• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Umugore wanjye yazaniye amahoro n’ibyishimo” – Ykee Benda

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 28, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzi Ykee Benda yatangaje ko yamaze kubona amahoro n’ibyishimo byuzuye mu mugore we, avuga ko ari we rukundo rw’ubuzima bwe, ndetse yanahakanye ibihuha bimaze iminsi bivugwa ko yaba ari hafi kwibaruka.

Mu kiganiro yagiranye na Sanyuka TV, Ykee yavuze ko ubuzima bwe bwahindutse bwiza cyane kuva yashaka umugore (introduction ceremony) na Emily muri Nzeri 2025.

Yagize ati: “Mfite umugore w’inzozi zanjye, kandi n’ubuzima bwanjye. Muri make meze neza, ubu ndishimira urushako rwiza.”

Nk’uko Ykee abitangaza, Emily umugore we yamuzaniye ituze n’ibyishimo mu buzima bwe ku buryo atera urwenya asetsa agira ati: “Maze sinyizi no kurira.”

Benda yanagarutse ku bihuha bivaga ko umugore we yaba atwite, Ykee Benda yabiteye utwatsi yivuye inyuma. Yaboneyeho atanga ubusobanuro bugira buti: “Njye n’umugore wanjye twahisemo kubanza kwiyuba no gutuza mbere yo kubyara.

Yongeyeho ati: “Oya, ntarasama cyane ko hari ibintu tugomba kubanza gukora nk’abantu bari kwiyubaka. Tuzabyara igihe tuzaba dushoboye kubitaho.”

Uyu muhanzi yavuze ko kuri ubu bashyize imbaraga mu kwiyubaka no gushyiraho umusingi uhamye mu rugo rwabo mbere yo kubyara.

Ykee Benda yanagarutse ku mbogamizi abahanzi bahura na zo mu rukundo.

Yasobanuye ko ubuzima n’imyumvire by’abahanzi akenshi bitandukanye cyane n’iby’abantu batari mu ruganda rw’imyidagaduro, n’ibintu bishobora guteza impaka.

Yagize ati: “Akenshi ubuzima bwacu n’imyemerere biratandukanye, ariko bisaba abantu babiri kumenya ko hari intambara bagomba ku rwana kandi bazitsinda, ibindi bakabireka, kugira ngo bazabane igihe kirekire. Bakwiye ku menya gutanga no kwakira.”

Previous Post

Beenie Gunter yatangaje ko nta makimbirane afitanye na Eddy Kenzo

Next Post

Green Daddy yatangaje ko yababariye abamushiguri bose

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
12 hours ago

Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa...

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

by Alex RUKUNDO
2 days ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Burundi, Sat-B, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye igihe kinini, Belle 9ice (Ingabire...

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

by Alex RUKUNDO
2 days ago

Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly, yashyize ahagaragara amashusho y’iminota itanu n’amasegonda 38’ agaragaza inzu ye nshya aherutse kuzuza i...

Next Post
Green Daddy yatangaje ko yababariye abamushiguri bose

Green Daddy yatangaje ko yababariye abamushiguri bose

Kwiyiriza Ubusa: Buryo bwiza bwo kugabanya ibiro cyangwa ni amayeri gusa?

Kwiyiriza Ubusa: Buryo bwiza bwo kugabanya ibiro cyangwa ni amayeri gusa?

Djihad na K John Bakatiwe Imyaka 3 Igifungo n’Ihazabu ya Miliyoni 3

Djihad na K John Bakatiwe Imyaka 3 Igifungo n'Ihazabu ya Miliyoni 3

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye
Imyidagaduro

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka
Imikino

Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027
Uncategorized

Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027

by Alex RUKUNDO
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.