Umuhanzikazi wo muri Nigeria, Temilade Openiyi uzwi nka Tems, yongeye kwandika amateka aba umugore wa mbere wo muri Afurika ugeze ku ndirimbo zirindwi (7) zigeze ku rutonde rukomeye rwa Billboard Hot 100 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika...
Abahanzi babiri bakomeye mu muziki w’u Rwanda, Bruce Melodie na The Ben, bongeye kugaragaza ko bahisemo inzira y’ubufatanye aho gukomeza gukurura imvugo z’ihangana zari zimaze imyaka igera kuri itatu zivugisha benshi mu myidagaduro yo mu gihugu. Nyuma y’ukuntu...
Umuhanzikazi Lilian Mbabazi yanenze bikomeye umunyamakuru w’imyidagaduro MC Kats, nyuma y’amagambo aherutse gutangaza avuga ko Ihuriro ry’Abahanzi muri Uganda (Uganda National Musicians Federation - UNMF) ritagize uruhare rugaragara mu gufasha umuhanzikazi Fille Mutoni mu gihe yari ari kwivuza...
Umukinnyi wa filimi akaba n’umushoramari mu muco, Eric Kabera, ari mu Mujyi wa Los Angeles muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho ari kwerekana ibikorwa bye no kuganira n’abayobozi batandukanye bo mu nzego z’imyidagaduro, ubucuruzi n’ubukerarugendo ku rwego...
Umuhanzi wa Dancehall, Richard Kasendwa, wamamaye nka Ziza Bafana, yatangaje ko imodoka ye shya iri mu bwoko bwa Marcedes-maybach aherutse kugutumiza hanze yamutwaye hafi miliyoni 180 z’amashingi ya Uganda. Mu kinganiro yagiranye n’itangazamakuru, Ziza Bafana yavuze ko nyuma...
Mbere y’uko umuhanzi w’icyamamare cyo muri Uganda Mowzey Radio yitaba Imana mu mwaka wa 20218, yari afite gahunda yo kwimukira mu Rwanda. Ziza Bafana wari inshuti magaraga ya Mowzey akanaba umwe mu bari hafi y’itsinda rya Goodlife, yatangaje...
Umuhanzi w’indirimbo gakondo, Yvan Muziki, aritegura kongera guhura n’abakunzi b’umuziki nyarwanda mu gitaramo kidasanzwe azakorera i Kigali, kizanasiga amuritse album ye ya mbere yise Inganzo Ntahangarwa. Iki gitaramo biteganyijwe ko kizaba ku wa 13 Gashyantare 2026 muri Kigali...
Umuhanzi Juno Kizigenza yatangiye umwihariko mushya mu rugendo rwe rwa muzika, nyuma yo gufata icyemezo cyo gukura burundu izina ‘Rutwitsi’ mu byo yifashishaga mu buhanzi bwe, mu rwego rwo kwirinda impaka no kubahiriza ubusabe bw’inzego z’igihugu. Iki cyemezo...
Umuhanzikazi nina Roz yatangaje zimwe mu mbogamizi yagiye agira mu guhuza umwuga w’umuziki n’ibikorwa bya politiki, ashingiye ku bunararibonye n’urugendo rw bwite. Nana Roza yavuze ko kubasha guhuza ibi byombi bisaba imbaraga nyinshi kandi zidasanzwe no kkwihangana gukumeye,...
Umuhanzi kaba n’umuwanditse w’indirimbo, Andrew Ojjambo wamamaye nka Daddy Andre, yateye indi ntambwe ikomeye mu rukundo nyuma yo gusura ababyeyib’umukunzi we, Sylivia Nandera Suubi, mu muhango wo kwiyerekana mu muryango, n’umuhango wa garagarayemo ibyishimo n’akanyamuneza. Uyu muhango wabaye...