Umuraperikazi w’icyamamare Cardi B akunze kuvuga yeruye ku bijyanye n’ibikorwa byo kwibagisha yihitiyemo (plastic surgery) yakoze mu bihe bitandukanye, akabivuga ashize amanga/atihisha cyangwa ngo abigire ibanga ku bafana be. Uyu muririmbyi wamenyekanye cyane mu ndirimbo “Bodak Yellow” yatangiye kwamamara mu 2017. Yagiye akora ibikorwa...
Nubwo bari batandukanye ku mubiri, urukundo rwa The Ben n’umugore we Uwicyeza Pamella rwarushijeho kumvikana binyuze mu ibaruwa yuje amarangamutima uyu muhanzi yamwifurijemo isabukuru nziza y’amavuko. Ni ubutumwa bwakoze ku mitima ya benshi, bugaragaza ko intera itabasha guca...
Ukwezi kwa Gashyantare kwahaye abakunda kureba filime na series amahitamo menshi, cyane cyane series ngufi ushobora kureba mu minsi mike utarinze gufata igihe kinini. Imbuga nkoranyambaga zitandukanye zikomeje gusohora inkuru zigufi, zifite umwihariko kandi zoroshye gukurikira. Impinga.rw yakusanyije...
Umuhanzi John Blaq yatangarije abakunzi be b’umuziki ko afite indi mpano abantu benshi batari bamuziho. Uretse kuririmba indirimbo ze ndetse zanakunzwe, yavuze ko akenshe ariwe utekereza akanandika amagambo y’indirimbo, yongeyeho ko Atari ize gusa ahubwo n’iz’abandi bahanzi. Uyu...
Umuhanzikazi Lisaa yongeye kwerekana ko ari umwe mu bakobwa bari kwiyubaka mu muziki Nyarwanda, nyuma yo gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Ig Post”, indirimbo ihuza urukundo n’ibihe by’ikoranabuhanga. Iyi ndirimbo iri mu njyana y’urukundo, ariko ikagira...
Umuhanzi Levixone, uzwi cyane mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana muri Uganda no mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, ni urugero rw’uko impano ishobora gukura ahatatekerezwa. Yanyuze mu buzima bugoye bwo ku muhanda, yibonera urupfu n’amaso ye, ariko...
Umuhanzi John Blaq yatangaje ko atagifite uburengazira ku ndirimboze za za kera ya mu buryo bwo kuzigurisha cyagwa se kuba yabasha kuzibonaho inyungu nka nyirazo wazihanze bwa mbere. Yasobanuye ko ubuyobozi bwajyenzuraga ibihangano bye bya kera, Black Marker...
Umunyabugeni kuri TikTok ndetsa akanaba umucuruzi wakoreraga kuri marandasi, Diana Namulinde wamamaye ku mazina nka Dianah Skys, yashyiguwe ejo tariki 06 Gashyantare 2026, mu gace ka Namayumba. Dianah Skys, umurambo we wabonetse ku wa Gatatu mu nzu yabagamo...
Mu minsi ishize, inkuru ikomeje kuvugisha benshi mu bakurikiranira hafi umuziki wa Afurika n’isi yose muri rusange ntibavuga ku cyemezo bivugwa ko umuhanzi w’icyamamare ukomoka muri Nigeria, Davido, yafashe cyo kwitandukanya n’ibihembo bya Grammy. Ibi byatangiye gukwirakwira nyuma...
Mu nama y’igihugu y’Umushyikirano iri kuba ku nshuro ya 20, umuhanzi Bruce Melodie yagaragaje ikibazo gikomeye gihangayikishije urubyiruko n’abakora ibihangano mu Rwanda, kijyanye no kuba imbuga nkoranyambaga nyinshi bakoresha zidatanga amahirwe yo kubyaza umusaruro ibikorwa byabo. Bruce Melodie...