriye mu gisigo giherutse kujya hanze cyiswe ‘Inzira y’Umusaraba’, kiri mu bigize Album nshya ya...
Umuhanzi wo muri Uganda, Geosteady, yamaganye amagambo yahoze ari umukunzi we, Prima Kardashi, wavuze ko mu myaka umunani bamaranye batigeze basomana. Ibi byavuzwe na Prima mu kiganiro cya TikTok Live, aho yatangaje ko nubwo babanaga kandi bafitanye abakobwa...
Mu gihe ubuhanzi bukomeje gatera imbere mu Rwana, Akarere ka Huye kiteguye kwakira iserukiramuco rishya ryiswe Siga Arts Festival, rigamije guhuriza hamwe abahanzi b’ingeri zitandukanye no kwegereza ibikorwa by’ubuhanzi abaturage. Iri serukiramuco ryateguwe n’umusizi Rumaga, iri serukiramuco rizaba...
Mu gihe biteganyijwe ko ku wa 17 Werurwe 2026 azataramira i Kigali muri Move Afrika, Doja Cat akomeje kuvugisha benshi. Ni umwe mu bahanzi b’igitsinagore bagezweho ku Isi, ariko inyuma y’icyamamare cye hari amateka arimo urugamba, impinduka n’amasomo...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu, tariki 14 Gashyantare 2026, ahagana saa sita n’iminota itanu, umuhanzi Yvan Muziki yanditse amateka mu buzima bwe no mu muziki, asaba umukunzi we Marina kumubera umugore, imbere y’imbaga yari yitabiriye igitaramo...
Umuhanzi Bruce Melodie na Bwiza bahagurutse ku Kibuga Mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe kuri uyu wa Gatanu tariki 13 Gashyantare 2026, berekeza mu Mujyi wa Kampala muri Uganda aho bagiye mu bikorwa binyuranye bijyanye n’umuziki wabo. Amakuru InyaRwanda...
Mu myaka irenga 12 amaze mu muziki, umuhanzi Yvanny Mpano aracyakora cyane mu bukwe no mu bikorwa byo kumenyekanisha umuziki we, ariko akibaza impamvu ibihangano bye bidacurangwa cyane mu itangazamakuru. Uyu musore watangiye urugendo rwe mu muziki yibanda...
Umunyamuziki w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Doja Cat, agiye kongera guha Abanyakigali ibirori bidasanzwe mu gitaramo cya Move Afrika giteganyijwe kubera i Kigali ku itariki ya 17 Werurwe 2026. Iki gitaramo gitegurwa ku bufatanye bwa Global Citizen, binyuze muri...
Umuhanzikazi Gloria Bugie yatangaje impano yifuza ko bazamuha ku munsi w’abakundanye (saint valentin) ibura amasaha make ari imbere. Gloria Busingye, wamamye ku mazina nka Gloria Bugie, yavuze ko akiri muto kandi ko atarateganya gushaka, ndetse ko muri iki...
Mu gihe amakimbirane akomeje hagati y’umuhanzi King Saha n’umunyapolitiki Mubaraka Munyagwa agenda arushaho gufata indi ntera, aho bombi bakomeje guterana amagambo akomeye mu bitangazamakuru, kandi nta kimenyotso gihari kigaragaza ko byaba bigeye kuragira. Aya makimbirane yaturutse ku magambo...