• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Beenie Gunter yatangaje ko nta makimbirane afitanye na Eddy Kenzo

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 27, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzi wa Dancehall Crescent Bagama, wamamaye nka Beenie Gunter, yatangaje umubano we na perezida w’ihuriro ry’abahanzi bo muri Uganda (UNMF), Eddy Kenzo, uko uhagaze, ndetse hari n’amakuru avuga ko umubano w abo waba urimo agatotsi.

Beenie yashimangiye ko nta kibazo na kimwe afitanye na Kenzo, avuga ko ibibazo byabayeho mbere, ariko ko ba bikemuye ubu bakaba nta kibazo bafitanye bameranye neza.

Yagize ati: “Njye nta kibazo mfitanye n’umuntu uwo ari we wese. Eddy Kenzo n’inshuti yanjye ya hafi, ibyo abantu bibaza cyagwa bavuga bijyanye n’uko naba fitanye nawe ikibazo, reka mbabwire nti nta kibazo fitanye na Kenzo tubanye neza.”

Uyu muhanzi yanahishuye ko kuri ubu barimo gukorana indirimbo iri kuri album ye yise No Fear.

Ntakibazo na kimwe mfitanye na Eddy Kenzo

Iyo ndirimbo iri gusubirwamo (remastering) na Producer A Stein, wimukiye mu Bwongereza aho yafunguye studio nshya. Nubwo amajwi y’indirimbo yamaze gutunganywa, amashusho yayo (video) ntarafatwa.

Yongeyeho ati: “Ku bijyanye no gukorana na Kenzo, dufitanye indirimbo iri mu mishinga ariko ntiturayikorera amashusho. Iyo ndirimbo inari kuri album yanjye nise No Fear, kandi ni nziza. Producer A Stein ari kuyitunganye, bityo igihe icyo ari cyo cyose mushobora kuyibona kandi n’igikorwa kiza.”

Yanagarutse ku kibazo gikunzwe ku vugwa ko tajye yitabira inama za UNMF, aho BeeniE Gunter yasobanuye ko akunze kuba ahuze cyane, izo zirimo no kumara igihe kinini ari muri studio, arikumwe n’itsinda rye bari gutegura imishinga igiye itandukanye y’umuziki.

Yagize ati: “Sinjya mbasha kwitabira inama za UNMF kubera ko akenshi mba ndi muri studio ndi gukorana n’inshuti zanjye imishinga myinshi kandi itandukanye, bityo bigahura n’iyo nama simbashe ku yitabira.”

Previous Post

Bruno K yongeye kugaragaza umutima w’ubugiraneza

Next Post

Umugore wanjye yazaniye amahoro n’ibyishimo” – Ykee Benda

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
22 hours ago

Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa...

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Burundi, Sat-B, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye igihe kinini, Belle 9ice (Ingabire...

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly, yashyize ahagaragara amashusho y’iminota itanu n’amasegonda 38’ agaragaza inzu ye nshya aherutse kuzuza i...

Next Post
Umugore wanjye yazaniye amahoro n’ibyishimo” – Ykee Benda

Umugore wanjye yazaniye amahoro n'ibyishimo" - Ykee Benda

Green Daddy yatangaje ko yababariye abamushiguri bose

Green Daddy yatangaje ko yababariye abamushiguri bose

Kwiyiriza Ubusa: Buryo bwiza bwo kugabanya ibiro cyangwa ni amayeri gusa?

Kwiyiriza Ubusa: Buryo bwiza bwo kugabanya ibiro cyangwa ni amayeri gusa?

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye
Imyidagaduro

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka
Imikino

Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027
Uncategorized

Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027

by Alex RUKUNDO
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.