Zuba Ray yagowe bikomeye no kwakira ko yakoranye indirimbo na King James ahamya ko kubwe n’ubu akibifata nk’inzozi nubwo bamaze gusohora indirimbo bahuriyemo bise ‘Ikirezi’. Ibi Zuba Ray yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n'umunyamakuru wa Impinga, nyuma y’uko iyi...
Umuhanzi w’Umunya-Uganda Eddy Kenzo yongeye gutsindwa ku nshuro ye ya kabiri mu bihembo bya Grammy Awards, ariko izina rye riracyagaragara ku rwego mpuzamahanga mu muziki. Kenzo yari ahatanye mu cyiciro cya Best African Music Performance ku ndirimbo ye...
Mu gihe impaka ku ndirimbo Bruce Melodie na The Ben bakoze ziri mu murongo wa ‘diss’ zikomeje gufata indi ntera ku mbuga nkoranyambaga no mu bafana b’umuziki, umuraperi Pacson yumvikanishije ko kuri we, ibyo byombi ntibisatira na gato...
Umuhanzikazi Karole Kasita, yatangaje ko ateganya gukora igitaramo ku giti cye, mu gihe kiri imbere, ibintu bitandukanye cyane n’uburyo busanzwe bwo gutegura ibitaramo buyoborwa n’abamamaza (promoter) ibimenyere cyane mu muziki muri Afurika no mu mahanga. Iki gigitaramo biteganyijwe...
Umuhanzi ikizamuka mu burasirazuba bwa Uganda Visa Vibez International, yasabye imbabazi John blaq, nyuma bagiranye amakimbirane mu bihe byashize, n’imakimbirane yaturutse mu isohoka ry’amashusho y’urukazasoni (sextape). Visa Vibez yavuze ko ayo makimbirane yamugizeho ingaruka zikomeye, bigatuma atabasha kabaho...
Umuhanzikazi Ava peace yagurutse ku banenga ko amaze iminsi bavuga ku myambarire ye, ashimangira ko umuryango we n’abafana be bamwumva kandi ko bamushigikiye mu mahitamo ye mu myambarire. Ibi yabivugiye mu birori yizihirizagaho isabukuru y’imyaka 30, y’ubukwe bw’ababyeyi...
Ishyirahamwe ry’Inganda zitunganya Filime muri Uganda (Uganda Federation of Movie – UFMI) ryarahiriye ku mugaragaro Inama y’ubutegetsi (Board of Directors) ku biro by’igihugu bishinzwe kubarura (URSB), n’igikorwa cyafashwe nk’intambwe ikomeye mu gushimangira imicungire ihuriweho y’uburenganzira mu nganda zitunganya...
Umuraperikazi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Nicki Minaj, yatangaje ko agiye gutanga inkunga iri hagati ya $150,000 na $300,000 izashyirwa muri konti z’imari za Leta ya Amerika zizwi nka Trump Accounts, agamije gufasha abana b’abakunzi be gutangira kubaka ejo...
Umuhanzi Dr. Prop yatangaje ko ari mu bibazo bikomeye by’imari, avuga ko afite imyenda myinshi imuremereye cyane. Uyu muhanzi yamamaye mu ndirimbo Omwana Owomwavu, ibi yabitangarije mu kiganiro n’itangazamakuru, aho yagarutse ku bibazo ari kunyuramo muri iyi minsi...
Nyuma y’imyaka myinshi afatwa n’abafana nk’umwami wa Afrobeat, nyakwigendera Fela Anikulapo Kuti agiye guhabwa igihembo gikomeye cya Grammy y’ubuzima bwose, nubwo yapfuye. Uyu muhanzi w’ikirangirire ukomoka muri Nigeria yapfuye mu 1997 afite imyaka 58. Ni nyuma y’imyaka hafi...