• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Green Daddy yatangaje ko yababariye abamushiguri bose

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 28, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Green Daddy yatangaje ko yababariye abantu bose bamusebeje nyuma y’urupfu rw’umwana we w’ifura, avuga ko umwana we yapfuye bitewe n’uburangare bw’abaganga bo ku bitaro bya Mulago National Referral Hospital.

Green Daddy ubundi yabanje kuvuga ku byago yagize byo kubura umwana we w’ifura ku wa 09 Gashyantare 2026, mu kiganiro cyaciye kuri TikTok Live, aho yagaragaje agahinda gakomeye n’umujinya, avuga ko abaganga ba Mulago batabashije gutabara umwana we bitewe n’uburangare bwabo.

Gusa aho guhumurizwa, bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga baramunenze ndetse bamuha inkwenene. Hari n’abamwibukije ko yakoraga ubukangurambaga bwa NRM, banavuga ko ubu ari we uri guhura n’ingaruka z’ibibazo bya serivisi mbi ya Leta.

Mu butumwa aherutse gutanga , Green Daddy yavuze ko yahisemo kureka uburakari ndetse akababarira abamusetse n’abamushinyaguriye mu gihe yari ari mu bihe bikomeye.

Yagize ati: “Ndashimira abafashe mu mugogo. Abampaye inkwenene bakanasebya umwana wanjye amaze gupfa, nabo ndababariye cyane ko gukomeza ku barakarira ntacyo byamfasha. Muri iki gihugu, ntacyo bitwaye ishyaka ryose washyigikira, nawe ushobora kubura umwana wawe.”

Yashimangiye ko ibyago bishobora kugera kuri buri wese, bititaye ku ishyaka rya politiki ushyigikiye, asaba abantu kutarenganya abandi kubera ibitekerezo byabo. Yanavuzeko uwo mwana yari imfura ye.

Yagize ati: “tekereza umuntu watwise amezi icyenda, ukagira amahirwe yo kubyara neza, umwana muzima, ndetse ukagerekaho no ku mwita izina, ukamuterura, maze umunsi umwe gusa agahita yitaba Imana.”

Yacitse intege amarira, Green Daddy yasabye ibitaro bya Mulago kunoza serivisi zabyo kugira ngo indi miryango itazahura n’ibibazo yahuye na byo. Yavuze ko atagishaka gukomeza kuvuga kuri iki kibazo.

Yagize ati: “Sishaka gukomeza kubivugaho. Ni yo mpamvu mwagiye musaba kubaganiriza nkabura uko mbikora. Mumbabarire. Mureke tubirekere aho tubyihorere.

Previous Post

Umugore wanjye yazaniye amahoro n’ibyishimo” – Ykee Benda

Next Post

Kwiyiriza Ubusa: Buryo bwiza bwo kugabanya ibiro cyangwa ni amayeri gusa?

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Kwiyiriza Ubusa: Buryo bwiza bwo kugabanya ibiro cyangwa ni amayeri gusa?

Kwiyiriza Ubusa: Buryo bwiza bwo kugabanya ibiro cyangwa ni amayeri gusa?

Djihad na K John Bakatiwe Imyaka 3 Igifungo n’Ihazabu ya Miliyoni 3

Djihad na K John Bakatiwe Imyaka 3 Igifungo n'Ihazabu ya Miliyoni 3

Ishimwe Clement wa Kina Music agiye gusohora album ye ya Mbere ‘Legacy’

Ishimwe Clement wa Kina Music agiye gusohora album ye ya Mbere 'Legacy'

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.