DJ David Guetta, umufaransa uri mu bakomeye ku isi mu kuvanga imiziki, yatangaje amakuru mashya meza ku mbuga nkoranyambaga ze, avuga ko yibarutse umwana w'ubuheta n'umugore we Jessica Ledon. Guetta yabishyize ku mugaragaro binyuze kuri Instagram ye, asangira...
Mu gihe isi igenda itera imbera mu ikoranabuhanga rishingiye kuri Artificial Intelligence (AI), hagenda havuka amahirwe n’ibibazo bishya ku buhanzi n’inganda ndangamuco. Mu cyumweru gishize i Paris mu Bufaransa, habereye inama mpuzamahanga yiga ku ishyirwa mu bikorwa rya...
Ishimwe Karake Clement utunganya indirimbo, washinze inzu ya Kina Music, yatangaje ko agiye gushyira hanze Album ye ya mbere yise 'Legacy', mu rwego rwo kwizihiza imyaka 20 amaze mu mwuga wo gutunganya indirimbo (Music Production). Mu Itangazo yashyize...
Urukiko rw'Ibanze rwa Kicukiro rwafashe icyemezo gikomeye ku wa Gatanu tariki ya 27 Gashyantare 2026, rukatira abantu bane igifungo cy'imyaka itatu n'ihazabu ya miliyoni 3 Frw, buri wese, kubera gukwirakwiza amashusho y'urukozasoni y’umuhanzi uzwi nka Yampano. Abakatiwe ni...
Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Green Daddy yatangaje ko yababariye abantu bose bamusebeje nyuma y’urupfu rw’umwana we w’ifura, avuga ko umwana we yapfuye bitewe n’uburangare bw’abaganga bo ku bitaro bya Mulago National Referral Hospital. Green Daddy ubundi yabanje kuvuga...
Umuhanzi Ykee Benda yatangaje ko yamaze kubona amahoro n’ibyishimo byuzuye mu mugore we, avuga ko ari we rukundo rw’ubuzima bwe, ndetse yanahakanye ibihuha bimaze iminsi bivugwa ko yaba ari hafi kwibaruka. Mu kiganiro yagiranye na Sanyuka TV, Ykee...
Umuhanzi wa Dancehall Crescent Bagama, wamamaye nka Beenie Gunter, yatangaje umubano we na perezida w’ihuriro ry’abahanzi bo muri Uganda (UNMF), Eddy Kenzo, uko uhagaze, ndetse hari n’amakuru avuga ko umubano w abo waba urimo agatotsi. Beenie yashimangiye ko...
Mu kiganiro yanyujije kuri TikTok Live, muhanzi w’icyamamare muri Uganda Bruno K yatangi igikorwa cyo gukusanya inkunga (Fundraiser), aho yaguriye amapikipiki (moto) abiri Sharif Mukama, umumotari (boda boda) wari wibwe moto yo mu bwoko bwa Bajaj Boxer n’abagize...
Umuhanzikazi Mary Bata yatangaje ubuzima yanyuzemo ubwo yakoreshaga amavuta ahindura ibara ry’uruhu (mukorogo, cream that changes skin color,- bleaching), yavuze ko yigeze ku yakorsha agamije guhindura isura ye inzobe. Mary Bata yavuze ko ari umwe mu bahuye n’ingaruka...
Umuhanzikazi w’icyamamare muri Uganda Sheebah Karungi, yatangaje ko yagiye muri prodacast, aho yavuze ko azajya akora ikiganiro yise ‘Let’s Talk About It.’ Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze ku wa kabiri taliki ya 02 Gashyantare 2026, aho uyu muhanzikazi...