Tekereza uvukiye ku Kwezi, ukahakurira ubuzima bwawe bwose, aho gusimbuka metero nyinshi biba ibisanzwe, naho kugenda bigasa n’umukino. Ubuzima bwo ku Kwezi buba butandukanye cyane n’ubwo ku Isi, kuko ahantu hose hari imbaraga za rukuruzi zidasa. Ku kwezi,...
Kigali, Mutarama 2026 – Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko yahagaritse by’agateganyo mu gihe cy’amezi atatu ibikorwa bya Mobicash Rwanda Ltd, ikigo cyigenga gitanga serivisi z’imari zikorerwa kuri telefoni zigendanwa. Iri hagarikwa ryatangiye ku itariki ya 23...
Leta ya Uganda yatangaje ko yakuyeho imbogamizi zose ku mbuga nkoranyambaga zari zarashyinzweho, nyuma y’ibyumweru byari bishize abantu dafite uburyo bwisanzuye bwo kuzikoresha mu gihe cy’amatora aherutse. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Mbere na Jenerali Muhoozi Kainerugaba, yatangaje...
Ikigo gishinzwe kugenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro (RURA) cyashyizeho amabwiriza mashya agiye gukemura burundu ikibazo cyari kimaze igihe kigaragara ku bakoresha telefone mu Rwanda kigakuraho urujijo rw’imikoreshereze ya USSD codes zidakora ku miyoboro yose. Mu mabwiriza...
Mu myaka ya vuba, imiturire i Kigali iragenda ihinduka, iva ku nzu zisanzwe igana ku zubakiwe guhuza ikoranabuhanga, ituze n’imibereho igezweho. Mu bice bimwe by’umujyi, cyane cyane ahari kugenda hagurwa cyane n’abashoramari, hatangiye kugaragara inzu zifite “ubwenge” zishobora...
Ibiciro by'ibikoresho by'ikoranabuhanga twese dukoresha biraza kuzamuka muri 2026 kubera ibiciro bya RAM- kimwe mu bintu bihendutse bigize za mudasobwa igiciro cyabyo cyikubye kabiri kuva mukwezi kwa cumi 2025. Ikoranabuhanga rikoresha ibintu byinshi kuva kuri telefoni zigezweho kugera...
Umwaka wa 2025 wasize urwego rw’ubuvuzi mu Rwanda rwerekana intambwe ikomeye mu gutanga serivisi zinoze kandi zigezweho, by’umwihariko mu kuvura indwara zikomeye zitari zisanzwe zivurirwa imbere mu gihugu. Ibi byatumye Abanyarwanda benshi batakijya gushaka ubuvuzi mu mahanga, ahubwo...
Ku itariki ya 22 Ukuboza 2025, Inteko y’Umuco yateguye ikiganiro n’abanyamakuru cyahujwe n’imurikabikorwa rya service y'inkoranyabitabo y'igihugu hagamijwe kugaragaza uko iyi service ikora, uko ikoreshwa n'intambwe imaze gutera mu guha abanyarwanda ubumenyi binyuze muri service itanga zirimo n'izashyizwe...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Ukuboza 2025, Spice Diana mu kinganiro n’itangazamakuru yagaragaje urukundo akunda ruhago. avuga ko ari umukino yatagiye gukunda nyuma y’uko agiranye amasezerano yo kwamamariza ikigo cy’imikino y’amahirwe. Yagize ati: “Gukunda ruhago. Bitewe...
Ni bato mu myaka ariko ibyo bakora mu ikoranabuhanga byo biratangaje.Abo ni abana bari hagati y'imyaka icyenda na 12 bo ku ishuri ribanza rya Bright School riri mu karere ka Muhanga, rwagati mu Rwanda, bigishwa ubuhanga bwo gukora...