• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Phina Masanyalaze yatangaje yambwe 10,000 by’amagande mu ndirimbo “calypso” ya Bebi Wine

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 17, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzikazi Phina Masanyalaze yatangaje ko yahembwe shilingi 10,000  (Ugx 10,000) gusa kubera uruhare rwe mu mashusho y’indirimbo Bada ya Bobi Wine, ariko iyo ndirimbo avuga ko yamugiriye akamaro kanini nko ku menyekana izina rye rikamamara nk’umubyinnyi ndetse n’umuhanzi.

Ahagana mu mwaka wa 2007, indirimbo yitwa “calypso” yari yarigaruriye cyane imitima yabenshi n’uruganda rw’imyidagaduro muri Uganda, mu gihe indirimbo yitwa Bada ya Bobi Wine yari mu ndirimbo zicurangwa ku maradiyo yose n’ahandi hagiye hatandukanye.

Mu mashusho y’iyo ndirimbo, Bobi Wine yagaragayemo afatanyije n’uyu muhanzikazi Phina ufite amazina yiswe n’ababyeyi “Masanyalaze” Mugerwa, aho imibbyinire itari isanzwe yashimishije cyane abakunzi b’umuziki muri icyo gihe.

Uyu muhanzikazi yashimangiye ko iyo ndirimbo yagize uruhare runini mu guteza imbere izina rye nk’umubyinnyi n’umuhanzi, cyane ko yamuhesheje kwamamara kurushaho no kugeza kubafana be.

Phina Masanyalaze yanaboneyeho ko icyo gihe yambwe amashiringi 10,000 gusa ku mashusho y’iyo ndirimbo yamaze afi iminota itanu.

Ati: “ Nahembwe amashiringi10,000 gusa icyo gihe, ariko iyo ndirimbo yaramfashije cyane. Yarazamuye mu mwuga wanjye,” ibi byose Phina Masanyalaze yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Lil Pazo.

Previous Post

Gusubiranya Icyogogo cya Congo-Nil: Umushinga uri guteza imbere ubuzima, ibidukikije n’imibereho y’abaturage

Next Post

Rayon Sports mu bihe bikomeye: Bruno Ferry arashimangira ko gukemura ibibazo imbere mu ikipe byihutirwa

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
24 hours ago

Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa...

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Burundi, Sat-B, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye igihe kinini, Belle 9ice (Ingabire...

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly, yashyize ahagaragara amashusho y’iminota itanu n’amasegonda 38’ agaragaza inzu ye nshya aherutse kuzuza i...

Next Post
Rayon Sports mu bihe bikomeye: Bruno Ferry arashimangira ko gukemura ibibazo imbere mu ikipe byihutirwa

Rayon Sports mu bihe bikomeye: Bruno Ferry arashimangira ko gukemura ibibazo imbere mu ikipe byihutirwa

Rutsiro mu icuraburindi ry’amezi atandatu: Abaturage barasaba REG igisubizo kirambye ku muriro

Rutsiro mu icuraburindi ry’amezi atandatu: Abaturage barasaba REG igisubizo kirambye ku muriro

Ibidasanzwe ku bwoko bwa Amazigh bari hafi kwizihiza umwaka w’ 3000

Ibidasanzwe ku bwoko bwa Amazigh bari hafi kwizihiza umwaka w’ 3000

Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?
Mu mahanga

Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye
Imyidagaduro

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka
Imikino

Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.