• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Monday, June 15, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Bwiza agiye kumurika Album ye yise “Home” mu bitaramo hirya no hino ku isi

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 27, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Nyuma y’imyaka itanu amaze yigaragaza mu muziki nyarwanda no hanze yarwo, umuhanzikazi Bwiza iyinjiye mu kindi kiciro mu rugendo rwe rw’ubuhanzi, aho ari kwitegura gusangiza abanyarwanda n’abakunzi b’umuziki ku isi Album yeya gatatuyise ‘Home’ binyuze mu bitaramo bikomeye azakorera mu bihugu bitandukanye ku isi.

Iyi Album, nk’uko byemejwe n’umujyana we Uhujimfura Claude mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru w’IMPINGA, avuga ko yamaze gutunganywa, indirimbo zose zigize iyi album zikaba zararangiye. Ibitaramo kandi biteganyijwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ahandi, iki gitaramo kizaba kigamije kumenyekanisha izi ndirimbo ndetse n’izina rye ku rwego mpuzamahanga, ariko nanone bikaba ari umwanya avuga ko ar wo gusubiza abakunzi be urukundo binyuze mu muziki.

Uhujifura yagize ati: “Indirimbo zose zigize iyi album zarakozwe kandi zararangiye. Ibitaramo tugiye gukora mu bihugu bitandukanye ni uburyo bwo ni kumenyekanisha indirimbo zigize albuma ndetse tu tibagiwe n’izina, ariko nanone ni uburyo bwo gushimira abakunzi bacu no kubataramira hirya no hino ku isi.”  

Bwiza si ubwa mbere agiye kwifashisha ibitaramo mpuzamahanga mu kumurika Album. Mu 2025, yamuritse Album ye ya kabiri “25 Shades” mu gitaramo gikomeye cyabereye mu Bubiligi, nyuma y’uko yari yarasohoye Album ye ya mbere “My Dreams”, yasobanuranga inzozi n’intumbero ze nk’umuhanzikazi ugitagira.

Uruhererekane rw’ibitaramo azakora hiryano hino ku isi byo kumurika Album ye “Home” Bwiza yarwise “Bwiza Home World Tour 2026”, bikaba bigaragaza icyerekezo cye cyo kwagura umuziki we no kuwugeza ku bafana be hirya no hino ku isi. Mu butumwa yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Mutarama 2026, yashimangiye ko iyi Tour ari intambwe ikomeye mu rugendo rwe.

Mu myaka itanu amaze mu muziki, Bwiza yagiye azamura izina nk’umuhanzikazi ufite intego, uhuza impano, umurava n’icyerekezo cyo kumenyekanisha umuziki nyarwanda ku rwego mpuzamahanga. Album eshatu amaze gusohora harimo—“My Dreams”, “25 Shades” n’iya gatatu yise“Home”—zerekana urugendo rwe mu muziki n’iterambere ndetse no gukura mu mwuga.

By’umwihariko, Bwiza yagiye agaragaza ubushobozi bwo gukorana n’abandi bahanzi, kubaka umubano n’abafana no gukoresha neza imbuga nkoranyambaga mu kumenyekanisha ibikorwa bye. Ibi byose bigaragaza ko afite gahunda ihamye yo gukomeza kuzamura umuziki we no guhagararira u Rwanda ku ruhando mpuzamahanga.

Previous Post

Shena Skies: Sinshobora Kunyurwa ndi Inyuma y’Urubyiniro

Next Post

Halima Namakula yasabye ko hakorwa umuhango wo kwibuka Mowzey Radio

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Halima Namakula yasabye ko hakorwa umuhango wo kwibuka Mowzey Radio

Halima Namakula yasabye ko hakorwa umuhango wo kwibuka Mowzey Radio

Gisubizo Ministry na The Ben basohoye bahuriyemo bise “Nabaye umwe n’Imana”

Gisubizo Ministry na The Ben basohoye bahuriyemo bise “Nabaye umwe n’Imana”

Nyuma yo kwakira agakiza, Yampano yatangaje ubukwe n’umukunzi weUwineza Vava

Nyuma yo kwakira agakiza, Yampano yatangaje ubukwe n’umukunzi weUwineza Vava

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.