Umuhanzi Edrisah Musuuza, wamamaye nka Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atekereza ko bamwe mu bagize inteko ishinga Amategeko batifuza ko umushinga w’itegeko rihindura itegeko rirebana n’uburenganzura bw’ibihangano (copyright) wemezwa. Eddy Kenzo yavuze ko nubwo abadepite benshi basobanukiwe akamaro k’iri...
Umunyarwenya Clapton Kibonge, n’umugore we Ntambara Mutoni Jackie berekanywe mu rusengero nk’umuryango ugiye gutera indi ntambwe. Uyu muhango wabaye ku Cyumweru, tariki ya 15 Werurwe 2026, mu rusengero rwa Healing Center Church ruherereye i Remera mu Mujyi wa...
Umunyamakuru ukora inkuru z’imyidagaduro Vivian Ayesiga Kabahindi, wamamaye nka Viana Indi,yasezeye ku kigo cy’itangazamakuru Next Media nyuma y’imyaka ine agikorera. Uyu munyamakuru kunze kwiyita Vybe Queen yinjiye muri Next Media muri Kamena 2022, aho yatangiye ari umunyamakuru n’umutumirwa...
Umuhanzi King Saha, yongeye kunenga ubuyobozi bwa Leta n’abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, oha yabasabye kwihutisha itorwa ry’itegeko roregera uburenganzira bw’ibihangano ( Cipyright) rimaze igihe ritegerejwe n’abahanzi benshi bavuga ko rishobora guhindura cyane urwego rw’umuziki. Ibi King...
Ibirori byo gutanga ibihembo bya sinema bizwi nka Academy Awards byabaye ku nshuro ya 98 byaranzwe n’intsinzi ikomeye ya filime One Battle After Another ndetse n’iya Sinners, mu gihe abakinnyi ba filime Michael B. Jordan na Jessie Buckley...
Umuhanzi w’Umunyarwanda, Itahiwacu Bruce wamenye nka Bruce Melodie ari mu Mujyi wa Paris mu Bufaransa aho yamaze gukorana indirimbo nshya na mugenzi we w’Umunya-Nigeria, Oxlade, wamamaye mu ndirimbo nka ‘Ku lo sa’. Impinga, yamenye ko Bruce Melodie yerekeje...
Umuhanzikazi Spice Diana yatangaje ko yigeze gucika intege ku buryo yatekereje ku kureka umuziki, nyuma y’uko imodoka ye yibwe akiri umunyeshuri muri kaminuza. Spice Diana yavuze ko ibyo byabaye ubwo yari ageze mu mwaka wa gatatu wa kaminuza...
Muri iki cyumweru gishize abahanzi baromo Joshua Baraka, K!Mera na Sheerm Mwanje, n’abandi, bashize hanze indirimbo nshya , aho muri iyi nkuru turi bugaruke muri zimwe muri zo ndirimbo. Girl In Ibiza – With U feat. Joshua Baraka...
Umucuranzi uvaga umuziki (Dj) akaba n’umunyamakuru Etania Mutoni ari kwitegura gukora ikintu gikomeye cyane ko azaba ari mu bazasusurutsa abazitabira Pool Party Programme izabera mu iserukiramuco rya Afro Nation Festival riteganyijwe vuba aha. Etania Mutoni abaye Dj wa...
UmuhanzikaziTracy Kirabo, wamamaye nka Pia Pounds, yatangaje ko mbere yo gukora mu muziki yigeze gukora akazi ko gutwara imodoka zikodeshwa binyuze kuri Uber mu rwego rwo gushaka imibereho. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Pia Pounds yavuze ko mu mwaka...