• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Eddy Kenzo yafashe icyemezo cyo gusubira ku ishuri

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 13, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Eddy Kenzo yatangaje ko yafashe icyemezo gikomeye cyo gusubira mu ishuri, aho ubu ari gukurikira amasomo muri kaminuza.

Uyu muhanzi inshuro nyinshi  yagiye avuga ku buzima bwe, aho yagiye avuga ko akiri umwan yagiye ahura n’ibibazo bikomeye ndetse yakunze ku mvikana kenshi avuga yakuriye ku muhanda. Ati: “Urugendo rw’ubuzima bwanjye nyiri muto bwari bwuzuyemo agahunda n’umubabaro.”

 Yakomeje avuga ko amashuri ye yo mu bwana atayize neza nk’uko byakabaye. Yasobanuye ko yagiye asimbuka bimwe mu byiciriro by’amashuri, yongeyeho ko muri ibyo byicirro yasimbutse byatumye atabona impamyabumenyi zeme ko yabiciyemo, ibintu avuga ko ubu yumva akeneye gukosora.

Ikiganiro yagiranye n’umunyamakuru Kawalya Isaac Kaiyz, Kenzo, nk’umwe wegukanye igihembo cya Bet Awards, yavuze ko gusubira mu ishuri kwe ko ntaho bihuriye na politiki, bityo ashyira umucyo ku bihuha byari bimaze iminsi bivugwa.

Yagize ati: “Sinigeze ntekereza kuza hatanira umwanya uwo ari wo  wose muri politiki, abantu ntibakwiye ku binyitegaho, kuri njye sinabikora. Kandi siu ko ntabumenyi mfite cyagwa ntujuje ibisabwa ‘oya’. Nasubiye ku ishuri nk’umutu ukeneye kwiyungura ubumenyi no gusubiramo ibyiciro by’amashuri nari narasimbutse, none ubu ndi kwiga muri kaminuza.”

Kenxo yasobanuye ko iki cyemezo yagifashe ku mpamvu ze bwite, kandi ko gishingiye ku nshingano afite nk’umubyeyi n’umuntu wifaza kuzagira ejo hazaza heza, aho kwiyereka abantu gusa.

Yunzemo ko ashaka kubera abana be urugero rwiza, ndetse akanategura uko azabaho mu gihe azaba atagishoboye gukora umwuga w’ubuhanzi.

Uyu muhanzi yongeyeho ko amasomo ari kwiga amufasha kwitegura imyaka iri imbere, cyane cyane mu bijyanye no gucunga neza imishinga ye y’ubucuruzi n’ishoramari rirambye.

Nubwo atigeze avuga amasomo ari kwiga, Kenzo yavuze ko ubutumwa ahaka gutanga kandi bukomeye n’uko kwiga bitagira iherezo.

Yagize ati: “Buri gisekuru gifite ingeno ryacyo. Sinzajya ku rubyiniro iteka ryose. Hari gihe kigera ukarekera kwamamara no gukundwa cyagwa ugasaza ntube Wabasha kogera kwinyeganyeza.”

Previous Post

Michael Fingers Mugisa yashize ahagaragara amwe mu mateka  akubiye mu ndirimbo ‘Love you everyday’ ya Bebe cool

Next Post

Urukiko rwatesheje agaciro ikirego Chris Brown yarezemo Warner Bros

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Urukiko rwatesheje agaciro ikirego Chris Brown yarezemo Warner Bros

Urukiko rwatesheje agaciro ikirego Chris Brown yarezemo Warner Bros

Imibereho n’imyitwarire bigira uruhare mu kugwa kw’amabere: Ibyo abagore bakwiye kumenya n’ibyo kwitondera

Imibereho n’imyitwarire bigira uruhare mu kugwa kw’amabere: Ibyo abagore bakwiye kumenya n’ibyo kwitondera

Rayon Sports yabuze inkingi ikomeye mu buvuzi: Urwibutso rwa Dr. Mugemana Charles wasigiye amateka akomeye umupira w’u Rwanda

Rayon Sports yabuze inkingi ikomeye mu buvuzi: Urwibutso rwa Dr. Mugemana Charles wasigiye amateka akomeye umupira w’u Rwanda

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.