• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Phina Masanyalaze yatangaje yambwe 10,000 by’amagande mu ndirimbo “calypso” ya Bebi Wine

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 17, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzikazi Phina Masanyalaze yatangaje ko yahembwe shilingi 10,000  (Ugx 10,000) gusa kubera uruhare rwe mu mashusho y’indirimbo Bada ya Bobi Wine, ariko iyo ndirimbo avuga ko yamugiriye akamaro kanini nko ku menyekana izina rye rikamamara nk’umubyinnyi ndetse n’umuhanzi.

Ahagana mu mwaka wa 2007, indirimbo yitwa “calypso” yari yarigaruriye cyane imitima yabenshi n’uruganda rw’imyidagaduro muri Uganda, mu gihe indirimbo yitwa Bada ya Bobi Wine yari mu ndirimbo zicurangwa ku maradiyo yose n’ahandi hagiye hatandukanye.

Mu mashusho y’iyo ndirimbo, Bobi Wine yagaragayemo afatanyije n’uyu muhanzikazi Phina ufite amazina yiswe n’ababyeyi “Masanyalaze” Mugerwa, aho imibbyinire itari isanzwe yashimishije cyane abakunzi b’umuziki muri icyo gihe.

Uyu muhanzikazi yashimangiye ko iyo ndirimbo yagize uruhare runini mu guteza imbere izina rye nk’umubyinnyi n’umuhanzi, cyane ko yamuhesheje kwamamara kurushaho no kugeza kubafana be.

Phina Masanyalaze yanaboneyeho ko icyo gihe yambwe amashiringi 10,000 gusa ku mashusho y’iyo ndirimbo yamaze afi iminota itanu.

Ati: “ Nahembwe amashiringi10,000 gusa icyo gihe, ariko iyo ndirimbo yaramfashije cyane. Yarazamuye mu mwuga wanjye,” ibi byose Phina Masanyalaze yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Lil Pazo.

Previous Post

Gusubiranya Icyogogo cya Congo-Nil: Umushinga uri guteza imbere ubuzima, ibidukikije n’imibereho y’abaturage

Next Post

Rayon Sports mu bihe bikomeye: Bruno Ferry arashimangira ko gukemura ibibazo imbere mu ikipe byihutirwa

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Rayon Sports mu bihe bikomeye: Bruno Ferry arashimangira ko gukemura ibibazo imbere mu ikipe byihutirwa

Rayon Sports mu bihe bikomeye: Bruno Ferry arashimangira ko gukemura ibibazo imbere mu ikipe byihutirwa

Rutsiro mu icuraburindi ry’amezi atandatu: Abaturage barasaba REG igisubizo kirambye ku muriro

Rutsiro mu icuraburindi ry’amezi atandatu: Abaturage barasaba REG igisubizo kirambye ku muriro

Ibidasanzwe ku bwoko bwa Amazigh bari hafi kwizihiza umwaka w’ 3000

Ibidasanzwe ku bwoko bwa Amazigh bari hafi kwizihiza umwaka w’ 3000

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.