Abakunzi b’imyidagaduro n’urwenya baritegura ijoro ridasanzwe kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Mutarama 2026, ubwo hateganyijwe igitaramo cya Gen Z Comedy Show, ari na cyo cya mbere kizaba kibaye muri uyu mwaka. Iki gitaramo giteganyijwe kubera mu ihema...
Hari filime nshya iri gutegurwa igamije gusubiza mu ndorerwamo y’amateka imwe mu nkuru zibabaje ariko zinagaragaza ubutwari bukomeye bwabereye i Bisesero mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iyi filime yiswe The Battle of Bisesero izibanda ku...
Mu kiganiro cyatambutse kuri Kasuku live, mugitondo cyo ku ya 14 Mutarama 2026, hatangajwe amakuru avuga ko Lueiligiht, afugiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kira, nyuma y’uko atawe muri yombi. Luwilight, amazina ye yiswe n’ababyeyi Aish Nasubuga, ni...
Umunyamakuru wo muri Uganda Sheena Holm, akora kuri reality TV, yavuye mu gihugu yerekeza muri Kenya nyuma y’uko Leta ya Unganda ikuyeho internet, mbere ya’amatora ateganyijwe ku ya 15 Mutarama 2026. Abinyujije ku rubuga rwa Snapchat, Sheena Holm,...
Umuhanzikazi ukizamuka Belinda Niwabo, urimo kwamamara ku mazina Kin Bella, yateye utwatsi ibihuha bivugwa ko yaba atwite, ashimangira ko akiri umwangavu kanidi ukiri muto kuburyo atakwishora mu mibonano mpuzabitsina. Nyuma yo kwigaragaza cyane mu ndirimbo zigiye zitandukanye muri...
Urubanza ruregwamo DJ Toxxyk rukomeje gukurura amatsiko ya benshi, by’umwihariko abasesengura imikorere y’ubutabera n’uko amategeko akoreshwa mu manza zikomeye zijyanye n’impanuka zahitanye ubuzima bw’abantu. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14 Mutarama 2026, Urukiko rwaburanishije uyu musore ku...
Urukiko rwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwasanze filime mbarankuru “Chris Brown: A History of Violence” yakozwe na Warner Bros Discovery ku bufatanye na Ample Entertainment, yarubahirije amahame y’umwuga w’itangazamakuru, bityo rutesha agaciro ikirego cyari cyatanzwe n’icyamamare...
Eddy Kenzo yatangaje ko yafashe icyemezo gikomeye cyo gusubira mu ishuri, aho ubu ari gukurikira amasomo muri kaminuza. Uyu muhanzi inshuro nyinshi yagiye avuga ku buzima bwe, aho yagiye avuga ko akiri umwan yagiye ahura n’ibibazo bikomeye ndetse...
Umwe mu baproducer b’umuziki bakomeye muri Ugand, Michael Fingers Mugisa, yashize ahagaragara amwe mu mateka akubiye mu ndirimbo y’icyamamare Bebe Cool, iyo indirimbo ni Love You Everyday, aho avuga ko gukora uyu mushinga ari umwe wa mushimishije cyane kuruta...
Umuhanzikazi Karole Kasita, yatangaje impamvu batize gushyira mu bikorwa amategeko mashya agenga uburenganzira bw’ibihangano (Copyright) muri Uganda, aho yagaragaje agahinda gakomeya ko kutumva abahanzi bamaze igihe kinini basaba ko ayo mategeko yavugururwa. Umuhanzikazi wamamaye mu ndirimbo Balance yavuze ko abahanzi...