Umuhanzi wo muri Uganda, Dr. Propa, yahakanye yivuye inyuma ibivugwa ko yaba akoresha ibiyobyabwenge, avuga ko ibyo abantu babihuza n’imbaraga agaragaza ku rubyiniro bidafite ishingiro. Dr. Propa yavuze ko atigeze akoresha ibiyobyabwenge bitemewe n’amategeko. Yashimangiye ko imiti yose...
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagize umunyamakuru w’inararibonye Allan Kasujja umuyobozi mukuru w’ikigo cya leta gishinzwe itangazamakuru (Uganda Media Centre), asimbuye Ofwono Opondo wari umaze igihe ayobora iki kigo ariko akegura mu ntangiriro za 2025 ashaka kwinjira...
Nyuma y’ubukwe bwe na Jean Paul, Nana yisanze mu mvururu z’ibitekerezo n’ibihuha ku mbuga nkoranyambaga. Bamwe bamushinje kwiba umugabo w’abandi. Abandi bashidikanya ku ndahiro yasezeranye. Hari n’abamwibasiye ku myambaro yambaye. Mu kiganiro cya Live yakoreye ku mbuga nkoranyambaga...
Mu gihe benshi mu byamamare bishimira intsinzi ku rwego mpuzamahanga, hari abahitamo kuyihindura igikoresho cyo guhindura ubuzima bw’abandi. Umuhanzikazi w’imikino ngororamubiri, Faith Kipyegon, ari mu bahitamo gusubiza ku muryango n’igihugu cye binyuze mu bikorwa bifatika bigamije iterambere. Uyu...
Inkuru ya Fille Mutoni yongeye gukurura impaka ku buzima bw’abahanzi n’igitutu bahura na cyo mu ruganda rw’umuziki wa Uganda. Uyu muhanzikazi ukomoka mu Rwanda wamenyekanye cyane mu myaka ishize, yafashwe nk’urugero rw’umuhanzi wageze ku rwego rwo hejuru ariko...
Mu gihe abakunzi b’umuziki bakomeje kwibaza impamvu Davis D atagikorana indirimbo na Element Eleéeh nk’uko byari bisanzwe mu bihe byashize, uyu muhanzi yatanze ibisobanuro birambuye agaragaza ko bitaturutse ku mwanzuro wo guhagarika ubufatanye gusa, ahubwo byatewe n’bibazo byavutse...
Mu ijoro rimwe ryabaye urufunguzo rw’impinduka zikomeye mu buzima bwanjye, umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano yatangaje ko yiteguye gutera intambwe ikomeye yo kubaka urugo, nyuma yo kwakira agakiza mu masengesho yayobowe na Prophet Akim Hulleman. Ibi byatangarijwe...
Ubwo ivugabutumwa rikomeje gushaka inzira nshya zo kugera ku bantu benshi, itsinda ry’abaririmbyi Gisubizo Ministry ryahisemo kwagura imbago z’umuziki wa Gospel binyuze mu bufatanye n’umuhanzi ukunzwe cyane mu Rwanda no hanze yarwo, Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben....
Umuhanzikazi akaba n'umwe ukora ibikorwa by'impuhwe, Halim Namakula, yasangije abantu bimwe mu byo bintu byamusigaye ku mutima yibukiraho umuhanzi w’ikirangirire, Mowyze RAdio, avuga ko uyu muhanzi w’itabye Imana mu 2018, imwe mu mico yamuraze n’uruhare yagize mu guteza...
Nyuma y’imyaka itanu amaze yigaragaza mu muziki nyarwanda no hanze yarwo, umuhanzikazi Bwiza iyinjiye mu kindi kiciro mu rugendo rwe rw’ubuhanzi, aho ari kwitegura gusangiza abanyarwanda n’abakunzi b’umuziki ku isi Album yeya gatatuyise ‘Home’ binyuze mu bitaramo bikomeye...