• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Karole Kasita yibajije impamvu itegeko rigenga ibihangano ridasohoka

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 13, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzikazi Karole Kasita, yatangaje impamvu batize gushyira mu bikorwa amategeko mashya agenga uburenganzira bw’ibihangano (Copyright) muri Uganda, aho yagaragaje agahinda gakomeya ko kutumva abahanzi bamaze igihe kinini basaba ko ayo mategeko yavugururwa.

Umuhanzikazi wamamaye mu ndirimbo Balance yavuze ko abahanzi abariho ubu atari bo bambere basabye impinduka ku itegeko ry’uburenganzira bw’ibihangano, anavuga ko byari byatagiye ku bahirizwa koko, mu gihe ayo mategeko yaba yarashyizwe mu bikorwa.

Kasita yavuze ko icyizere cy’abahanzi cyagiye kigabanuka buhoro buhoro, kubera ko nta gihamya cyagwa intambwe yatewe igaragara ki ishyirwa mu bikorwa ry’iri tegeko.

Kasita ati: “Numva ko tumaze igihe kinini dukurikirana iki kibazo. Si bwo bwa mbere ubuyobozi bwacu busabye ko itegeko ry’uburenganzira bw’ibihangano rivugururwa. Ubu ryari kuba ryashyizwe mu bikorwa.”

Yongeyeho ko abahanzi bari bafite ijambo rikomeye mu gihe gishize, ariko imbaraga zabo zagiye zigabanukauko igihe cyagiye gihita bitewe no kutabumva.

 Yongeho ati: “Mu gihe runaka, numvaga ko nk’abahanzi turi ingenzi kandi twasaba icyo twashaka tukagihabwa. Ubu, rero ndabona icyo gihe cyararagiye. N’iyo twagira icyo dusaba ubu, dushobora kutakibona uko tubyifuza. Numva ko twakoreshejwe, tutakitaweho.”

Uyu muhanzikazi yanavuze ko icyizere asigaranye ubu kiri mu buyobozi bwa Uganda National Musicians Federation (UNMF), aho abona ko abayobozi babo bahagaratse ibikorwa byabo bwote mu nyungu rusange.

Yasoje agira ati: “Kuri jyewe, icyizere cyo kubona uburenganzira bw’ibihangano gisigaye ku bafite ububasha kuturusha. Kuko tubabona birwanirira, mbona Eddy Kenzo ariwe ugushiramo imbaraga abirwanirira ndetse n’inganda z’umuziki muri rusange.”

Previous Post

Isengesho n’ukwizera Imana byafashije kubyara ntabazwe – Martha Mukisa

Next Post

Michael Fingers Mugisa yashize ahagaragara amwe mu mateka  akubiye mu ndirimbo ‘Love you everyday’ ya Bebe cool

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Michael Fingers Mugisa yashize ahagaragara amwe mu mateka  akubiye mu ndirimbo ‘Love you everyday’ ya Bebe cool

Michael Fingers Mugisa yashize ahagaragara amwe mu mateka  akubiye mu ndirimbo ‘Love you everyday’ ya Bebe cool

Eddy Kenzo yafashe icyemezo cyo gusubira ku ishuri

Eddy Kenzo yafashe icyemezo cyo gusubira ku ishuri

Urukiko rwatesheje agaciro ikirego Chris Brown yarezemo Warner Bros

Urukiko rwatesheje agaciro ikirego Chris Brown yarezemo Warner Bros

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.