Umukinnyi wa filime Sarah Kampire wamenyekanye cyane nka Micky muri Impanga Series yashyize hanze filime ye ya mbere irangiye yise “Toxic”, agaragaza ko ateye indi ntambwe ikomeye mu rugendo rwe rwa sinema aho atagifatwa nk’umukinnyi gusa, ahubwo atangiye...
Umuhanzi Bruno Kiggundu, wamamaye nka Bruno K, yatangiye gusaba kwishyurwa arenga miliyoni130, z’amashilingi ya Unganda, ay’amafaranga asaba kwishyurwa, yayatsindiye mu rubunza yaburanagamo na sosiyete ya Black Market Entertainment, mu mwaka ushize. Bruno K, yasinyanye amasezerano na Black Market...
Ishimwe Prince uzwi nka Da Rest, wahoze mu itsinda Juda Muzik, yasohoye indirimbo nshya yise ‘Amore’, iri mu murongo w’indirimbo z’urukundo zifite umwihariko ku buzima bwe bwite. Iyi ndirimbo igaragaramo amashusho yihariye agaragaza bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze...
Umunyarwenya akaba n’umunyamakuru wa RBA Japhet Mazimpaka yatangaje ko imbuga nkoranyambaga zimaze guhinduka ikibazo gikomeye mu mibereho y’abantu, azigereranya n’icyorezo gihisha kwiyemera gushingiye ku mibare idafite ishingiro. Yavuze ko abantu benshi bari gutakaza ukuri kwabo, baharanira gusa kugaragara...
Spice Diana yatangaje ko we n’uwahoze ari umuyobozi we, Roger Lubega, bagiye kugabana inyungu (royalties) n’imitungo bakoreye mu gihe bakoranaga. Ibi yabigarutse mu kiganiro yagiranye n’igitangazamakuru ku muyoboro wa telefoni, Aho yavuze ko we na Roger batandikanye batagikora...
Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Canada, Justin Trudeau, yongeye kuvugisha benshi ku rwego mpuzamahanga, atari gusa ku mpamvu za politiki, ahubwo no ku mubano we urimo kuvugwa cyane n’icyamamare mu muziki ku Isi, Katy Perry, ubwo bombi bagaragaraga...
Winnie Nwagi, yatandaje ko ageze ku rwego kuba yaba umuntu mukuru kandi ufite ubushobozi mwinshi, avuga ko ari yo mpamvu ari gukora cyane anashaka indi mirimo, ishobora ku mwungukira (side hustles), kugira ngo abashe kwinjiza amafaranga, ayashore mu...
Umuhanzikazi w’icyamamare muri Uganda, Spice Diana, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana mu kazi n’umujyanama we wamufashije igihe kirekire, Roger, washinze inzu ifasha abahanzi izwi nka Source Management, nyuma y’imyaka igera kuri 10 bakorana. Uyu muhanzikazi yabitangaje mu...
Umunyamakuru w’imbuga nkoranyambaga (TikToker) Luwi Light yongeye kwitaba urukiko kuri uyu wa none, nyuma yo gufatwa akagirwa imfungwa by’agateganyo mu cyumweru gishize, akekwaho gutoteza no guhohotera abantu hakoreshejwe ikoranabuhanga (cyber harassment), mu rubanza ruregwamo umugore wa Bebe Cool,...
Umujyi wa Bruxelles mu Bubiligi ugiye kuba isibaniro cy’igitaramo gikomeye cy’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, kizahuza umuhanzi w’inararibonye Alexis Dusabe afatanyije na Tracy Agasaro n’umugabo we René Patrick, mu gikorwa giteganyijwe mu ntangiriro za Mata 2026. Iki...