• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Eddy Kenzo yatangaje ateganya kurega Nobat Events nyuma y’amatora

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 1, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzi w’icyamamare akaba n’umuyobozi wa Big Talent Entertainment, Eddy Kenzo, yatangaje ko ateganya kurega Nobat Events mu nkiko nyuma y’uko amatora ari gukorwa azaba arangiye. Yavuze ibi mu gihe kandi yahakanye iby’uko umuhanzi Bebe Cool yaba ari kumusubiza inyuma mu bikorwa by’ubukangurambaga bw’ishyaka NRM.

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Kenzo yavuze ko atababazwa n’abavuga ko hari abagerageza ku mubangamira mu bikorwa bye, ashimangira ko yubaha abahanzi bamubanjirije bose, barimo na Bebe Cool. Icyakora, Kenzo yanenze imyitwarire ya y’uyu muhanzi avuga ko aragwa no gukunda amakimbirane harimo no gusubiza abandi inyuma.

Yagize ati: “Nubaha cyane abantu benshi bamubanjirije muri uyu mwuga. Ariko Bebe Cool akunda cyane amakimbirane kandi akunda gusubiza abandi inyuma , akndi ibyo si ikibazo cyanjye.”

Ku bijyanye n’ikibazo cya Nobat Events, Kenzo yagarutse ku birego byatumye Nobat afugwa byvagateganyo mbere yo kurekurwa by’agateganyo n’ubundi (bail). Kenzo yasobanuye ko ibyo birego byatanzwe bwa mbere na Jose Chameleone, nubwo nobat yakomeje kugaragaza ko ari kenzo ubiri inyuma.

 Kenzo yavuze ko n’ubwo yagejeje ikibazo kuri Polisi, atigeze asaba ko Nobat atabwa muri yombi. Gusa, yagaragaje ko atishimiye uburyo Nobat yakomeje kuvuga izina rye mu ruhame arihuza n’icyo kibazo, bituma afata icyemezo cyo kumujyana mu nkiko.

Yagize ati: “Nari mpugiye mu matora, ariko namara kurangira tuzabikurikirana. Yavuze ibintu byinshi mbona atari byo, ariko azaza abisobanure imbere y’amategeko.”

Previous Post

Ese urukundo rushobora kuramba hatabayeho imibonano mpuzabitsina?

Next Post

Abakobwa bo muri Suwede ntibagendera ku mafaranga — Rickman Manrick

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
21 hours ago

Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa...

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Burundi, Sat-B, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye igihe kinini, Belle 9ice (Ingabire...

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly, yashyize ahagaragara amashusho y’iminota itanu n’amasegonda 38’ agaragaza inzu ye nshya aherutse kuzuza i...

Next Post
Abakobwa bo muri Suwede ntibagendera ku mafaranga — Rickman Manrick

Abakobwa bo muri Suwede ntibagendera ku mafaranga — Rickman Manrick

Eddy Kenzo ashyize ahagaragara amakimbirane afitanye na Bebe Cool

Eddy Kenzo ashyize ahagaragara amakimbirane afitanye na Bebe Cool

MINAGRI irasaba abahinzi n’aborozi kwimakaza ubuhinzi bw’umwuga binyuze mu bumenyi bahawe

MINAGRI irasaba abahinzi n’aborozi kwimakaza ubuhinzi bw’umwuga binyuze mu bumenyi bahawe

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye
Imyidagaduro

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka
Imikino

Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027
Uncategorized

Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027

by Alex RUKUNDO
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.