Umugabo w’imyaka 31 witwa Shamar Elkins arakekwaho kurasa abana umunani, barindwi muri bo bikekwa ko ari abe bwite, mu gitero cyabereye mu Mujyi wa Shreveport muri Leta ya Louisiana. Ibi byabaye mu gitondo cyo ku Cyumweru tariki ya...
Umukobwa w’imyaka 21 yafatiwe mu iduka riri mu Murenge wa Rugarama mu Karere ka Gatsibo, akekwaho kwiba nyuma yo gutobora inzu yacururizwagamo. Uyu mukobwa yafashwe n’abaturage mu Mudugudu wa Nyakaliro, Akagari ka Kanyangese, mu Murenge wa Rugarama. Abaturage...
Dosiye ya Semuhungu Eric uherutse gutabwa muri yombi yamaze gushyikirizwa Ubushinjacyaha ku wa 14 Mata 2026, aho akurikiranyweho ibyaha bitatu birimo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato. Amakuru yemejwe n’Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry,...
Mu Karere ka Karongi, hafashwe umugabo wari umaze imyaka irenga 30 yihisha ubutabera akekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Murakaza Valens w’imyaka 63 yatawe muri yombi ku wa 9 Mata 2026, nyuma y’amakuru yamutanzweho mu nama...
Umunyamakuru wa Isibo Radio, Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement, yafashwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 31 Werurwe 2026, afungirwa kuri Sitasiyo ya Polisi ya Jabana, nyuma y’ikibazo cy’imyubakire yagaragaje ku mbuga nkoranyambaga. DC...
Ijoro ryahindutse icyago Anne Marie Boyle, umugore w’imyaka 38 n’abana babiri, yatangarije uburyo umwanya muto wo gusohoka mu ijoro bisanzwe mu kabari mu mujyi wa East Kilbride muri Ecosse mu 2024, wahinduye ubuzima bwe burundu. Sean McInnes, umurwanyi...
Imirambo igera kuri 32, yiganjemo iy'abana, yakuwe mu mva rusange iri mu mujyi wa Kericho mu burengerazuba bwa Kenya, mu gihe iperereza rikomeje kuri uku gutahurwa kwayo kumije benshi. Gutabururwa kw'iyi mirambo byakozwe nyuma y'uko polisi ibonye icyemezo...
Umunyarwandakazi Elizabeth Mbabazi yakatiwe n’urukiko rwo muri Uganda gufungwa amezi atandatu, nyuma yo kumuhamya uruhare mu mugambi wo kwiba banki amafaranga menshi, inkuru yakuruye impaka zikomeye. Uko byagenze muri uyu mugambi Ni icyemezo cyafashwe n’Urukiko rwa Uganda mu...
Mu rwego rwo gukomeza kwimakaza ubutabera no kweza urwego rw’abayobozi b’amadini nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ubuyobozi bw’Itorero ADEPR mu Rwanda bwafashe icyemezo cyo kwambura inshingano abashumba n’ababwirizabutumwa 35 bahamijwe icyaha cya jenoside. Ibi byatangajwe mu...
Senateri Frank Habineza, akaba n’umuyobozi w’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda, yamaganye inyandiko ziri gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga zimuhuza n’umugambi wo gushinga umutwe w’inyeshyamba ugamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda. Izi nyandiko zatangiye gukwirakwira ku rubuga rwa X ku...