Igitaramo gikomeye cyiswe “Kigali Dutarame” cyabereye muri BK Arena ku wa 22 Ugushyingo 2025, cyahuje Abanyakigali b’ingeri zitandukanye barimo urubyiruko, imiryango n’abayobozi mu nzego za Leta, bose baje kwizihiza no gusigasira umuco Nyarwanda binyuze mu muziki n’imbyino. Iki...
Raporo zitandukanye zigaragaza ko umunyamakuru ukora ibiganiro kuri radiyo Brian Mulondo ateganya gutandukana n’igitangazamakuru cya KFM kuri uyu munsi, mu gihe umwaka ugeze ku musozo. Aya makuru yatangajwe n’umunyamakuru w’imyidagaduro Kasuku, wamamaye cyane mu kiganiro cya D’Mighty Breakfast...
Umuhanzi wamamaye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yatangaje ko atajya ahangayikishwa n’ibyo kwambara igihe agiye gukora igitaramo (concert) ndetse n'indi minsi, ku buryo hari n’igihe atamenya icyo azambara. Avuga ko akunda guseka cyane, akaba...
Umuhanzi wahindutse umunyapolitiki, Bobi Wine, yasabye urubyiruko rwo mu mujyi wa Soroti cyane cyane abo bita “Foot Soldiers” bashyigikira ibikorwa bya politiki, kwirinda kunywa inzoga n’itabi, bagaharanira kubaka ejo hazaza heza. Mu butumwa yatanze ageza ku bafatanyabikorwa b’ishyaka...
Mu gusoza umwaka umuhanzikazi Winnie Nwagi yashyize hanze indirimbo nshya yise “Wandika Awo”, indirimbo benshi mu bakunzi b’umuziki bavuzeho ko ari indirimbo y'umwaka. Ati: "Iratwika" ( hit )." Uyumuhanzi wamamaye mu ndirimbo zitandukanye zirimo Matala, kwata Essimu, yakoranye na...
Cindy Sanyu yabwiye amagambo yuje urukundo Chosen Becky nyuma y’uko ashyingiwe na Ssekajja, amushishikariza kwinjira mu rugendo rw’urukundo adatinya ingaruka zishobora kuvuka. Mu gihe yakiranga Chosena Beckya Carol Nantongo mu muryango, Cindy yavuze ko yumva afite ibyishimo kubera...
Umuririmbyi Jackie Chandiru yatanze ibitekerezo bye ku mpamvu ya bamwe mu bahanzi bahisemo gushyigikira uruhanderwa politiki, icyemezo usanga kenshi kigira ingaruka ku mubano b'abafite n’ababakunzi babo mu byu muziki. Mu kiganiro uy muhanzikazi yagiranye n'ibitangazamakuru, Jackie yashimangiye akamaro...
Muri uyu mwaka wa 2025 wabayemo ibikorwa byinshi by’umuziki, umuhanzi Spice Diana yatangaje ko adateganya gukora igitaramo muri uyu mwaka wa 2026, ubura iminsi mike ngo utagire, kandi yshimagiye ko adateganya no gusohora indirimbo nshya. Uyu muhanzikazi yavuze...
Nyuma y’iminsi Ykee Benda koze impanuka akajyanwa mubitaro kwitabwaho n'abaganga, uyu umuhanzi watangaje ko ameze neza yongeye kugaruka mu mirimo ye yaburi munsi, aho yongeye kugaragara mu ruhame arimo kwamamza ishyaka rya NRM mu bice bitandukanye by’igihugu. Ibi...
Umuhanzi w’icyamamare mu Rwanda, Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melodie, yasuye agace ka Nyabugogo mu Mujyi wa Kigali, mu gikorwa cyihariye cyari kigamije gusobanukirwa imibereho y’abahakorera no kuyigira isoko y’ihumure n’ubuhanzi bwo guhanga indirimbo nshya. Uru ruzinduko rwabaye...