Uruzinduko rw’Umunyamerika Darren Watkins Jr., wamamaye cyane nka IShowSpeed, mu Rwanda rwabaye ikintu gikomeye cyagize ingaruka nziza zirenze uruzinduko rusanzwe, n’uruzinduko rwagaragaza imbaraga z’igihugu mu gukoresha imbuga nkoranyambaga nk’umuyoboro wo kwiyereka Isi. IShowSpeed, umwe mu bantu bakurikirwa cyane...
Uyu munsi izina Sat-B riri mu akunzwe cyane mu muziki wo mu karere k’Ibiyaga Bigari, ariko inyuma y’icyo cyubahiro hari inkuru y’urugendo rurerure rwaranzwe n’ubukene, gusuzugurwa n’igeragezwa rikomeye. Sat-B, amazina ye nyakuri akaba Bizimana Abubakar Kalume, ni urugero...
Bruce Melodie yatangaje ko agitangira umuziki yabuze aho ahera hanyuma yigira inama yo kwihagarika ku nyubako ya UTC mu rwe rwo kugira ngo bavugwa mu bitangazamakuru ariko umunyamakuru Kalisa John bari bitezeho ko ari bubagurukeho mu nkuru ntiyabikora....
Feffe Bussi yagaragaje ko yishimiye cyane amakimbirane akomeje kuba hagati y’ibyamamare bikomeye mu muziki, Bebe Cool na Eddy Kenzo, aho umwuka mubi ukomeje gukomera hagati y’amatsinda ababombi ariyo Gagamel na Big Talent. Mu minsi ishize, aya matsinda yombi...
Ihuriro ry’Abahanzi muri Uganda (Uganda National Musicians Federation – UNMF) ryakiriye andi mafaranga angana na miliyari 5 z’amashilingi ya Uganda (Shs5bn) aturutse muri Leta, agamije kongera imbaraga mu kigega cya SACCO, hagamijwe guteza imbere inkunga ihabwa abahanzi hirya...
Umusozi wa Kiruri, uzwi cyane mu mateka y’ubuhanzi nyarwanda, ugiye kwinjira mu kindi cyiciro cy’iterambere nyuma y’uko Umusizi Junior Rumaga awugabiwe kugira ngo awubyaze umusaruro ujyanye n’ubukerarugendo n’imishinga ihuza ubuhanzi n’ubukungu. Aya masezerano yasinywe ku wa 8 Mutarama...
Ubuzima bw’umuhanzikazi Fille Mutoni buravugwaho kuba mu kaga nyuma yo kujyanwa mu bitaro aho arimo kwitabwaho n’abaganga kubera ibibazo bikomeye byatewe no gukoresha ibiyobyabwenge. Ibi byamenyekanye nyuma y’uko umukunzi we, MC Kats, asangije amafoto ku mbuga nkoranyambaga agaragaza...
Muahanzikazi w’Umunya-Jamaica ukora ijyana za Dancehall, Grece Hamilton, wamamaye ku izina rya Spice, ategerejwe gukorera igitaramo muri Uganda mu mpera z’uyu mwaka, nyuma y’uko igitaramo yari agiye gukorerayo mu Ukuboza cyari cyasubitswe. Igitaramo cyarasubitswe Iki gitaramo cyari cyiswe...
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana (Gospel) Nsengiyumva Richard, wamamaye cyane nka Richard Keen, giye kwinjiye mu kindi cyiciro cy’ubuzima, aho yambitese umukunzi we Ininahazwe Ange Floxelle impeta y’urukundo, bigaragara ko biteguye kurushinga mu minsi ya...
Nyuma y’imyaka igera ku 10 atari mu Rwanda, Miss Kundwa Doriane yagarutse mu Rwanda mu minsi ishize aho yaganiriye n’abandi bari n’abategarugori mu birori byateguwe na Women Foundation Ministries aho yagarutse ku rugendo rwe rwa mbere yo kuba...