• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Monday, June 15, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

A Pass yakomeretse nyuma yo fukubitwa n’abantu batatu atazi

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 18, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzi A Pass yatangaje ko yakomeretse nyuma yo gukubitwa, avuga ko byabaye mu gihe cy’amatora ya Perezida n’Abadepite yabaye ku itariki ya 15 Mutarama 2026.

Uganda yari mu matora mu gihe umutekano wari wakanjijwe cyane, ndetse na internet ikaba yari yarakuweho muri iki gihugu hose. Mu mashusho uyu muhanzi yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram,  A Pass yavuze ko yagabweho igitero ubwo yari hafi y’aho bakoreranga amatora ( site).

 Uyu muhanzi avuga ko ibi byabaye, byabereye ahantu hatarenze metelo 50, uvuye ku biro by’amatora, aho avugako yatezwe n’abantu batatu.

Yagize ati: “Baranteze bankubitira hafi neza y’ibiro by’itora. Nakubiswe n’abantu ntazi n’icyo dupfa,? Sinigeze mbamenya  — gusa icyo nabashije kumenya n’uko bari abantu batatu, babiri bambaye impuzankano ya gisirikare undi yambaye bisanzwe.”

A Pass, ushyigikira ishyaka rya National Unity Platform (NUP), kandi amaze igihe akora ibikorwa byamagana akarengane n’ikoreshwa nabi ry’ubutegetsi, yavuze ko icyo gitero cyamugabweho nta mpamvu n’imwe azi yabiteye .

Nyuma y’ayo matora, Komisiyo y’Amatora ya Uganda yatangaje Perezida Yoweri Kaguta Museveni ko ari we watsinze amatora y’umukuru w’igihugu, atsindiye ku majwi asaga 70% y’amajwi yose yemewe muri rusange.

Previous Post

‘Celebration’: Indirimbo yihariye igaragaza urugendo rw’ihumure, ihuza Comfort People Ministries, Bull Dogg na Chris Hat

Next Post

Biravugwa ko Eva Apio na Calvin Bassey bari mu munyenga w’urukundo

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Biravugwa ko Eva Apio na Calvin Bassey bari mu munyenga w’urukundo

Biravugwa ko Eva Apio na Calvin Bassey bari mu munyenga w’urukundo

Kiliziya n’Akarere ka Musanze bahakanye amakuru y’amabonekerwa ya Bikira Mariya

Kiliziya n’Akarere ka Musanze bahakanye amakuru y’amabonekerwa ya Bikira Mariya

CAN 2025: Guhusha ‘Panenka’ kwa Brahim Diaz kwahinduye amateka y’umukino wa Maroc na Senegal

CAN 2025: Guhusha ‘Panenka’ kwa Brahim Diaz kwahinduye amateka y’umukino wa Maroc na Senegal

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.