Itsinda riramya rikanahimbaza Imana rya Comfort People Ministries ryatangije umwaka wa 2026 rishyira hanze indirimbo nshya bise ‘Celebration’, indirimbo irenze kuba umuziki gusa, ahubwo ikaba ari inkuru y’urugendo rurerure rw’ihangana, kwizera no kongera kubyuka nyuma y’ibigeragezo. Iyi ndirimbo...
Umuhanzikazi Phina Masanyalaze yatangaje ko yahembwe shilingi 10,000 (Ugx 10,000) gusa kubera uruhare rwe mu mashusho y’indirimbo Bada ya Bobi Wine, ariko iyo ndirimbo avuga ko yamugiriye akamaro kanini nko ku menyekana izina rye rikamamara nk’umubyinnyi ndetse n’umuhanzi....
Indirimbo ya A Pass yasohotse mu 2016, ari yo Gamululu yakorewe remix afatanyije n’umuhanzi ukunzwe ku rwego mpuzamahanga Konshens, yabaye intandaro yo kumumenyekanisha ku rwego mpuzamahanga, kandi kuva icyo gihe umuziki we ntiwongeye gusubira inyuma. Uyu muhanzi w’Umunya-Uganda...
Umuraperi w’Umunyamerika A$AP Rocky yatangaje ko umubano we na Rihanna wubakiye ku rugendo rurerure rw’ubucuti, kwiyumvanamo no gutegereza igihe gikwiye, aho nyuma byaje kuvamo urukundo rukomeye n’umuryango ufite abana batatu. Mu kiganiro aherutse kugirana na Popcast ya The...
Muri Uganda nyuma y’uko Heena asohote mu gihugu, umuhanzikazi Karole Kasita yiyongereye ku bandi bahanzi bo muri Uganda bahisemo gusohoka mu gihugu mu gihe cy’amatora akomeje. Nyuma y’uko Sheebah, Joshua Baraka, Ndetse n’abandi bakoresha imbuga nkoranyambga barimo Christine Nampeera...
Impaka ku busabe bwa kivy’ubuto hagati y’umuraperi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats , David Adeleke wamenyekanya nka Davido, zasubiye rudubi kuri uyu wa Kane ubwo umwana w’umukobwa ufite imyaka 12 y’amavuko, Mitchelle Anuoliwapo, yasabaga ko hakorwa ikizami cya DNA kugira...
Umuhanzi ukomoka muri Nigeria wamamaye cyane, mundirimbo zigiye zitandukanye, Kizz Daniel, yagaragaje ko abayeho nk’umuntu ikennye nyuma yo gusobanukirwa ko gushaka amafaranga bitagira iherezo kandi ko buri gihe usanga bantu bayashaka kuva bavutse kugeza basaje batarayabona. Uyu muhanzi...
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 16 Mutarama 2026, habaye ubukwe bw’umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Noyo Bosco, Hamwe n’umukunzi we Mukamisha Irene. ni ubukwe bwitabiriwe n’ibyamamare bindukanye birimo, Nyambo Jesc, Bwiza, Nana n’abandi bose bari...
Mu gihe benshi bamumenyereye nk’umukinnyi wa filime ukunzwe cyane mu Rwanda, Niyitegeka Gratien, uzwi nka Papa Sava, amaze imyaka irenga 30 mu rugendo rutoroshye rw’ubuhanzi, rwuzuyemo kwihangana, guharanira inzozi no kwizera ko ejo hazaza hashobora kuba heza kurushaho....
Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bazwi ku rwego mpuzamahanga, Todd Galberth na Naomi Raine, batangaje ko u Rwanda ruri mu bihugu bazasura mu rugendo rwabo rw’isi bise “Everywhere World Tour”, rugamije kugeza umuziki wo kuramya Imana...