Urukiko rwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwasanze filime mbarankuru “Chris Brown: A History of Violence” yakozwe na Warner Bros Discovery ku bufatanye na Ample Entertainment, yarubahirije amahame y’umwuga w’itangazamakuru, bityo rutesha agaciro ikirego cyari cyatanzwe n’icyamamare...
Eddy Kenzo yatangaje ko yafashe icyemezo gikomeye cyo gusubira mu ishuri, aho ubu ari gukurikira amasomo muri kaminuza. Uyu muhanzi inshuro nyinshi yagiye avuga ku buzima bwe, aho yagiye avuga ko akiri umwan yagiye ahura n’ibibazo bikomeye ndetse...
Umwe mu baproducer b’umuziki bakomeye muri Ugand, Michael Fingers Mugisa, yashize ahagaragara amwe mu mateka akubiye mu ndirimbo y’icyamamare Bebe Cool, iyo indirimbo ni Love You Everyday, aho avuga ko gukora uyu mushinga ari umwe wa mushimishije cyane kuruta...
Umuhanzikazi Karole Kasita, yatangaje impamvu batize gushyira mu bikorwa amategeko mashya agenga uburenganzira bw’ibihangano (Copyright) muri Uganda, aho yagaragaje agahinda gakomeya ko kutumva abahanzi bamaze igihe kinini basaba ko ayo mategeko yavugururwa. Umuhanzikazi wamamaye mu ndirimbo Balance yavuze ko abahanzi...
Martha Mukisa, umuhanzikazi wo muri Ugunda, yatangaje ko igihe yari atwite bitari yorohewe, ariko abifashijwemo no gusenga Imana byamuhaye kwihangano no gukomezwa nayo, ndetse bimufasha no kubyara vuba kandi atabazwe. Martha Mukisa yabyaye muri Gicurasi 2025 umwana w’umukobwa,...
Mamideb yashimiye umuhanzikazi w’Umunya-Uganda Tracy Melon avuga ko afaite impano ikomeye, yavuze ko uyu muhanzi afite ubuhanga buhambaye mu bihangano bye, yongeye ko yamaze kumwigarurira mundirimbo zigiye zitandukanye kandi ko amushimira bikuye ku mutima. Mamideb amaze igihe agaragaza...
Umuhanzi ubifatanya no gutunganya indirimbo, Mugisha Fred Robinson uzwi nka Element EleéeH, yanditse amateka mashya mu muziki nyarwanda nyuma yo kwegukana igihembo cy’Umuhanga mwiza mu gutunganya imiziki (Producer of the Year 2025) mu bihembo bikomeye bya AFRIMA (All...
Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddy Boo yagaragaje ko umwaka wa 2025, wamushaririye akagera n’aho asa nucika inege, ariko agakomezwa n’abana be babiri b’abakobwa yabyaranye na Meddy Saleh, akabavuga ko aribo bamubaye hafi. Uyu mubyeyi yabigarutseho mu butamwa yacishije...
Umuhanzi w’icyamamare wo muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje ko ibirego biregwamo umunyamakuru MC Kats bimaze iminsi, atari ukuri. Uyu munyamakuru yashinje Ishyirahamwe ry’Abahanzi (UNMF – Uganda National Musicians Federation) ko ryahaye umuhanzikazi Fille Mutoni inkunga y’amafaranga angana na...
Mu gihe umuziki nyarwanda ukomeje kwaguka no kwinjira mu isoko mpuzamahanga, izina rya Bruce Melodie rikomeje kwigaragaza nk’iriri mu ruhembe rw’imbere mu guhesha u Rwanda ishema no kugaragaza ko impano z’Abanyarwanda zifite aho zigana. Nubwo ari umwe mu...