• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Tuesday, June 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Eddy Kenzo ashyize ahagaragara amakimbirane afitanye na Bebe Cool

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 1, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuririmbyi ndetse kaba n’umujyana wa Perezida wa Big Talent Entertainment Eddy Kenzo mu byerekeye abahanzi, aho yagaragaje akababaro ke nyuma y’uko havuzwe ko yagiranye amakimbirane ba Bebe Cool mu gihe cy’amatora yaherukaga kuba.

Umuyobozi wa Big Entertainment Kenzo,  mu kiganiro yagiranye n’itangaza makuru, yabajijwe amakuru avugwa ko hagati ye na Bebe Cool batabanye neza. Kenzo ntiyabashije, gusobanura ko Bebe Cool ari umuntu ifite ibitekerezo bibi ku bandi.

Nk’uko Kenzo yabivuze, Bebe Cool akunze kuvuga nabi bagenzi be b’abahanzi kandi agashaka kubakandamiza ku rwego rwo kubereka ko ariwe muhanzi uyoboye muri Uganda.

Eddy Kenzo ashyize ahagaragara amakimbirane afitanye na Bebe Cool

N’ubwo Kenzo avuga ko Bebe Cool “yamukoreye nabi,” yavuze ko yahisemo kutita cyane kuri ibyo bibazo.

Ati:“Bebe Cool aranzi, mbere na mbere, nzaha icyubahiro abantu banyuze imbere yanjye nabo biyubahisha. ariko ikibazo cya Bebe Cool akunda cyane amakimbirane. Ibyo kandi si ikibanzo cyanjye.”

Ibi kenzo yagaragaje ko atabifata nk’ikibazo gikomeye mu buzima bwe cyagwa mu mwuga w’ubuhanzi, ahubwo azajya yibanda ku rugendo rwe bwite.

Kugeza ubu aba bahanzi bombi ntibari bumvikana neza, aho amakuru avuga ko umwuka mubi uri hagati yabo n’imikoreshereza y’amafaranga y’amatora—ikibazo cyavuzweho gituma habaho ukutumvikana yagati y’abahanzi bombi.

Previous Post

Abakobwa bo muri Suwede ntibagendera ku mafaranga — Rickman Manrick

Next Post

MINAGRI irasaba abahinzi n’aborozi kwimakaza ubuhinzi bw’umwuga binyuze mu bumenyi bahawe

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
MINAGRI irasaba abahinzi n’aborozi kwimakaza ubuhinzi bw’umwuga binyuze mu bumenyi bahawe

MINAGRI irasaba abahinzi n’aborozi kwimakaza ubuhinzi bw’umwuga binyuze mu bumenyi bahawe

Gisagara: Grenade yakuwe mu rugo rw’umuturage, abantu babiri barakomereka bitewe n’igihunga

Gisagara: Grenade yakuwe mu rugo rw’umuturage, abantu babiri barakomereka bitewe n’igihunga

Ubuvuzi bw’u Rwanda mu 2025 bwateye intambwe ishimishije mu kuvura indwara zikomeye: Gusimbuza impyiko no kubaga umutima bisigaye bikorerwa mu Rwanda

Ubuvuzi bw’u Rwanda mu 2025 bwateye intambwe ishimishije mu kuvura indwara zikomeye: Gusimbuza impyiko no kubaga umutima bisigaye bikorerwa mu Rwanda

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.