• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Monday, June 15, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Halima Namakula yasabye ko hakorwa umuhango wo kwibuka Mowzey Radio

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 28, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzikazi akaba n’umwe ukora ibikorwa by’impuhwe, Halim Namakula, yasangije abantu bimwe mu byo bintu byamusigaye ku mutima yibukiraho umuhanzi w’ikirangirire, Mowyze RAdio, avuga ko uyu muhanzi w’itabye Imana mu 2018, imwe mu mico yamuraze n’uruhare yagize mu guteza imbere umuziki wa Uganda.

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Namakula yavuze ko kimwe mu bintu atazibagirwa kuri Mowzey Radio wa barizwaga mu itsinda rya Goodlife ari ukutagondwa kwe ( ubunyangamugayo) n’ijwi rye yari afite rihebuje kandi ritavangiye na gato.

Yibikije abantu ko Mowyze Radio yajyaga amuhamagara n’ijwi riranguruye igige yabaga ariku yiwe nka metelo 2-3, agamije gusa ko amwitaho.

Yagize ati: “Icyo nibuka cyane kuri Mowyze Radio ni uko yari uuntu w’inyangamugayo. Yajyaga ampamagara n’ijwi riranguruye.”

Halima Namakula yanavuze ko Mowyze Radio yakoze indirimbo afatanyije n’umukobwa we Rachel K, akaba yizera ko iyo ndirimbo ari yo yari ibaye iya mbere yari akoranye n’umuhanzikazi. 

Halima ati: “Yakoranye indirimbo na Rachel K. Ntekeraza ko ari bwo bwa mbere yari afatanyije n’umuhanzikazi gukora indirimbo.”

Byongeyeho, Halima Namakula yanaboneyeho asaba ubuyobozi bw’Ihuriro ry’Abahanzi ba Uganda (Uganda National Musicians Federation – UNMF) gufasha nyina wa Mowzey Radio gutegura igikorwa cyo kumwibuka no kwizihiza umurage yasigiye umuziki wa Uganda, avuga ko nta gikorwa nk’icyo cyari cyakoze kuva uyu muhanzi yashyingurwa.

Mowzey Radio yitabye imana mu mwaka wa 2028, bivuze ko hashize imyaka 8 apfuye, iki gikorwa cyo kumwibuka n’ibintu bimaze gihe bisabwa n’abahoze ari abakunzi banyakwigendera ndetse n’abamwe mubahanzi kuva mu mwaka wa 2025.

Previous Post

Bwiza agiye kumurika Album ye yise “Home” mu bitaramo hirya no hino ku isi

Next Post

Gisubizo Ministry na The Ben basohoye bahuriyemo bise “Nabaye umwe n’Imana”

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Gisubizo Ministry na The Ben basohoye bahuriyemo bise “Nabaye umwe n’Imana”

Gisubizo Ministry na The Ben basohoye bahuriyemo bise “Nabaye umwe n’Imana”

Nyuma yo kwakira agakiza, Yampano yatangaje ubukwe n’umukunzi weUwineza Vava

Nyuma yo kwakira agakiza, Yampano yatangaje ubukwe n’umukunzi weUwineza Vava

Davis D yasobanuye impamvu atagikorana na Elment Eleeeh

Davis D yasobanuye impamvu atagikorana na Elment Eleeeh

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.