• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Tuesday, July 28, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Nagwatiriye ibikoresho kubera ko nshaka amafaranga yanjye” – Spice Diana

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
April 27, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Spice Diana yatangaje ko aticuza kuba yarafatiriye ibikoresho by’aho yari yakoreye igitaramo, n’inyuma y’uko uwari wateguye iki gitaramo yanze kumwishyura amafaranga ye nyuma yo kuririmba mu gace ka i Bukomansimbi ku wa Gatandatu.

Amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Spice Diana asaba ko yishyurwa, kubera ko yari amaze kuririmba muri iki gitaramo i Bukomansimbi.

Diana yumvikanye agira ati: “Ndi umugore utuje kandi woroheje uniyubaha, nakuriye mu buzima bugoye (ghetto), nderwa n’umubyeyi umwe. Nubaha umuntu bitewe n’uko amfata. Ntu tanyishyura ndava hano jyanye ibi byuma mu koresha, ndabigira ingwate kugira ngo nishyurwe amafaranga yanjye asigaye.”

Yakomeje agira ati: “Mfite abakozi n’abana nitaho bagomba kubona ibyo barya. Nakoresheje lisansi nza hano, kandi aka ni akazi kanjye, bityo rero gomba kwishyurwa.”

“Nagwatiriye ibikoresho kubera ko nshaka amafaranga yanjye” – Spice Diana

Spice Diana yahagaritse igitaramo kugira ngo abanze ajye ku reba umuyobozi w’aho igitaramo cyari cyabereye n’uwari wagiteguye, asaba ko amafaranga ye asigaye ayishyurwa mbere yo gukomeza kuririmba.

Andi mashusho agaragaza uyu muhanzikazi hamwe n’itsinda rye basohora (unplugging) mudasobwa n’ibikoresho bya DJ byari aho igitaramo cyaberaga, bashaka kubijyana nk’ingwate y’amafaranga batishyuwe.

Abinyujije ku rubuga rwe rwa Snapchat, Spice Diana yavuze ko atari buve aho igitaramo cyabereye hatabayeho kurwaniye uburenganzira bwe.

Yagize ati: “Ni saa kumi n’imwe n’iminota 44 za mu gitondo, abantu baryamye, ariko njyewe nakoze urugendo rw’amasaha ane ndi ku gitutu, unyura mu mihanda mibi ya Uganda nijoro, hanyuma none ngo simpembwe. Sinjya nkinisha amafaranga yanjye, iyo bigeze aha mba wa mukobwa wo muri ghetto.”

Previous Post

Umupira w’Amaguru: Ibihangange byagaragaje ubuhanga budasanzwe kurusha abandi

Next Post

Makembe yinjiye mu ‘Champions League’ y’umuziki: EP ye nshya igiye gusohoka

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
2 months ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
2 months ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
2 months ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Makembe yinjiye mu ‘Champions League’ y’umuziki: EP ye nshya igiye gusohoka

Makembe yinjiye mu ‘Champions League’ y’umuziki: EP ye nshya igiye gusohoka

Bugesera: RIB mu iperereza ku mugore watwitse umugabo amushinja uburaya

Bugesera: RIB mu iperereza ku mugore watwitse umugabo amushinja uburaya

DC Clement mu marira imbere y’urukiko: yasabye kurekurwa by’agateganyo

DC Clement mu marira imbere y’urukiko: yasabye kurekurwa by’agateganyo

Les médias appelés à changer leur regard sur les violences basées sur le genre
Inkuru Nyamukuru

Les médias appelés à changer leur regard sur les violences basées sur le genre

by MUNYANKINDI Alphonse
June 23, 2026
“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.