Umuhanzikazi w’Umunyamerika Kesha ari mu mpaka n’Ubutegetsi bwa White House nyuma yo kuvuga ko indirimbo ye “Blow” yakoreshejwe mu mashusho agaragaza ibikorwa bya gisirikare nta burenganzira yatanze. Ibi byatangiye kuvugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga ku wa 2 Werurwe...
Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda Eddy Kenzo yasubije amagambo ya mugenzi we Lil Pazo wamushinje we na Bebe Cool kudafasha abahanzi bagenzi babo bahura n’ibibazo mu ruganda rw’umuziki. Ibi byakurikiye ibiganiro Lil Pazo yagiranye na Perezida wa Uganda Yoweri...
Umuhanzi wo muri Uganda, Ziza Bafana, yatangaje ko nyakwigendera Mowzey Radio yari afite umugambi wo gushinga ‘label’ ye bwite mu Rwanda mbere y’uko yitaba Imana mu 2018. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Bafana yavuze ko Radio yari amaze igihe...
Umuhanzi w’umudancehall wo muri Uganda, Coco Finger, yongeye gutungurana nyuma yo gutangaza inkuru idasanzwe ku buzima bwe bwo hambere mbere y’uko aba icyamamare. Uyu muhanzi wamamaye cyane mu ndirimbo “Emikono Wagulu” yavuze ko hari igihe mu minsi ye...
Mu gihe benshi batekerezaga ko intambara y’inkundura ya Brad Pitt n’uwahoze ari umugore we Angelina Jolie yarangiye mu 2024, hari ibimenyetso bishya bigaragaza ko ayo makimbirane ashobora kuba agihari, noneho agaragarira ku mazina y’abana babo babyaranye. Impaka zongeye...
Intambara y’amagambo hagati ya T.I. na 50 Cent yongeye kubyuka: Ese ni ubushyamirane cyangwa ni amayeri yo kongera gushyira amazina yabo ku isoko no kuvugwa mu bitangazamakuru? Mu gihe Hip-Hop imenyereweho gukoresha amakimbirane “beef” nk’igikoresho cyibafasha kugeze umuziki...
Umwe mubahanga batunganya indirimbo Martin Mukosa wamamaye nka Artin Pro, yasabye Ishyirahamwe rishinzwe kurengera uburenganzira bw’abahanzi muri Uganda (Uganda Performing Rights Society) kohereza amafaranga y’uburenganzira (royalties) akomoka ku bihangano bye ku miryango y’abaproducer babiri bitabye Imana, barimo: Danz...
Umuhanzikazi w’icyamamare muri Uganda, Sheebah Karungi hamwe n’icyamamare mu muziki nyarwanda Bruce Melodie biteganyijwe ko bazahurira ku rubyiniro i Brussels, mu Bubiligi. Iki gitaramo giteganyijwe kizaba ku munsi mpuzamahanga w’abagore ku mu goroba wo ku itariki 7 Werurwe,...
Filime nyinshi nziza zasohowe uyu mwaka ugereranije n’umwaka ushize. Nubwo filime za kera ziranga ibyishimo, ni byiza no kureba ibishya biri ku isonga. Iki cyumweru, ni akanya keza ko wiherera mu bikorwa byo kureba filime. Impinga.rw yaguteguriye urutonde...
Abakunzi ba reggae mu Rwanda barateganya ijoro rizasiga amateka. Ni nyuma yo gutangazwa ko itsinda ry'umuziki rya reggae ryo mu Bwongereza rizwi cyane, UB40, rizaza kuririmbira i Kigali ku wa 9 Kamena 2026 kuri BK Arena. Iki ni...