• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Isengesho n’ukwizera Imana byafashije kubyara ntabazwe – Martha Mukisa

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 12, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Martha Mukisa, umuhanzikazi wo muri Ugunda, yatangaje ko igihe yari atwite bitari yorohewe, ariko abifashijwemo no gusenga Imana byamuhaye kwihangano no gukomezwa nayo, ndetse bimufasha no kubyara vuba kandi atabazwe.

Martha Mukisa yabyaye muri Gicurasi 2025 umwana w’umukobwa, akaba ari nawe mfura ye. Urugendo rwe rwo kuba umubyeyi rwuzuye ishimwe rikoye cyane ndetse n’ibyishimo byinshi.

Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru Xtra Lounge,  uyu muhanzi yavuze ko ubwo yamenyaga ko atwite, yari amze gutegura imishinga myinshi inyanye n’ubuhanzi akora, bityo ngo kubimenyesha itsinda rimufasha (Management) byamubereye imbogamizi ikomeye cyane.

Yongeyeho ko gusama kwe byamuteye kwibaza ibibazo byinshi, birimo kwibaza ko agiye kuba umubyeyi n’uburyo azitwara amaze kubyara, ndetse no kwibaza uburyo azanyura mu bihe bye byo gutwita iyo nda.

Gusa, yavuze ko yiringiye Imana akayisenga ayisaba ko inda ye yazakura neza kandi akayibyara atabazwe, kandi koko Imana yaramwumvise iramusubiza abayara atabazwe. Yasabye bagenzi be b’abagore bari iruhande rwe kugira kwizera ndetse bagasenga Imana ikabafasha ku byara neza. 

Ati: “Nari mfite imigambi myinshi n’itsinda ryanjye, hanyuma nza kumenya y’uko ntwite. byari ibibazo ku bibabwira. Hari n’ibibazo byinshi nibazaga: Nigute zanyura muri ibi bihe byo gutwita? Ni byara  bizagenda bite? Ese ubundi nditeguye? Ubu se nzaba umubyeyi mwiza?.

Ariko Imana yampaye ubutwari, ububabare ndabwihanganira, ibintu byose bikomeza kugenda neza. nagize kubyara ntabazwe, nta bubabare, Imana ni yo yogushimwa. nabwira abantu ko ntazi uko kubyara bibabaza. Nasabye Imana, ndasenga nyisaba ko yankuraho ububabare, kandi Imana y’inyembabazi koko irabikora byara neza.”

Previous Post

Mamideb yasabiye umugisha Tracy Melon kubera impano n’ubuhanzi bwe mu muziki

Next Post

Karole Kasita yibajije impamvu itegeko rigenga ibihangano ridasohoka

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Karole Kasita yibajije impamvu itegeko rigenga ibihangano ridasohoka

Karole Kasita yibajije impamvu itegeko rigenga ibihangano ridasohoka

Michael Fingers Mugisa yashize ahagaragara amwe mu mateka  akubiye mu ndirimbo ‘Love you everyday’ ya Bebe cool

Michael Fingers Mugisa yashize ahagaragara amwe mu mateka  akubiye mu ndirimbo ‘Love you everyday’ ya Bebe cool

Eddy Kenzo yafashe icyemezo cyo gusubira ku ishuri

Eddy Kenzo yafashe icyemezo cyo gusubira ku ishuri

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.