• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, June 12, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Beenie Gunter yatangaje ko nta makimbirane afitanye na Eddy Kenzo

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 27, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzi wa Dancehall Crescent Bagama, wamamaye nka Beenie Gunter, yatangaje umubano we na perezida w’ihuriro ry’abahanzi bo muri Uganda (UNMF), Eddy Kenzo, uko uhagaze, ndetse hari n’amakuru avuga ko umubano w abo waba urimo agatotsi.

Beenie yashimangiye ko nta kibazo na kimwe afitanye na Kenzo, avuga ko ibibazo byabayeho mbere, ariko ko ba bikemuye ubu bakaba nta kibazo bafitanye bameranye neza.

Yagize ati: “Njye nta kibazo mfitanye n’umuntu uwo ari we wese. Eddy Kenzo n’inshuti yanjye ya hafi, ibyo abantu bibaza cyagwa bavuga bijyanye n’uko naba fitanye nawe ikibazo, reka mbabwire nti nta kibazo fitanye na Kenzo tubanye neza.”

Uyu muhanzi yanahishuye ko kuri ubu barimo gukorana indirimbo iri kuri album ye yise No Fear.

Ntakibazo na kimwe mfitanye na Eddy Kenzo

Iyo ndirimbo iri gusubirwamo (remastering) na Producer A Stein, wimukiye mu Bwongereza aho yafunguye studio nshya. Nubwo amajwi y’indirimbo yamaze gutunganywa, amashusho yayo (video) ntarafatwa.

Yongeyeho ati: “Ku bijyanye no gukorana na Kenzo, dufitanye indirimbo iri mu mishinga ariko ntiturayikorera amashusho. Iyo ndirimbo inari kuri album yanjye nise No Fear, kandi ni nziza. Producer A Stein ari kuyitunganye, bityo igihe icyo ari cyo cyose mushobora kuyibona kandi n’igikorwa kiza.”

Yanagarutse ku kibazo gikunzwe ku vugwa ko tajye yitabira inama za UNMF, aho BeeniE Gunter yasobanuye ko akunze kuba ahuze cyane, izo zirimo no kumara igihe kinini ari muri studio, arikumwe n’itsinda rye bari gutegura imishinga igiye itandukanye y’umuziki.

Yagize ati: “Sinjya mbasha kwitabira inama za UNMF kubera ko akenshi mba ndi muri studio ndi gukorana n’inshuti zanjye imishinga myinshi kandi itandukanye, bityo bigahura n’iyo nama simbashe ku yitabira.”

Previous Post

Bruno K yongeye kugaragaza umutima w’ubugiraneza

Next Post

Umugore wanjye yazaniye amahoro n’ibyishimo” – Ykee Benda

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Umugore wanjye yazaniye amahoro n’ibyishimo” – Ykee Benda

Umugore wanjye yazaniye amahoro n'ibyishimo" - Ykee Benda

Green Daddy yatangaje ko yababariye abamushiguri bose

Green Daddy yatangaje ko yababariye abamushiguri bose

Kwiyiriza Ubusa: Buryo bwiza bwo kugabanya ibiro cyangwa ni amayeri gusa?

Kwiyiriza Ubusa: Buryo bwiza bwo kugabanya ibiro cyangwa ni amayeri gusa?

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.