• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Tuesday, June 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Impaka ku busabe bwa kivy’ubuto hagati y’umuraperi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats  , David Adeleke wamenyekanya nka Davido, zasubiye rudubi kuri uyu wa Kane ubwo umwana w’umukobwa  ufite imyaka 12 y’amavuko, Mitchelle Anuoliwapo, yasabaga ko hakorwa ikizami cya DNA kugira ngo hamenyekane ni uyu muhanzi yaba ari se.

Mitchelle akoresheje urubaga rwe rwa Instagram  yashyizeho ubutumwa bugaragaza ububabare n’ingaruka ni ubutumwa bwari bwuzuyemo ibibazo.

Yavuze ko kuva agifite imyaka itandatu yahoraga asererezwa ku ishuri, aho bagenzi be bamusebyaga kubera ko yavugaga ko Dabido ariwe se

 Yanditse agira ati: “Uyu mwaka ndinjira mu rubyiruko. Mama na nyogokuru banyigishije kuba umwana w’icyitegererezo: Aho babwiraga ngo sizakoreshe ibiyobyabwenge, ntuzanywe izoga cyagwa itabi, wirinde inshuti mbi n’imyitwarire mibi.  None uyu munsi nanditse iyi baruwa mbivanye ku mutima, ntabufasha nabumwe mfite yewe n’ubwa abavandimwe banjye. ”

Yakomeje agira ati: “Nkura, nshaka kumenya uwo ndi we. Nahoze sererezwa ku ishuri kuva mfite imyaka 6, nkajya mpora nifuza gusubira mu rugo. Abandi banyeshuri barasekaga ubwo navugaga ko David Adeleke ari Papa wanjye.”

Mitchelle yongeyeho ko yahuye n’agahinda gakomeye, ndetse ko yahoraga kwamuganga mu rwego rwo kwitabwaho n’abaganga bo mu mutwe.

Ati: “Nanyuze mu bihe bikomeye, jyanwa k’umuganga w’inzobere ku ndwara zo mu mutwe. Ibi byari ibihe bigoye kandi bibabaje. Ni urugendo rukomeye nagize kandi rw’imyaka 5, cyane ko Mama atari atari afite ubushobozi nyama uwitwa Data ameze neza. Twanyuze muri byinshi. 
Yavuze ko agiye kuba umukobwa mukuru ati: “Dore ubu ngiye kuba umukobwa mukuru, mu cyubahiro cyawe Bwana Davido Adeleke, ndasabako hakorwa ikizami cya DNA kugira ngo tumenye neza ko ntari umwana wawe, njye bifashe kumenya umwirondoro wanjye. Iki kizami kizaba hagati yanjye nawe gusa. Ni ikifuzo cyanjye kandi ndasaba ko ku cyumva.

Mitchelle akndi yashimiye Abanya-Nigeria bose bamufashije mu buryo bwose no muruge yakoze mu myaka 7 ishije. Ndetse avuga ko gukora iki kizami cya DNA ko ari cyo gikwiye gukorwa.

Ku ruhande rwa, Davido, yavuze ko icyo kibazo ko cyari cyararagiye kera. ibi yabivuze aciye acishwa ubutumwa (Comment), avuga ko atanze kuba se w’uyu mukobwa, akomeza avuga ko yigeze gukoresha ibizamina bya DNA,  nshuro zirenga 5, aho ibisubizo byaza bivuga ko Davido atari we se.

Davido yanditse agira ati: “Nakoze ibizamini bya DNA inshurp5, ibisubizo byose biza atari byo (Negative). bityo rero si ndi se.

Ati: “Sindikundana na Mama wawe. Gusa n’ishuti yanjye ariko ivuga ibinyoma. Ibi bigomba guhagarara.Mfite abana banjye nzineza. Ndakwigize hagarika ubu busazi bwe.”

Previous Post

Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo

Next Post

Amatora muri Uganda: Bobi Wine aratabaza amahanga ko habayeho uburiganya

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Amatora muri Uganda: Bobi Wine aratabaza amahanga ko habayeho uburiganya

Amatora muri Uganda: Bobi Wine aratabaza amahanga ko habayeho uburiganya

Uganda: Karole Kasita yiyongereye ku bandi bahanzi basohotse iguhugu

Uganda: Karole Kasita yiyongereye ku bandi bahanzi basohotse iguhugu

Umugore yararanye n’uruziramire haba ikintu kidasanzwe

Umugore yararanye n’uruziramire haba ikintu kidasanzwe

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.