• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Mamideb yasabiye umugisha Tracy Melon kubera impano n’ubuhanzi bwe mu muziki

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 12, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Mamideb yashimiye umuhanzikazi w’Umunya-Uganda Tracy Melon avuga ko afaite impano ikomeye, yavuze ko uyu muhanzi afite ubuhanga buhambaye mu bihangano bye, yongeye ko yamaze kumwigarurira mundirimbo zigiye zitandukanye kandi ko amushimira bikuye ku mutima.

Mamideb amaze igihe agaragaza urukundo afitiye uyu muhanzi, aho akoresha imbuga nkoranyambaga ze mu kwamamza no gushyigikira abahanzi barimo Lydia Jazmine, Fyno, byumwihari akaba yaribanze cyane kuri Tracy Melon.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, uyu mubyeyi w’abana babiri yishimiye cyane ubuhanga bwa Tracy Melon, aho avuga ko uyu muhanzi afite ijwi ryiza cyane ndetse n’ubuhanga buhanitse, yunzemo ko ari byo byatumye aba ikirangirire mu ruganda rw’umuziki muri Uganda.

Yakome avuga ko Tracy Melon yamaze kwigarurira imitima y’abakunzi b’umuziki kandi ko ashimirwa byose akorera abakunzi be, arinabyo ashingiraho gukomeza impano ye no kuyikoresha neza, ati: “Ntabwo tumushyigikira dushingiye ku isura ye, ahubwo ibintu avuga n’ibyo akora, abahanzi benshi b’abagore ntabyo bashoboye gukora cyagwa kuvuga.”

Mamideb yifurije Tracy Melon umwaka mushya kandi ko yazanakora neza umuziki kurushaho, ku buryo izina rye ryakomeza k menyekana cyane ku buryo n’abantu abataramenya izina rye barimenya.

Yagize ati: “Icyo nkunda cyane kuri uyu muhanzi ni uko benshi dushimishwa n’indirimboze, twamukunze tutaramenya uwo ari we tumva gusa indirimboze ku maradiyo nahandi, twumva ubuhanga bwe. Yewe afite ubuhanga mu kuririmba. Kandi ibyo byonyine bivuze byinshi.

Indirimbo ze zagiye ku rutonde rw’izo dukunda bitewe n’ubushobozi bwe n’ubuhanga, impano yifitemo, kandi ni yo mpamvu itsinzi ye iri ahantu hose. ibyo rero bituruhura ikindi nawe bimuha imbaraga. Cyimwe natwe twese kubona abahanzi b’abagore muri Uganda bashimirwa cyane kubera impano zabo bifitemo, ubuhanga bwabo n’imbaranga bashyiramo.

Yashoje amwifuriza kugira itsinzi nyinshi kurusha umwaka ushize wa 2025, ndetse amusabira ku Imana imbarang n’igikundiro n’ubwiza.

Previous Post

Raphinha ayoboye Barcelona mu gutsinda Real Madrid, Hansi Flick yongera kwandika amateka muri Super Cup

Next Post

Isengesho n’ukwizera Imana byafashije kubyara ntabazwe – Martha Mukisa

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

by MUNYANKINDI Alphonse
4 minutes ago

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Patient Bizimana, ari mu myiteguro yo kumurikira album ye nshya i Kigali, nyuma...

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa...

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Burundi, Sat-B, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye igihe kinini, Belle 9ice (Ingabire...

Next Post
Isengesho n’ukwizera Imana byafashije kubyara ntabazwe – Martha Mukisa

Isengesho n'ukwizera Imana byafashije kubyara ntabazwe - Martha Mukisa

Karole Kasita yibajije impamvu itegeko rigenga ibihangano ridasohoka

Karole Kasita yibajije impamvu itegeko rigenga ibihangano ridasohoka

Michael Fingers Mugisa yashize ahagaragara amwe mu mateka  akubiye mu ndirimbo ‘Love you everyday’ ya Bebe cool

Michael Fingers Mugisa yashize ahagaragara amwe mu mateka  akubiye mu ndirimbo ‘Love you everyday’ ya Bebe cool

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali
Imyidagaduro

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?
Mu mahanga

Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye
Imyidagaduro

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.