Abafite ikibazo cy'umuhangayiko bakunze kumva inama zinyuranye zabafasha zirimo gusinzira neza, kurya indyo yuzuye no gukora imyitozo ngororamubiri. Muri izo nama, gusiganwa (kwiruka) birihariye: si imyitozo ngororamubiri gusa, ahubwo ni n'umufasha ukomeye wa roho (w'umutima) nkuko siyansi ibisobanura....
Nyuma y’iminsi itari mike hasakaye amashysho ya Diamond Platnumz na Zachu bashyingiranwa, haravugwa makuru y'uko nyina wa Zuchu ko ashobora kuba atarishimiye iryo shyingirwa. Igitangazamakuru NipasheDigital, cyagerageje kuvugisha uyu mubyeyi wa Zuchu, Khadija Kopa, ku muyoboro wa telefoni...
Umuririmbyi w’Umunyuganda akaba n’umukinnyi wa filime, Juliana Kanyomozi, uzwi cyane ku izina rya “People’s Princess,” hari amakuru avuga ko yaba atwite. Ibi byatangajwe n’abakurikirana ibikorwa bye byahafi, nyuma yo ku mubona afite imyitwarire nk’iya bagore batwite mu birori...
Itsinda ry’umuziki Bonbon Vaudou ryo mu Bufaransa ryashyize ahagaragara album nshya yise Épopée Métèque, igaruka cyane ku nsanganyamatsiko y’ubuhunzi n’urugendo rwo kuva mu gihugu ujya mu kindi, bikomoka ku mateka bwite y’abayigize. Iyi album ya gatatu ikurikiranye n’izindi...
Mu gihe u Rwanda rukomeje gushimangira umubano warwo n’ibihugu byo mu Karayibe mu bijyanye na dipolomasi, ubukungu n’ubukerarugendo, hagiye hagaragara n’indi nkingi ikomeye y’umuco: umuziki. Muri uru rugendo, umuhanzi w’umunya-Jamaica uririmba reggae na dancehall, FyaVerse, ari kwigaragaza nk’uharanira...
Cinderella Sanyu, umwe mu bahanzi bakomeye kandi bamaze igihe kirekire mu njyana ya dancehall muri Uganda, yihanangirije abahanzi bakizamuka cyane cyane abibutsa ko bagomba kwirinda agasuzugura bahanzi bamaze igihe kinini muri uwo mwuga. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Cindy...
Umuhanzi w'icyamamare muri Uganda, Rickman Manrick, yasobanuye uko abahagaze mu mibereho ye y’urukundo, ndetse anagaragaza ko ari ingaragu, nubwo hakomeje kuvugwa ibihuha bivuga ko yaba yarasubiranye n’umugore we batandukanye. Rickmana, wavugwagaho ko yaba yarakundanaga na Promise Ateete mu mpera...
Umuramyi Cynthia Umulisa, wamenyekanye cyane mu ndirimbo “Ni Yesu”, yongeye kugaragara mu muziki asohora indirimbo nshya y’amashusho yise “Ajya Arema Inzira.” Ni igihangano gishingiye ku buzima bwe bwite, aho ashimangira ko Imana ari yo yonyine imuyobora mu bihe byose n’inzira zose anyuramo....
Umuhanzi Juno Kizigenza, akaba n’umwanditsi w’indirimbo yavuze ko gusoma Ariel Wayz, ku rubyiniro mu gitaramo Davido yamurikiyemo Album ye ya Gatanu ‘5IVE’, yabitewe n’ibyishimo yari afite muri uwo mwanya, aho yabisobanuye nk’ikimenyetso cy’umunezero.Ibi byabaye kuri uyu wa Gatandatu...
Umuhanzi w’icyamamare muri Nigeria, Davido, yageze mu Rwanda mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, aje guca agahigo mu bantu biteze bimwe mu birori binini by’umuziki muri uyu mwaka. Yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cya Kigali ahagana saa 2:00...