• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Tuesday, June 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Abakobwa bo muri Suwede ntibagendera ku mafaranga — Rickman Manrick

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 1, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Rickman Manrick yagarukanye itandukaniro ugereranyije n’abakobwa bo mu gihugu cya Suwede, aho bivugwa ko yakurikiye, abakobwa bo muri Uganda, cyane cyane i Kampala, mu bijyanye no gukundana, amafaranga, n’ibyifuzo mu rukundo.

Mu kiganiro yagiranye na Flavia Namulindwa, Rickmana yavuze ko abakobwa bo muri Suwede badakurikira cyane amafaranga nk’uko benshi mu bakobwa ba i Kampala babigenza. Nk’uko abivuga, abagore bo muri Suwede baha agaciro ubwigenge n’ishhingano zabo ku giti cyabo.

Rickman ati: “Abakobwa bo muri Suwede abazi ko buuri wese akora inshingano ze. Ushobora kujya muri resitora ukishyura – ukibagirwa ko bakugaruza, ejo wagaruka akagusubiza amafaranga, igihe ari we wishyuye. 

Yakomeje avuga ko muri Suwede inshingano z’amafaranga mu rukundo ziba zigabanyijwe ku buryo bungana. Yanahgaraje ko imirimo ikomeye nko kwishyura inzu bafashanya 50-50, ibintu utasanga ku bagore benshi bo muri Uganda.

Abakobwa bo muri Suwede ntibagendera ku mafaranga — Rickman Manrick

Ati: “N’iyo ari amafaranga y’inzu, we yishyura igice, nawe ukishyura igice. Icyo ni ikintu utasanga hano.”

N’ubwo bimeze bityo, Rickman ntiyigeze avuga ko umuco wo gukundana muri Uganda ari mubi. Yanavuze ko abagabo bakunze gufasha abagore mu buryo bw’amafaranga, ariko ananenga icyo yise “kwishyira hejuru cyane.” Ati: “Hano ni umugabo ugomba guha umugore byose. Sinabihakana, ariko kwishyira hejuru birenze urugero ntibikwiye. Umugabo ahora ashaka uko aha umugore we urukundo, n’iyo yaba adafite byinshi.”

Yasubije amaso inyuma avuga ku mubano we Sheilah Gashumba, Rickman aho yavuze ko basangiranga buri kimwe, ariko atigeze amahu amafaranga. Yasobanuye ko Sheilah yari asanzwe afite ubushobozi buhagije, bityo ariko ntibyamubuzaga kuha impano zifite agaciro.

Asoza avuga ati: “Sinamuhaye amafaranga kuko afite menshi. Namuhaye ibindi bintu nko kumugira inama bw’ubuzima, amahoro, n’ubwisanzure,” 

Previous Post

Eddy Kenzo yatangaje ateganya kurega Nobat Events nyuma y’amatora

Next Post

Eddy Kenzo ashyize ahagaragara amakimbirane afitanye na Bebe Cool

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Eddy Kenzo ashyize ahagaragara amakimbirane afitanye na Bebe Cool

Eddy Kenzo ashyize ahagaragara amakimbirane afitanye na Bebe Cool

MINAGRI irasaba abahinzi n’aborozi kwimakaza ubuhinzi bw’umwuga binyuze mu bumenyi bahawe

MINAGRI irasaba abahinzi n’aborozi kwimakaza ubuhinzi bw’umwuga binyuze mu bumenyi bahawe

Gisagara: Grenade yakuwe mu rugo rw’umuturage, abantu babiri barakomereka bitewe n’igihunga

Gisagara: Grenade yakuwe mu rugo rw’umuturage, abantu babiri barakomereka bitewe n’igihunga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.