John Blaq yongeye kuba iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko ahuje isohoka ry’indirimbo yakoranye na Justin Bieber yari tegerejwe cyane n’abatari bake, n’umukino ukomeye wa Shampiyona y’icyiciro cya Mbere mu Bwogereza (English Premier League). Mu kiganiro yakoze...
Umuhanzikazi nyarwandakazi Alyn Sano akomeje kwandika amateka mashya mu muziki nyarwanda, nyuma yo kwitabira ku nshuro ya mbere inama mpuzamahanga ya The NAMM Show 2026 iri kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Iyi nama ihuza abakora umuziki...
Nyuma y’amezi hafi umunani n’igice adasohora indirimbo nshya, umuhanzikazi Clarisse Karasira yongeye kugaruka ku ruhando rw’umuziki nyarwanda abinyujije mu ndirimbo yise “Abandi bana”, yasohotse ku wa 23 Mutarama 2026. Iyi ndirimbo yongeye gushimangira umwihariko w’uyu muhanzikazi mu guhuza...
Umuhanzi nyarwanda Mbarushimana Moise uzwi ku izina rya Boy Chopper mu njyana ya Hip Hop, arimo gusaba ubufasha bwo gutaha mu Rwanda, nyuma yo kumara igihe afungiye mu gihugu cya Cambodia mu buryo butemewe n’amategeko, aho bivugwa ko...
Nsabimana Léonard uzwi cyane ku izina rya ‘Ndandambara’ mu muziki nyarwanda, ari mu bahanzi bakomeje kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza ko abana n’abagore babiri mu buzima bwe bwite. Icyakora, uyu muhanzi agaragaza ko ibi atabifata nk’ikintu giteje impaka...
Uwase Muyango Claudine, wegukanye ikamba rya Miss Photogenic muri Miss Rwanda 2019, yavuze ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo byamusigiye ibikomere bikomeye mu mutima, bituma afata icyemezo cyo gushyira imbaraga ze zose mu kwishakira amafaranga no kwita ku...
Inzu ya Nicki Minaj iherereye mu gace k’abaherwe ka Hidden Hills muri Los Angeles muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ntabwo igitejwe cyamunara nyuma y’uko indishyi z’urubanza yari yarategetswe kwishyura zamaze gutangwa, bigashyira iherezo ku mpaka zari zimaze...
Abtex umwe mubaterankunga b’ibitaramo, akaba ari na Perezida w’ishirahamwe ry’abategura ibitaramo muri Uganda (Federation of Uganda Promoter Association), mu kiganiro yagiranye na Sanyuka Tv, yasobanuye ko amakuru amaze iminsi atambuka ku mbuga nkoranyambaga ajyanye n’inkunga ya miliyari 10 z’amashiringi ya...
Umuraperi Curtis Jackson wamamaye nka 50 Cent yagarutse ku masomo akomeye abona akwiye kwitabwaho n’abahanzi, ashimangira ko kwivanga mu by’amadini na politiki bishobora kugira ingaruka mbi ku isura y’umuhanzi muri rubanda. Yabivuze mu gihe yari ari kwamamaza filime...
Spice Diana yashimangiye ko abahanzi n’amashirahamwe abacunga imitingo y’abahanzi cyangwa amazu atunganya umuziki bakwiye gutandukana no kutumvikana, cyane ko ibi bigeze aho batakibasha guhuriza ku bitekerezo bimwe mu bijyanye n’imikoranire yabo bitewe n’amakibirane uasnga bafitanye. Uyu muhanzikazi, aherutse...