Ubushinjacyaha bwajuririye icyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge cyarekuye DJ Toxxyk nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo guteza impanuka yahitanye umupolisi wari mu kazi. Ku wa 4 Gicurasi 2026, Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko DJ Toxxyk arekurwa nyuma yo...
Urubanza rw’Umunyarwandakazi Gentille Giramata ruherutse gusozwa n’Urukiko Rukuru rwa Lilongwe muri Malawi, rwasize rutanze isomo rikomeye ku bijyanye n’uko amategeko yo muri iki gihugu ahana ibyaha by’ubwicanyi. Ku wa 28 Mata 2026, uru rukiko rwakatiye Giramata igifungo cy’imyaka...
Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwaburanishije umunyamakuru Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement, uregwa ibyaha bikomeye birimo guteza imvururu muri rubanda, kurwanya ububasha bw’amategeko no gukorera urugomo abayobozi b’inzego za Leta. Ubushinjacyaha bwasobanuye ko ibi byabaye ku wa 31...
Mu Karere ka Bugesera, umugore witwa Bagwaneza Yvonne w’imyaka 43 yatawe muri yombi akurikiranyweho icyaha gikomeye cyo kugerageza kwica umugabo we, Bahati Jean Claude w’imyaka 40. Ibi byabaye mu ijoro ryo ku wa 27 Mata 2026, aho bivugwa...
Urukiko rukuru rwa Kampala rwemeje ko hari ibimenyetso bihagije bisaba ko Christopher Okello Onyum, ukekwaho ubwicanyi bw’abana biciwe mu irerero rya Ggaba, yiregura ku byaha by’ubwicanyi aregwa. Nk’uko byatangajwe na Daily Monitor, umucamanza Alice Komuhangi Khaukha yatangaje uyu...
Impuguke mu iperereza ryifashisha ikoranabuhanga muri Polisi ya Uganda Police Force yagejeje imbere y’urukiko amakuru arambuye ku bikorwa byakorewe kuri internet bikekwa ko bifitanye isano n’icyahe cy’ubwicanyi Christooher Okello Onyuma yakoze, ibi bimenyetso bigaragaza ko habayeho gutegura uyu...
Umugabo w’imyaka 31 witwa Shamar Elkins arakekwaho kurasa abana umunani, barindwi muri bo bikekwa ko ari abe bwite, mu gitero cyabereye mu Mujyi wa Shreveport muri Leta ya Louisiana. Ibi byabaye mu gitondo cyo ku Cyumweru tariki ya...
Umukobwa w’imyaka 21 yafatiwe mu iduka riri mu Murenge wa Rugarama mu Karere ka Gatsibo, akekwaho kwiba nyuma yo gutobora inzu yacururizwagamo. Uyu mukobwa yafashwe n’abaturage mu Mudugudu wa Nyakaliro, Akagari ka Kanyangese, mu Murenge wa Rugarama. Abaturage...
Dosiye ya Semuhungu Eric uherutse gutabwa muri yombi yamaze gushyikirizwa Ubushinjacyaha ku wa 14 Mata 2026, aho akurikiranyweho ibyaha bitatu birimo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato. Amakuru yemejwe n’Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry,...
Mu Karere ka Karongi, hafashwe umugabo wari umaze imyaka irenga 30 yihisha ubutabera akekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Murakaza Valens w’imyaka 63 yatawe muri yombi ku wa 9 Mata 2026, nyuma y’amakuru yamutanzweho mu nama...