Umunyamakuru wa Isibo Radio, Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement, yafashwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 31 Werurwe 2026, afungirwa kuri Sitasiyo ya Polisi ya Jabana, nyuma y’ikibazo cy’imyubakire yagaragaje ku mbuga nkoranyambaga. DC...
Ijoro ryahindutse icyago Anne Marie Boyle, umugore w’imyaka 38 n’abana babiri, yatangarije uburyo umwanya muto wo gusohoka mu ijoro bisanzwe mu kabari mu mujyi wa East Kilbride muri Ecosse mu 2024, wahinduye ubuzima bwe burundu. Sean McInnes, umurwanyi...
Imirambo igera kuri 32, yiganjemo iy'abana, yakuwe mu mva rusange iri mu mujyi wa Kericho mu burengerazuba bwa Kenya, mu gihe iperereza rikomeje kuri uku gutahurwa kwayo kumije benshi. Gutabururwa kw'iyi mirambo byakozwe nyuma y'uko polisi ibonye icyemezo...
Umunyarwandakazi Elizabeth Mbabazi yakatiwe n’urukiko rwo muri Uganda gufungwa amezi atandatu, nyuma yo kumuhamya uruhare mu mugambi wo kwiba banki amafaranga menshi, inkuru yakuruye impaka zikomeye. Uko byagenze muri uyu mugambi Ni icyemezo cyafashwe n’Urukiko rwa Uganda mu...
Mu rwego rwo gukomeza kwimakaza ubutabera no kweza urwego rw’abayobozi b’amadini nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ubuyobozi bw’Itorero ADEPR mu Rwanda bwafashe icyemezo cyo kwambura inshingano abashumba n’ababwirizabutumwa 35 bahamijwe icyaha cya jenoside. Ibi byatangajwe mu...
Senateri Frank Habineza, akaba n’umuyobozi w’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda, yamaganye inyandiko ziri gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga zimuhuza n’umugambi wo gushinga umutwe w’inyeshyamba ugamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda. Izi nyandiko zatangiye gukwirakwira ku rubuga rwa X ku...
Urukiko rw'Ibanze rwa Kicukiro rwafashe icyemezo gikomeye ku wa Gatanu tariki ya 27 Gashyantare 2026, rukatira abantu bane igifungo cy'imyaka itatu n'ihazabu ya miliyoni 3 Frw, buri wese, kubera gukwirakwiza amashusho y'urukozasoni y’umuhanzi uzwi nka Yampano. Abakatiwe ni...
Ikigo gishinzwe gucunga no kurengera ibidukikije mu gihugu (NEMA) cyashyize hanze itangazo ribuza gutwikira imyanda mu mu mijyi rwagati, no munyegero zawo ndetse no mu turere twose, iri tangazo rirasaba abantu babikora guhita babihagarika bakanbigira inshinganoza buri wese....
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwemeje icyemezo cyari cyafashwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata cyo kurekura by’agateganyo Hassan Bahame, Umuyobozi w’Ikigo Ngororamuco cya Gitagata, akurikiranwe adafunzwe mu gihe ategereje kuburanishwa mu mizi. Iki cyemezo cyafashwe ku wa 19 Gashyantare, nyuma...
Ubujura bwabereye i Gelsenkirchen mu Budage bwagaragaje intambara ikomeye mu rwego rw'umutekano wa banki, bunyuze ku kwiba amafaranga angana na miliyoni 100 z'amayero muri banki imwe gusa. Iki gikorwa gitangaje cyerekana ubuke bw'umutekano muri za banki za kijyambere....