Umuhanzi ukomoka muri Nigeria wamamaye cyane, mundirimbo zigiye zitandukanye, Kizz Daniel, yagaragaje ko abayeho nk’umuntu ikennye nyuma yo gusobanukirwa ko gushaka amafaranga bitagira iherezo kandi ko buri gihe usanga bantu bayashaka kuva bavutse kugeza basaje batarayabona. Uyu muhanzi...
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 16 Mutarama 2026, habaye ubukwe bw’umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Noyo Bosco, Hamwe n’umukunzi we Mukamisha Irene. ni ubukwe bwitabiriwe n’ibyamamare bindukanye birimo, Nyambo Jesc, Bwiza, Nana n’abandi bose bari...
Mu gihe benshi bamumenyereye nk’umukinnyi wa filime ukunzwe cyane mu Rwanda, Niyitegeka Gratien, uzwi nka Papa Sava, amaze imyaka irenga 30 mu rugendo rutoroshye rw’ubuhanzi, rwuzuyemo kwihangana, guharanira inzozi no kwizera ko ejo hazaza hashobora kuba heza kurushaho....
Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bazwi ku rwego mpuzamahanga, Todd Galberth na Naomi Raine, batangaje ko u Rwanda ruri mu bihugu bazasura mu rugendo rwabo rw’isi bise “Everywhere World Tour”, rugamije kugeza umuziki wo kuramya Imana...
Abakunzi b’imyidagaduro n’urwenya baritegura ijoro ridasanzwe kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Mutarama 2026, ubwo hateganyijwe igitaramo cya Gen Z Comedy Show, ari na cyo cya mbere kizaba kibaye muri uyu mwaka. Iki gitaramo giteganyijwe kubera mu ihema...
Hari filime nshya iri gutegurwa igamije gusubiza mu ndorerwamo y’amateka imwe mu nkuru zibabaje ariko zinagaragaza ubutwari bukomeye bwabereye i Bisesero mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iyi filime yiswe The Battle of Bisesero izibanda ku...
Mu kiganiro cyatambutse kuri Kasuku live, mugitondo cyo ku ya 14 Mutarama 2026, hatangajwe amakuru avuga ko Lueiligiht, afugiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kira, nyuma y’uko atawe muri yombi. Luwilight, amazina ye yiswe n’ababyeyi Aish Nasubuga, ni...
Umunyamakuru wo muri Uganda Sheena Holm, akora kuri reality TV, yavuye mu gihugu yerekeza muri Kenya nyuma y’uko Leta ya Unganda ikuyeho internet, mbere ya’amatora ateganyijwe ku ya 15 Mutarama 2026. Abinyujije ku rubuga rwa Snapchat, Sheena Holm,...
Umuhanzikazi ukizamuka Belinda Niwabo, urimo kwamamara ku mazina Kin Bella, yateye utwatsi ibihuha bivugwa ko yaba atwite, ashimangira ko akiri umwangavu kanidi ukiri muto kuburyo atakwishora mu mibonano mpuzabitsina. Nyuma yo kwigaragaza cyane mu ndirimbo zigiye zitandukanye muri...
Urubanza ruregwamo DJ Toxxyk rukomeje gukurura amatsiko ya benshi, by’umwihariko abasesengura imikorere y’ubutabera n’uko amategeko akoreshwa mu manza zikomeye zijyanye n’impanuka zahitanye ubuzima bw’abantu. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14 Mutarama 2026, Urukiko rwaburanishije uyu musore ku...