Umuhanzi mpuzamahanga w’Umunya-Nigeria, Burna Boy, yabanje guhura n’imbogamizi zitari zitezwe ubwo yari ageze muri Marroc aho yari yatumiwe gutaramira abakunzi b’umupira w’amaguru mu gitaramo gikomeye cyateguwe mu rwego rwo gusoza ibirori bya AFCON. Uyu muhanzi yari utegerejweho gususurutsa...
Umuhanzi ukomeye muri Uganda, Alien Skin, yasabye bagenzi be bo mu ruganda rw’umuziki gusubira gushyira imbaraga mu muziki, nyuma y’uko amatora rusange n’ibihe byo kwiyamamaza byasojwe. Uyu muhanzi yavuze ko igihe cya politiki kirangiye, bityo ko ubu ari...
Eva Apio yagiye muri Maroc, aho arikumwe n’inshutiy ze, ndetse bikaba bivugwa ko ku wa Gatandatu ariho yakurikiriye umukino w’umupira w’amagura wari wahuje Nigeria na Misiri bahatanira umwanya wa gatatu mu Gikombe cya Afurika (AFCON) 2025. Kubera ko...
Umuhanzi A Pass yatangaje ko yakomeretse nyuma yo gukubitwa, avuga ko byabaye mu gihe cy’amatora ya Perezida n’Abadepite yabaye ku itariki ya 15 Mutarama 2026. Uganda yari mu matora mu gihe umutekano wari wakanjijwe cyane, ndetse na internet...
Itsinda riramya rikanahimbaza Imana rya Comfort People Ministries ryatangije umwaka wa 2026 rishyira hanze indirimbo nshya bise ‘Celebration’, indirimbo irenze kuba umuziki gusa, ahubwo ikaba ari inkuru y’urugendo rurerure rw’ihangana, kwizera no kongera kubyuka nyuma y’ibigeragezo. Iyi ndirimbo...
Umuhanzikazi Phina Masanyalaze yatangaje ko yahembwe shilingi 10,000 (Ugx 10,000) gusa kubera uruhare rwe mu mashusho y’indirimbo Bada ya Bobi Wine, ariko iyo ndirimbo avuga ko yamugiriye akamaro kanini nko ku menyekana izina rye rikamamara nk’umubyinnyi ndetse n’umuhanzi....
Indirimbo ya A Pass yasohotse mu 2016, ari yo Gamululu yakorewe remix afatanyije n’umuhanzi ukunzwe ku rwego mpuzamahanga Konshens, yabaye intandaro yo kumumenyekanisha ku rwego mpuzamahanga, kandi kuva icyo gihe umuziki we ntiwongeye gusubira inyuma. Uyu muhanzi w’Umunya-Uganda...
Umuraperi w’Umunyamerika A$AP Rocky yatangaje ko umubano we na Rihanna wubakiye ku rugendo rurerure rw’ubucuti, kwiyumvanamo no gutegereza igihe gikwiye, aho nyuma byaje kuvamo urukundo rukomeye n’umuryango ufite abana batatu. Mu kiganiro aherutse kugirana na Popcast ya The...
Muri Uganda nyuma y’uko Heena asohote mu gihugu, umuhanzikazi Karole Kasita yiyongereye ku bandi bahanzi bo muri Uganda bahisemo gusohoka mu gihugu mu gihe cy’amatora akomeje. Nyuma y’uko Sheebah, Joshua Baraka, Ndetse n’abandi bakoresha imbuga nkoranyambga barimo Christine Nampeera...
Impaka ku busabe bwa kivy’ubuto hagati y’umuraperi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats , David Adeleke wamenyekanya nka Davido, zasubiye rudubi kuri uyu wa Kane ubwo umwana w’umukobwa ufite imyaka 12 y’amavuko, Mitchelle Anuoliwapo, yasabaga ko hakorwa ikizami cya DNA kugira...