Umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Robert Kyagulanyi wamenyekanye nka Bobi Wine mu muziki, yagaragaje ko yifuza gutaha iwe mu rugo nyuma y’iminsi amaze mu buhungiro, ndetse ko akomerewe ku buryo atarabasha no guhindura imyambaro. Bobi Wine uri...
Umuraperi Derrick Katongole, wamamaye ku izina rya Victor Kamenyo, yatangaje ko gutsindwa kwe mu matora y’Abadepite, aho yimamarije kuyobora Akarere ka Rubaga, byabaye bitewe n’ibibazo bikomeye byaranze amatora. Mu kigganiro n’itangazamakuru, Victor Kamenyo yavuze ko uburyo amatora yakozwemo...
Umuhanzi Mutebi Ramanthan, wamamaye ku izana rya Lord Bitemu, yatangaje ko ateganya kujyana mu inkiko ibyavuye mu matora y’abadepite biyamamarije kuyobora umujyi wa Nansana. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Lord Bitemu yavuze ko ari kwitegura gutanga ikirego arega aho...
Umuryango w’umuhanzikazi ukora indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Baby Gloria, watangaje ko utemeranywa n’ibihuha bimaze iminsi bikwirarakwira ku mbuga nkoranyambaga, bivuga ko urugo rw’uyu muhanzikazi Baby, ruri mu marembera, ibi bihuha bije nyuma y’igihe cy’amezi make gusa...
Alien Skin yasabye bagenzi be bakora umuziki kongera kwibanda ku bikorwa by’ubuhanzi bwabo nyuma y’uko amatora rusange ya 2026 n’ibikorwa byo kwiyamamaza bya politiki bisojwe. Ku itariki ya 15 Mutarama, muri Uganda hakozwe amatora y’Umukuru w’igihugu n’Abadepite. Nyuam...
Kigali yitegura ibirori bya hip-hop birimo imbaraga n’imivugire ikomeye kuko Mic Tribe igiye kugaruka mu gice cyayo cya gatatu, aho abahanzi bazaba bayoboye ikibuga ari bo Bull Dogg na B Threy, baherekejwe n’abaraperi b’ingenzi bazitabira uyu mwanya ukomeye...
Karole Kasita yahishuye uruhare rukomeye umuhanzi akaba n’umwanditsi w’indirimbo Mudra yagize mu gutuma umuziki we utera imbere, yamushimiye cyane ku ntambwe yose ikomeye yamufashije gutera imbere binyuze mu indirimbo ye ya mbere yamamaye, Yaka. Agaruka ku rugendo rwe...
Nyuma y’amasaha make urujijo rugaragara ku mbuga nkoranyambaga rukavugisha benshi, abahanzi bakomeye mu Rwanda, The Ben na Bruce Melodie, bongeye kugaragaza ko umubano wabo ukomeye kandi ushingiye ku bwumvikane, aho The Ben yisubiyeho akura ku mbuga nkoranyambaga ifoto...
Mu rwego rwo gusigasira amateka no gukomeza gutoza Abanyarwanda indangagaciro z’ubutwari n’ubumwe, igitaramo cya mbere cya Ubutwari Tour Concert 2026 cyabereye mu karere ka Nyanza, cyahuriza hamwe abahanzi bafitse ibigwi bazwi mu ndirimbo z’uburere mboneragihugu n’abaturage b’ingeri zitandukanye,...
IShowSpeed Abura Uburyo bwo Gusoza Tour ye muri Afurika Nyuma y’Incidente ikomeye mu Alijeriya. IShowSpeed, umunyamakuru w’ibirori wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga, yagaragaje agahinda gakomeye ubwo yahagarikaga vuba igikorwa cya live stream yari afite muri Algeria, mu rwego...