Mu gihe u Rwanda n’Isi bakomeje Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abahanzi bakomeye mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba barimo Harmonize wo muri Tanzania ndetse n’itsinda rya Good Lyfe ryo muri Uganda bagaragaje ko...
Mu gihe u Rwanda rwatangiye Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umunyamideli Kate Bashabe yavuze ko nubwo hashize imyaka myinshi, uburibwe n’ibikomere Jenoside yasize bikiri mu mitima ya benshi. Yashimangiye ko Kwibuka ari ingenzi...
Mu gihe u Rwanda n’Isi muri rusange bakomeje kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umuhanzi Munyanshoza Dieudonné uzwi nka Mibirizi yagarutse ku bubyimba ndengakamere bwagaragaye mu gihe cya Jenoside. Yavuze ko mu gace akomokamo...
Munyanshoza Dieudonne uzwi cyane nka Mibirizi, ni umwe mu bahanzi bafite izina rikomeye mu muziki nyarwanda, by’umwihariko mu ndirimbo zafashije Abanyarwanda mu rugendo rwo kwiyubaka no gukira ibikomere byatewe na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uretse kuba umuhanzi,...
Umuhanzi Senderi Hit uzwi mu ndirimbo zigisha uburere mboneragihugu n’izijyanye no Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, yongeye gusubiramo indirimbo ze ebyiri “Nyarubuye Nziza Twibuke” na “Guhanga si Uguhaga” nyuma y’imyaka irenga 20 azikoze. Uyu muhanzi yavuze ko icyamuteye kongera...
Umuhanzi w’icyamamare mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, Jose Chameleone, yifatanyije n’Abanyarwanda n’Isi muri rusange mu gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu muhanzi w’umunya-Uganda yagaragaje ubutumwa bwo kwifatanya n’Abanyarwanda abinyujije ku rukuta...
Umuhanzi Dax Vibez yateye utwatsi ibihuha byamwitiriwe byavugaga ko Joshua Baraka na Eddy Kenzo badafasha abahanzi ba Uganda mu buryo bwo guhabwa amahirwe n’amikoranire mpuzamahanga. Mu kwisobanura kwe, Dax Vibez yavuze ko ikibazo yabajijwe mu kiganiro, n’ikibazo cyabazaga...
Abahanzi barimo Vyper Ranking, Omega 256 na Michelle Kyalisiima, hamwe n’abandi, bashyize hanze amashusho y’indirimbo zabo nshya, aho tugiye kugaruka muri zimwe muri zo ndirimbo muri iyi nkuru. Ononzitamu Omuntu – Vyper Ranking Impano ya Vyper Ranking ntijya...
Umuhanzikazi Goddess Sifaya ni umwe mu bahanzi bahindutse mu buryo bugaragara mu muziki wa Caribbean. Uyu muhanzikazi wahoze azwi nka Ms. Ravish yubatse izina mu njyana ya Dancehall, ariko nyuma aza guhindura inzira ajyana umuziki we mu murongo...
Umuhanzi ukiri kuzamuka Xkolie, amazina ye nyakuri akaba Sunday James, ari mu bahanzi bashya bari kugenda bagaragaza impano mu muziki wa Nigeria. Yavukiye mu Ntara ya Kogi State ku itariki ya 2 Gashyantare 2001, mu gace ka Ogori/Magongo....