• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Isengesho n’ukwizera Imana byafashije kubyara ntabazwe – Martha Mukisa

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 12, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Martha Mukisa, umuhanzikazi wo muri Ugunda, yatangaje ko igihe yari atwite bitari yorohewe, ariko abifashijwemo no gusenga Imana byamuhaye kwihangano no gukomezwa nayo, ndetse bimufasha no kubyara vuba kandi atabazwe.

Martha Mukisa yabyaye muri Gicurasi 2025 umwana w’umukobwa, akaba ari nawe mfura ye. Urugendo rwe rwo kuba umubyeyi rwuzuye ishimwe rikoye cyane ndetse n’ibyishimo byinshi.

Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru Xtra Lounge,  uyu muhanzi yavuze ko ubwo yamenyaga ko atwite, yari amze gutegura imishinga myinshi inyanye n’ubuhanzi akora, bityo ngo kubimenyesha itsinda rimufasha (Management) byamubereye imbogamizi ikomeye cyane.

Yongeyeho ko gusama kwe byamuteye kwibaza ibibazo byinshi, birimo kwibaza ko agiye kuba umubyeyi n’uburyo azitwara amaze kubyara, ndetse no kwibaza uburyo azanyura mu bihe bye byo gutwita iyo nda.

Gusa, yavuze ko yiringiye Imana akayisenga ayisaba ko inda ye yazakura neza kandi akayibyara atabazwe, kandi koko Imana yaramwumvise iramusubiza abayara atabazwe. Yasabye bagenzi be b’abagore bari iruhande rwe kugira kwizera ndetse bagasenga Imana ikabafasha ku byara neza. 

Ati: “Nari mfite imigambi myinshi n’itsinda ryanjye, hanyuma nza kumenya y’uko ntwite. byari ibibazo ku bibabwira. Hari n’ibibazo byinshi nibazaga: Nigute zanyura muri ibi bihe byo gutwita? Ni byara  bizagenda bite? Ese ubundi nditeguye? Ubu se nzaba umubyeyi mwiza?.

Ariko Imana yampaye ubutwari, ububabare ndabwihanganira, ibintu byose bikomeza kugenda neza. nagize kubyara ntabazwe, nta bubabare, Imana ni yo yogushimwa. nabwira abantu ko ntazi uko kubyara bibabaza. Nasabye Imana, ndasenga nyisaba ko yankuraho ububabare, kandi Imana y’inyembabazi koko irabikora byara neza.”

Previous Post

Mamideb yasabiye umugisha Tracy Melon kubera impano n’ubuhanzi bwe mu muziki

Next Post

Karole Kasita yibajije impamvu itegeko rigenga ibihangano ridasohoka

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
23 hours ago

Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa...

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Burundi, Sat-B, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye igihe kinini, Belle 9ice (Ingabire...

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly, yashyize ahagaragara amashusho y’iminota itanu n’amasegonda 38’ agaragaza inzu ye nshya aherutse kuzuza i...

Next Post
Karole Kasita yibajije impamvu itegeko rigenga ibihangano ridasohoka

Karole Kasita yibajije impamvu itegeko rigenga ibihangano ridasohoka

Michael Fingers Mugisa yashize ahagaragara amwe mu mateka  akubiye mu ndirimbo ‘Love you everyday’ ya Bebe cool

Michael Fingers Mugisa yashize ahagaragara amwe mu mateka  akubiye mu ndirimbo ‘Love you everyday’ ya Bebe cool

Eddy Kenzo yafashe icyemezo cyo gusubira ku ishuri

Eddy Kenzo yafashe icyemezo cyo gusubira ku ishuri

Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?
Mu mahanga

Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye
Imyidagaduro

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka
Imikino

Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.