• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Green Daddy yatangaje ko yababariye abamushiguri bose

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 28, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Green Daddy yatangaje ko yababariye abantu bose bamusebeje nyuma y’urupfu rw’umwana we w’ifura, avuga ko umwana we yapfuye bitewe n’uburangare bw’abaganga bo ku bitaro bya Mulago National Referral Hospital.

Green Daddy ubundi yabanje kuvuga ku byago yagize byo kubura umwana we w’ifura ku wa 09 Gashyantare 2026, mu kiganiro cyaciye kuri TikTok Live, aho yagaragaje agahinda gakomeye n’umujinya, avuga ko abaganga ba Mulago batabashije gutabara umwana we bitewe n’uburangare bwabo.

Gusa aho guhumurizwa, bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga baramunenze ndetse bamuha inkwenene. Hari n’abamwibukije ko yakoraga ubukangurambaga bwa NRM, banavuga ko ubu ari we uri guhura n’ingaruka z’ibibazo bya serivisi mbi ya Leta.

Mu butumwa aherutse gutanga , Green Daddy yavuze ko yahisemo kureka uburakari ndetse akababarira abamusetse n’abamushinyaguriye mu gihe yari ari mu bihe bikomeye.

Yagize ati: “Ndashimira abafashe mu mugogo. Abampaye inkwenene bakanasebya umwana wanjye amaze gupfa, nabo ndababariye cyane ko gukomeza ku barakarira ntacyo byamfasha. Muri iki gihugu, ntacyo bitwaye ishyaka ryose washyigikira, nawe ushobora kubura umwana wawe.”

Yashimangiye ko ibyago bishobora kugera kuri buri wese, bititaye ku ishyaka rya politiki ushyigikiye, asaba abantu kutarenganya abandi kubera ibitekerezo byabo. Yanavuzeko uwo mwana yari imfura ye.

Yagize ati: “tekereza umuntu watwise amezi icyenda, ukagira amahirwe yo kubyara neza, umwana muzima, ndetse ukagerekaho no ku mwita izina, ukamuterura, maze umunsi umwe gusa agahita yitaba Imana.”

Yacitse intege amarira, Green Daddy yasabye ibitaro bya Mulago kunoza serivisi zabyo kugira ngo indi miryango itazahura n’ibibazo yahuye na byo. Yavuze ko atagishaka gukomeza kuvuga kuri iki kibazo.

Yagize ati: “Sishaka gukomeza kubivugaho. Ni yo mpamvu mwagiye musaba kubaganiriza nkabura uko mbikora. Mumbabarire. Mureke tubirekere aho tubyihorere.

Previous Post

Umugore wanjye yazaniye amahoro n’ibyishimo” – Ykee Benda

Next Post

Kwiyiriza Ubusa: Buryo bwiza bwo kugabanya ibiro cyangwa ni amayeri gusa?

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
23 hours ago

Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa...

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Burundi, Sat-B, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye igihe kinini, Belle 9ice (Ingabire...

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly, yashyize ahagaragara amashusho y’iminota itanu n’amasegonda 38’ agaragaza inzu ye nshya aherutse kuzuza i...

Next Post
Kwiyiriza Ubusa: Buryo bwiza bwo kugabanya ibiro cyangwa ni amayeri gusa?

Kwiyiriza Ubusa: Buryo bwiza bwo kugabanya ibiro cyangwa ni amayeri gusa?

Djihad na K John Bakatiwe Imyaka 3 Igifungo n’Ihazabu ya Miliyoni 3

Djihad na K John Bakatiwe Imyaka 3 Igifungo n'Ihazabu ya Miliyoni 3

Ishimwe Clement wa Kina Music agiye gusohora album ye ya Mbere ‘Legacy’

Ishimwe Clement wa Kina Music agiye gusohora album ye ya Mbere 'Legacy'

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye
Imyidagaduro

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka
Imikino

Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027
Uncategorized

Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027

by Alex RUKUNDO
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.