Abantu 195 bagororerwa mu Ikigo Ngororamuco cya Iwawa bakiriye agakiza nyuma y’igiterane cy’ivugabutumwa cyahakorewe na Korali Ambassadors of Christ ku wa 21 Gashyantare 2026. Iki giterane cyari kigamije kubaha ubutumwa bw’ihumure n’icyizere, kibutsa abahagororerwa ko bishoboka guhinduka no...
Umuhanzi Christopher Muneza agiye kongera guhura n’abakunzi be mu buryo budasanzwe, aho azifashisha igitaramo cya Gen-Z Comedy Show kizabera muri Camp Kigali ku wa 26 Gashyantare 2026. Iki gitaramo gisanzwe kizwiho guhuza urubyiruko n’ibyamamare binyuze mu gice cyitwa...
Muhanzi Clever J yatangaje amafaranga yakuye mu gitaramo yakoze cyagarukaga ku rugendo rwe rwa muzika, avuga ko yahawe amafaranga angana na miliyoni 20 z’amashiringi ya Uganda. Iki gitaramo cyiswe “Returnof Clever k” cyabaye muri Kanama 2023, akaba cyari...
Umuhanzikazi Rahmah Pinky yashyize ahagaragara inkuru yihariye ku rugendo rwe mu muziki, agaragaza uko indirimbo ye ya mbere yamugize icyamamare yahinduye icyerekezo cy’ubuzima bwe, agahitamo gusubika amasomo ya kaminuza. Uyu muhanzikazi wari watangiye kwiga icyiciro cya Bachelor of...
Umuziki wa Gospel nyarwanda ukomeje kwambuka imipaka, aho umuhanzi Josh Ishimwe ari kwandika indi paji nshya mu rugendo rwe, ategura igitaramo cye cya mbere muri Poland. Uyu muririmbyi wamamaye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, yageze i...
Umuraperi w’Umunya-Amerika Lil Poppa (Janarious Mykel Wheeler) yapfuye afite imyaka 25 ku wa 18 Gashyantare 2026, ndetse amakuru mashya aturuka mu iperereza arimo gutuma abantu benshi mu bakunzi be n’abakurikiranira hafi umuziki wa Hip-Hop batekereza ko ashobora kuba...
Umuhanzi w’Umunya-Uganda Clever J yongeye kuvugaku bibazo bimaze igihe bivugwa mu rugo rwe, agaragaza ko yamaze amezi hafi atandatu ataba mu nzu yabanagamo n’umugore we, nyuma y’amakimbirane akomeye yabaye hagati yabo. Umuhanzi Clever yatangaje ko yamaze amezi atandatu...
Umuhanzikazi wo muri Uganda Rachel K (Rachel Kiwanuka) yatangaje ku mugaragaro uko umuryango we ubanye mu mahoro nubwo bafite imyemerere itandukanye. Rachel K yavuze ko nyina, icyamamare mu muziki wa Uganda Halima Namakula, ari Umuyisilamu w’ukuri kandi wubahiriza...
Icyamamare kuri TikTok Luwilight yagaragaje ko ari umwere mu makosa yamurezweho, ndetse avuga ko ababariye Zuena Kirema na Bebe Cool, bari mu bibazo bye bikaba aribyo byatumye Luwilight atabwa muri yombi . Luwilight, wafunzwe iminsi irenga mirongo itatu...
Umuhanzikazi Jowy Landa yongeye kuvugwaho amakimbirane, nyuma y’uko utunganya indirimbo (producer) Bwoy Magical amushinje ko yanze kumwishyura amafaranga y’akazi yamukoreye muri studio. Nk’uko Bwoy Magicalabitangaza, Jowy Land yakoreye imishinga myinshi y’umuziki muri studio ye, amwizeza ko azamwishyura nyuma...