Namagembe Sheena, wamamaye ku izina rya Shena Skies, yatangaje ko yahisemo kuba umahanzi uririmba aho kuba umwanditsi wazo. Yasobanuye ko ubwo yatangiraha umuziki, yari aziko buri muhanzi uririmba agombaga kuba ari umwanditsi kugira ngo abashe kuzuza inshingano ze...
Niyitegeka Gratien uzwi cyane nka Seburikoko cyangwa Papa Sava, yongeye kuvuga ku kibazo kimaze igihe kimubazwa n’abantu benshi: impamvu atarahitamo gushaka umugore n’ubwo ageze mu kigero abantu benshi babona nk’icyo kuba yarabikozeho kera. Mu kiganiro yagiranye na Royal...
Leta ya Uganda yatangaje ko yakuyeho imbogamizi zose ku mbuga nkoranyambaga zari zarashyinzweho, nyuma y’ibyumweru byari bishize abantu dafite uburyo bwisanzuye bwo kuzikoresha mu gihe cy’amatora aherutse. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Mbere na Jenerali Muhoozi Kainerugaba, yatangaje...
Umuhanzikazi akaba na Producer, Kanoheri Christmas Ruth wamamaye cyane nka Chrisy Neat, yatangaje ko imyaka ine yamaze akorera muri Studio Ibisumizi ya Riderman yamubereye umusingi ukomeye w’iterambere ry’umwuga we w’umuziki, aho yakuye ubumenyi, ubunararibonye n’icyizere byamufashije kwiyubaka nka...
Tariki ya 1 Gashyantare buri mwaka, u Rwanda rwizihiza Umunsi w’Intwari z’Igihugu, abagize uruhare mu kubohora igihugu, kubaka no kurengera indangagaciro z’igihugu, aho muri uyu mwaka wa 2026 uzizihizwa ku nshuro ya 32 hateganyijwe igitaramo gikomeye cy’umuco kizabera...
Umwanditsi w’indirimbo akaba n’umuhanzi, Dokta Brain yatangaje ko ashobora guhagarika kuririmba, aviga ko kuri we kuririmba byatangiye ku mufata nk’“umucarakara” aho kumubera ibyishimo n’icyuzuzo cy’inzozi ze. Nubwo yatangaje ko ashobora kureka kuririmba, ashimangira ko impano ye yo kwandika...
Dokta Brain yatangaje impamvu nyakuri yatumye agirana amakimbirane na Grenade Official mu bihe byashize, avuga ko byose byaturutse ku kutumvikana bya hato na hato byaje gufata indi ntera bikabyara umwuka mubi hagati yabo bombi. Aba bahanzi bombi bari...
Umuvangamiziki (Deejay), w’umunya-Uganda witanye Imana, witwa Seth Mwalye, wamammye nka Dj Ciza, akaba ari bushyingurwe uyu munsi tariki ya 26 Mutarama 2026, i Mbale mu karere ka Matarama. Dj Ciza yitabye Imana ku itariki ya 24 Mutarama 2026....
Mani Martin, umwe mu bahanzi bafite izina rikomeye mu muziki Nyarwanda, yatangiye ku mugaragaro urugendo rwo kumenyekanisha album ye nshya yise “Rebirth”, imaze kwigarurira imitima ya benshi mu bakunzi b’umuziki mu Rwanda. Ni mu gitaramo cyabereye muri Tic...
Alien Skin yanenze bamwe mu bahanzi bakomeye muri Uganda, abashinja kuba bari inyuma y’abakoresha TikTok, babaha amafaranga mu ibanga kugira ngo basebye abandi bahanzi bafitanye amakimbirane. Atangaje ibi nyuma y’uko umwe muba TikToker Luwilight atawe muri yombi, amaziana...