Urukiko rwo mu Bufaransa rwaciriye urubanza uwahoze ari umujyanama w'Inteko Ishinga Amategeko umutwe wa Sena, Sébastien G., igifungo cy'umwaka umwe usubitse, nyuma yo guhamwa n'icyaha cyo gufotora mu majipo y'abagore batabizi. Umwanzuro wafashwe ku wa 17 Gashyantare 2026,...
Urupfu rwa Alexei Navalny rwongeye kugarura mu biganiro izina ry’ikinyabutabire gikomeye cyane kizwi nka epibatidine uburozi busanzwe buboneka ku ruhu rw’imitubu imwe na imwe yo muri Amerika y’Epfo. Raporo zaturutse mu Bwongereza no mu bindi bihugu by’u Burayi zivuga...
Umuhanzikazi w’Umunyafurika y’Epfo, Tyla, yatangaje ko ageze kure imirimo ya album ye ya kabiri yise “A Pop”, ateganya gushyira hanze mu mpeshyi ya 2026, hagati ya Kamena na Kanama. Ibi yabitangaje ari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika...
Minisitiri w'Umutekano w'Imbere mu gihugu muri Uganda, Kahinda Otafiire, yatanze ubutumwa budasanzwe bujyanye n'abapasiteri bakomeye muri Uganda basigaye bashaka uburinzi bwa polisi y'igihugu. Yababwiye ko bagomba kwiringira Imana bakorera, aho gukomeza gutwara amafaranga y'umutekano. Otafiire yavuze ibi mu...
Umuhanzi w'icyamamare muri Uganda, Jose Chameleone, ari mu byishomo byinshi nyuma yo kugenda neza kw'igikorwa cyo kumubaga ijisho ry'iburyo, ijisho ryari ryatangiye gutakaza ubushobozi bwo kureba. Ku wa Kabiri tariki 17 Gashyantare 2026, Chameleone yatangaje aya makuru kuri...
Ibyamamare mu mukino w’iteramakofe Mike Tyson na Floyd Mayweather biteganyijwe ko bazakina umukino w’imurika muri DR Congo mu kwezi kwa Mata(4) nk’uko bivugwa n’ikinyamakuru The Ring Magazine. MikeCoppinger umwe mu banyamakuru bazwi b’umukino wa w’iteramakofe yatangaje muri icyo...
Umunyabigwi muri Formula 1, Lewis Hamilton, akomeje kuvugwaho kuba ari mu rukundo n’icyamamare mu myideli no muri ‘Reality TV’, Kim Kardashian, nubwo bombi bakomeje kuruca bakarumira. Amakuru y’uru rukundo yatangiye gukwirakwira mu mpera za Mutarama 2026, ariko ibintu...
Umuhanzi wo muri Uganda, Geosteady, yamaganye amagambo yahoze ari umukunzi we, Prima Kardashi, wavuze ko mu myaka umunani bamaranye batigeze basomana. Ibi byavuzwe na Prima mu kiganiro cya TikTok Live, aho yatangaje ko nubwo babanaga kandi bafitanye abakobwa...
Mu gihe biteganyijwe ko ku wa 17 Werurwe 2026 azataramira i Kigali muri Move Afrika, Doja Cat akomeje kuvugisha benshi. Ni umwe mu bahanzi b’igitsinagore bagezweho ku Isi, ariko inyuma y’icyamamare cye hari amateka arimo urugamba, impinduka n’amasomo...
Inkuru ya Paul Mackenzie, umuvugabutumwa washinze idini rya Good News International Church muri Kenya, ikomeje kuba igikomere gikomeye ku iyobokamana muri Afurika. Mu gihe akurikiranyweho uruhare mu rupfu rw’abantu basaga 400 babonetse mu ishyamba rya Shakahola, hiyongereyeho n’abandi...