• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Abakobwa bo muri Suwede ntibagendera ku mafaranga — Rickman Manrick

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 1, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Rickman Manrick yagarukanye itandukaniro ugereranyije n’abakobwa bo mu gihugu cya Suwede, aho bivugwa ko yakurikiye, abakobwa bo muri Uganda, cyane cyane i Kampala, mu bijyanye no gukundana, amafaranga, n’ibyifuzo mu rukundo.

Mu kiganiro yagiranye na Flavia Namulindwa, Rickmana yavuze ko abakobwa bo muri Suwede badakurikira cyane amafaranga nk’uko benshi mu bakobwa ba i Kampala babigenza. Nk’uko abivuga, abagore bo muri Suwede baha agaciro ubwigenge n’ishhingano zabo ku giti cyabo.

Rickman ati: “Abakobwa bo muri Suwede abazi ko buuri wese akora inshingano ze. Ushobora kujya muri resitora ukishyura – ukibagirwa ko bakugaruza, ejo wagaruka akagusubiza amafaranga, igihe ari we wishyuye. 

Yakomeje avuga ko muri Suwede inshingano z’amafaranga mu rukundo ziba zigabanyijwe ku buryo bungana. Yanahgaraje ko imirimo ikomeye nko kwishyura inzu bafashanya 50-50, ibintu utasanga ku bagore benshi bo muri Uganda.

Abakobwa bo muri Suwede ntibagendera ku mafaranga — Rickman Manrick

Ati: “N’iyo ari amafaranga y’inzu, we yishyura igice, nawe ukishyura igice. Icyo ni ikintu utasanga hano.”

N’ubwo bimeze bityo, Rickman ntiyigeze avuga ko umuco wo gukundana muri Uganda ari mubi. Yanavuze ko abagabo bakunze gufasha abagore mu buryo bw’amafaranga, ariko ananenga icyo yise “kwishyira hejuru cyane.” Ati: “Hano ni umugabo ugomba guha umugore byose. Sinabihakana, ariko kwishyira hejuru birenze urugero ntibikwiye. Umugabo ahora ashaka uko aha umugore we urukundo, n’iyo yaba adafite byinshi.”

Yasubije amaso inyuma avuga ku mubano we Sheilah Gashumba, Rickman aho yavuze ko basangiranga buri kimwe, ariko atigeze amahu amafaranga. Yasobanuye ko Sheilah yari asanzwe afite ubushobozi buhagije, bityo ariko ntibyamubuzaga kuha impano zifite agaciro.

Asoza avuga ati: “Sinamuhaye amafaranga kuko afite menshi. Namuhaye ibindi bintu nko kumugira inama bw’ubuzima, amahoro, n’ubwisanzure,” 

Previous Post

Eddy Kenzo yatangaje ateganya kurega Nobat Events nyuma y’amatora

Next Post

Eddy Kenzo ashyize ahagaragara amakimbirane afitanye na Bebe Cool

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
16 hours ago

Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa...

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

by Alex RUKUNDO
2 days ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Burundi, Sat-B, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye igihe kinini, Belle 9ice (Ingabire...

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

by Alex RUKUNDO
2 days ago

Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly, yashyize ahagaragara amashusho y’iminota itanu n’amasegonda 38’ agaragaza inzu ye nshya aherutse kuzuza i...

Next Post
Eddy Kenzo ashyize ahagaragara amakimbirane afitanye na Bebe Cool

Eddy Kenzo ashyize ahagaragara amakimbirane afitanye na Bebe Cool

MINAGRI irasaba abahinzi n’aborozi kwimakaza ubuhinzi bw’umwuga binyuze mu bumenyi bahawe

MINAGRI irasaba abahinzi n’aborozi kwimakaza ubuhinzi bw’umwuga binyuze mu bumenyi bahawe

Gisagara: Grenade yakuwe mu rugo rw’umuturage, abantu babiri barakomereka bitewe n’igihunga

Gisagara: Grenade yakuwe mu rugo rw’umuturage, abantu babiri barakomereka bitewe n’igihunga

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye
Imyidagaduro

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka
Imikino

Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027
Uncategorized

Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027

by Alex RUKUNDO
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.