Britney Spears, umwe mu bahanzikazi b’ibihe byose mu njyana ya Pop, yongeye gutungurana afata icyemezo gikomeye ku rugendo rwe rwa muzika, aho yagurishije uburenganzira ku bihangano bye byose mu masezerano bivugwa ko arenga miliyoni 200 z’amadolari ya Amerika...
Umuhanzikazi wo muri Nigeria, Temilade Openiyi uzwi nka Tems, yongeye kwandika amateka aba umugore wa mbere wo muri Afurika ugeze ku ndirimbo zirindwi (7) zigeze ku rutonde rukomeye rwa Billboard Hot 100 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika...
Umukinnyi wa filimi akaba n’umushoramari mu muco, Eric Kabera, ari mu Mujyi wa Los Angeles muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho ari kwerekana ibikorwa bye no kuganira n’abayobozi batandukanye bo mu nzego z’imyidagaduro, ubucuruzi n’ubukerarugendo ku rwego...
Ukwezi kwa Gashyantare kwahaye abakunda kureba filime na series amahitamo menshi, cyane cyane series ngufi ushobora kureba mu minsi mike utarinze gufata igihe kinini. Imbuga nkoranyambaga zitandukanye zikomeje gusohora inkuru zigufi, zifite umwihariko kandi zoroshye gukurikira. Impinga.rw yakusanyije...
Umukinnyi w'iteramakofe wo muri Algeria, Imane Khelif, yatangaje ko yiteguye gukorerwa isuzuma ry'igitsina (sex test) niba byamufasha kwemererwa kwitabira Imikino Olempike izabera i Los Angeles mu 2028. Khelif, wegukanye umudali wa zahabu mu bagore mu cyiciro cya 'welterweight'...
Mu gihe imyiteguro ya Saint Valentin ya 2026 irimbanyije, abakunzi b’umuziki w’urukundo i Kigali bafite impamvu yo kwitegura igitaramo cyihariye kizabahuza na Princess Lover, umuhanzikazi wamamaye cyane mu ndirimbo Mon Soleil. Uyu muhanzikazi wamamaye mu ndirimbo zituje, zirimo...
Umuhanzikazi wo muri Uganda, Grace Khan, yahakanye amakuru yavugaga ko yajyanywe muri rehab kubera ibiyobyabwenge, ashimangira ko ikibazo yari afite ari inzoga gusa. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Grace yavuze ko amaze amezi atatu ari mu kigo ngororamuco giherereye...
Nyuma y’igihe kinini urukundo rwabo ruvugwaho byinshi, umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania, Harmonize, yongeye gutungura benshi agaragaza ko Frida Kajala ari we mutima we n’iherezo ry’urugendo rwe rw’urukundo. Ibi yabigarutseho mu butumwa burebure yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram...
Umuyobozi wo kuramya w’icyubahiro, Dr Ron Kenoly, yitabye Imana ku wa Kabiri, tariki ya 3 Gashyantare 2026, nk’uko byemejwe n’umuyobozi we mu muziki, Bruno Miranda, mu butumwa yashyize ku rukuta rwa Instagram kuri konti ya Kenoly yemewe. Mu...
Umunyamideri akaba n’umushyushyarugamba wo muri Uganda, Sheilah Gashumba, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutanga ubutumwa bukomeye bugenewe urubyiruko, abasaba kureka kwitwaza ibibazo by’ubuzima bagahitamo inzira y’ibiyobyabwenge n’ibisindisha. Ubu butumwa yabunyujije ku rukuta rwe rwa Snapchat, aho yasabye cyane...