Indirimbo “Juno” y’umuhanzi w’Umunyamerika Sabrina Carpenter yongeye kuza ku isonga ry’ibivugwaho cyane, nyuma y’uko yifashishijwe n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (White House) mu mashusho yerekanaga uburyo abimukira bafatwa n’Urwego rushinzwe Umutekano w’imbere mu gihugu...
Umuhanzikazi w’icyamamare ku isi, Miley Cyrus, yemeje ko yambitswe impeta n’umukunzi we Maxx Morando, umuhanzi w’ingoma bamaze imyaka ine bakundana. Amakuru yo kwambikana impeta yatangajwe nyuma y’uko Cyrus agaragaye yambaye impeta y’iza zahabu n’amabuye ya diyama ubwo yari...
Urubanza ruregwamo Uzabakiriho Cyprien, uzwi nka Djihad, hamwe na bagenzi be Kwizera Nestor (Pappy Nesta) na Ishimwe François Xavier rwasubitswe nyuma y’uko umwe mu baregwa atatangiranye n’umwunganizi mu by’amategeko. Byari biteganyijwe ko kuri uyu wa kane tariki 4...
Umuhanzi Senderi Hit agiye gutangiza ibitaramo ngarukamwaka mu Karere ka Kirehe aho avuka, bikazajya byitwa “Kirehe Twataramye”. Igitaramo cya mbere kizabera i Nyarubuye ku wa 27 Ukuboza 2025, kikaba cyitezweho gususurutsa abaturage no guteza imbere ubuhanzi muri ako...
Umuhanzikazi Lilian Mbabazi yagarutse ku rugendo rw’urukundo rudasanzwe yagiranye na nyakwigendera Moses Nakintije Ssekibogo wamamaye nka Mowzey Radio, asobanura ko urukundo rwabo rwatangi ari ibintu bisanzwe ariko ukobagiye bavuga umunsi ku wundi byagiye bikomera. Ibi abigarutse nyuma y’imyaka...
Umushumba Mukuru w’Itorero rya ADEPR, Rev Ndayizeye Isaïe yahinyuje ibyavuzwe ko yanze gusezeranya umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Vestine n’umugabo we Idrissa Jean Luc Ouédraogo, ashimangira ko ibyavuzwe mu bitangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga ari...
Umuhanzikazi Cindy Sanyu yatangaje impamvu atajya agaragara mu bitaramo cyangwa mu bikorwa bya politiki, mu gihe igihugu cyitegura amatora rusange ateganyijwe mu 2026, bitandukanye n’uko bamwe mu bahanzi babikora. Cindu yavuze ko atigeze ategura na rimwe kuririmba mu...
Amakimbirane hagati y’ibyamamare bibiri bikomeye muri Hip Hop – Curtis “50 Cent” Jackson na Sean “Diddy” Combs – yongeye gufata indi ntera nyuma y’uko 50 Cent ateguye mbarankuru (docuseries) nshya yiswe “Sean Combs: The Reckoning”, yagombaga gutambuka kuri...
Mu gihe bamwe mu bahanzi bakomeye bakomeje gushora imbaraga mu mishanga itandukanye izabafasha kuzamura imiziki yabo, Ngabo Medard Jobert, wamenyekanye ku izina rya Meddy, umwe mu bahanzi bafite izina rikomeye mu Rwanda, yatangiye urugendo rushya mu muziki, aho...
Umuraperi 50 Cent yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri ari bwo Netflix isohora filime mbarankuru nshya bakoranye ikubiyemo ubuzima n’ibihe bikomeye by’icyamamare Sean “Diddy” Combs, aho harimo n’amashusho atari yarigeze ajya hanze yafashwe mu minsi itandatu mbere y’uko...