Gutandukana mu rukundo bishengura umutima. Kongera gukunda nyuma yo guhemukirwa biragora. Nubwo biba bigoye kwiyakira no kongera kwinjira mu rukundo mu nyuma yo guhemukirwa n’uwo wakundaga, hari inama ugirwa mu rwego rwo kongera kwinjira mu rukundo bushyashya. Mu...
Umunyabigwi muri Formula 1, Lewis Hamilton, akomeje kuvugwaho kuba ari mu rukundo n’icyamamare mu myideli no muri ‘Reality TV’, Kim Kardashian, nubwo bombi bakomeje kuruca bakarumira. Amakuru y’uru rukundo yatangiye gukwirakwira mu mpera za Mutarama 2026, ariko ibintu...
Tariki ya 13 Gashyantare buri mwaka hizihizwa Umunsi Mpuzamahanga wahariwe agakingirizo, uba umunsi umwe mbere y’Umunsi w’Abakundana uzwi nka Saint Valentin wizihizwa ku wa 14 Gashyantare. Abahanga mu by’ubuzima bavuga ko gushyira iyi minsi yombi hafi atari impanuka,...
Umucuruzi akaba anakora ibijyanye n’imyidagaduro Zari Hassan, yatangaje ko ku munsi w’abakundanye (Saint Valentin) atazashyigikira abagore bumva ko bagomba kwigirira impuhwe. Uyu mugore wamamaye nka Boss Lady, ubu akaba yarashakanye na Shakib Luataaya, yatanze ubutumwa bukomeye bwari bugenewe...
Nyuma y’igihe kinini urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango Claudine ruvugwa ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru, uyu munyezamu wanyuze mu makipe akomeye mu Rwanda yahisemo guca amarenga, ariko mu magambo macye. Mu kiganiro yagiranye n’inshuti ye...
Mu gace ka Sicile mu Butaliyani, umugabo w’imyaka 42 yisanze mu bibazo bitari biteganyijwe, nyuma yo kugaragara mu mashusho yo kwamamaza resitora yashyizwe kuri TikTok atabizi, ari kumwe n’umugore utari uwe. Iyi videwo yari igamije kwamamaza uburyohe n’imyidagaduro...
Mu Mujyi wa Shanghai mu Bushinwa, umugabo n’umugore bageze aho basaba gatanya, atari kubera ubukene, ubusambanyi cyangwa amakimbirane akomeye, ahubwo bitewe n’uko bananiwe kumvikana ku izina ry’umwana wabo w’umuhungu. Uyu mwana ubu amaze umwaka urenga avutse, ariko kugeza...
Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Canada, Justin Trudeau, yongeye kuvugisha benshi ku rwego mpuzamahanga, atari gusa ku mpamvu za politiki, ahubwo no ku mubano we urimo kuvugwa cyane n’icyamamare mu muziki ku Isi, Katy Perry, ubwo bombi bagaragaraga...
Mu mibano y’urukundo, kenshi abantu baranzwe no kwirinda igice kidasobanutse cyo hagati yo kwiyemeza gukundana nyabyo n’umuntu cyangwa kwibera inshuti zisanzwe. Abakundana bakiri bato bari guhitamo icyo gice. Ubushakashatsi bwerekanye ko imyifatire y’abo mu kigero cy’imyaka kizwi nka...
Umuraperi w’Umunyamerika A$AP Rocky yatangaje ko umubano we na Rihanna wubakiye ku rugendo rurerure rw’ubucuti, kwiyumvanamo no gutegereza igihe gikwiye, aho nyuma byaje kuvamo urukundo rukomeye n’umuryango ufite abana batatu. Mu kiganiro aherutse kugirana na Popcast ya The...