Inkuru ya Fille Mutoni yongeye gukurura impaka ku buzima bw’abahanzi n’igitutu bahura na cyo mu ruganda rw’umuziki wa Uganda. Uyu muhanzikazi ukomoka mu Rwanda wamenyekanye cyane mu myaka ishize, yafashwe nk’urugero rw’umuhanzi wageze ku rwego rwo hejuru ariko...
Raporo nshya yashyizwe ahagaragara n’ikigo mpuzamahanga Deloitte, kizwiho gusesengura ubukungu n’iterambere ry’imikino, yagaragaje urutonde rw’amakipe y’umupira w’amaguru atunze kurusha ayandi ku isi. Iyi raporo izwi nka Deloitte Football Money League igaragaza ko Real Madrid yo muri Espagne yongeye...
Umuhanzikazi nyarwandakazi Alyn Sano akomeje kwandika amateka mashya mu muziki nyarwanda, nyuma yo kwitabira ku nshuro ya mbere inama mpuzamahanga ya The NAMM Show 2026 iri kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Iyi nama ihuza abakora umuziki...
Umuhanzikazi w’icyamamare muri Uganda, Spice Diana, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana mu kazi n’umujyanama we wamufashije igihe kirekire, Roger, washinze inzu ifasha abahanzi izwi nka Source Management, nyuma y’imyaka igera kuri 10 bakorana. Uyu muhanzikazi yabitangaje mu...
Umunyamakuru w’imbuga nkoranyambaga (TikToker) Luwi Light yongeye kwitaba urukiko kuri uyu wa none, nyuma yo gufatwa akagirwa imfungwa by’agateganyo mu cyumweru gishize, akekwaho gutoteza no guhohotera abantu hakoreshejwe ikoranabuhanga (cyber harassment), mu rubanza ruregwamo umugore wa Bebe Cool,...
Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yakomeje kwerekana ko iri mu bihe byiza mu marushanwa y’i Burayi, nyuma yo gutsinda Inter Milan yo mu Butaliyani ibitego 3-1, mu mukino w’Umunsi wa Karindwi wa UEFA Champions League wakiniwe kuri...
Umuhanzi mpuzamahanga w’Umunya-Nigeria, Burna Boy, yabanje guhura n’imbogamizi zitari zitezwe ubwo yari ageze muri Marroc aho yari yatumiwe gutaramira abakunzi b’umupira w’amaguru mu gitaramo gikomeye cyateguwe mu rwego rwo gusoza ibirori bya AFCON. Uyu muhanzi yari utegerejweho gususurutsa...
Umuhanzi ukomeye muri Uganda, Alien Skin, yasabye bagenzi be bo mu ruganda rw’umuziki gusubira gushyira imbaraga mu muziki, nyuma y’uko amatora rusange n’ibihe byo kwiyamamaza byasojwe. Uyu muhanzi yavuze ko igihe cya politiki kirangiye, bityo ko ubu ari...
Brahim Diaz ashobora kuzahora yibuka ijoro ryo ku Cyumweru mu irushanwa rya CAN 2025, nyuma yo guhusha penalty yari gutuma Maroc yegukana igikombe cya Afurika ku nshuro ya mbere mu myaka irenga 50. Uyu mukinnyi wa Real Madrid...
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yafashe icyemezo gikomeye cyo guhana Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Cameroun (FECAFOOT), Samuel Eto’o, nyuma y’imyitwarire yafashwe nk’idahwitse yagaragaye mu mikino y’Igikombe cya Afurika kiri kubera muri Maroc. Ibi bihano byatangajwe mu...