Mu gihe imyiteguro ya Saint Valentin ya 2026 irimbanyije, abakunzi b’umuziki w’urukundo i Kigali bafite impamvu yo kwitegura igitaramo cyihariye kizabahuza na Princess Lover, umuhanzikazi wamamaye cyane mu ndirimbo Mon Soleil. Uyu muhanzikazi wamamaye mu ndirimbo zituje, zirimo...
Nyuma y’igihe kinini urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango Claudine ruvugwa ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru, uyu munyezamu wanyuze mu makipe akomeye mu Rwanda yahisemo guca amarenga, ariko mu magambo macye. Mu kiganiro yagiranye n’inshuti ye...
Umuhanzikazi wo muri Uganda, Grace Khan, yahakanye amakuru yavugaga ko yajyanywe muri rehab kubera ibiyobyabwenge, ashimangira ko ikibazo yari afite ari inzoga gusa. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Grace yavuze ko amaze amezi atatu ari mu kigo ngororamuco giherereye...
Amakuru mashya yagiye ahagaragara ku rupfu rw’umutikitoka (TikToker) wamamaye cyene ndetse akanaba umucuruzi wakoreraga kuri murandasi, Dianah Skys, amazina ye nyakuri Diana Namulinde, wapfiriye mu nzu yabagamo i Kyanja, agace kegereye umujyi wa Kampala. Abashinzwe iperereza muri iki...
Izina ry’akabyiniriro umuhanzi Juno Kizigenza akoresha rya ‘Rutwitsi’ ryinjiye mu biganiro bikomeye ku mbuga nkoranyambaga, nyuma y’uko Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène, asabye ko ryahindurwa kubera uburemere bw’igisobanuro rifite mu mateka y’u Rwanda. Ibi...
Nyuma y’igihe kinini urukundo rwabo ruvugwaho byinshi, umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania, Harmonize, yongeye gutungura benshi agaragaza ko Frida Kajala ari we mutima we n’iherezo ry’urugendo rwe rw’urukundo. Ibi yabigarutseho mu butumwa burebure yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram...
DJ Pius umaze iminsi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, agiye gukorera igitaramo mu Mujyi wa Portland muri Leta ya Maine. Ni igitaramo uyu muhanzi yahuje n’ibirori byo kwizihiza umunsi w’isabukuru ye y’amavuko. Cyateguwe na sosiyete yitwa ‘Innox...
Hon. Balaam Barugahara, umucuruzi ukomeye kandi uzwi cyane muri Uganda ndetse akaba ari na Minisitiri w’Igihugu ushinzwe Iterambere ry’Imibereho y’Abaturage, Umurimo n’Imibereho Myiza mu rwego rushinzwe Abana n’Urubyiruko, yatangaje ko yabaye umuherwe (billionaire) akiri muto afite imyaka 25....
Eddy Kenzo yatangaje impamvu atitabiriye ibirori bya Grammy byabaye mu mpera z’icyumweru gishize. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Aggie Uwase ku muyoboro wa telefoni, cyatambutse kuri KFM, mu kiganiro DHook, yuveze ko impamvu nyamukuru ko ari igihe...
Umuyobozi wo kuramya w’icyubahiro, Dr Ron Kenoly, yitabye Imana ku wa Kabiri, tariki ya 3 Gashyantare 2026, nk’uko byemejwe n’umuyobozi we mu muziki, Bruno Miranda, mu butumwa yashyize ku rukuta rwa Instagram kuri konti ya Kenoly yemewe. Mu...