Umuhanzikazi w’icyamamare muri Uganda Spice Diana, uzwiho gukora cyane , yashishikarije abandi bagore ku mureberaho bagakora cyane aho kwishingikiriza ku mugabo. Spice Diana akunze gushimangira akamaro ko gukora cyane no kungira ubwisanzure mu bijyanye n’imari ndetse no kwigenga,...
Umuhanzi ukizamuka Dr. Lover Bwoy yatangaje ko amaze igihe akunda mu ibanga umuhanzikazi Spice Diana. Mu kiganiro yagiranye na Allan Cruza kuri gahunda ya Allan Xclusive, uyu muhanzi ari kwigaragaza mu muziki yavuze ko ashimishwa cyane na Spice...
Indirimbo ‘Morocco’ ya Joshua Baraka yasohotse mu 2025 (iri kuri album Juvie) ikomeje kwamamara cyane, aho remix yakoranye n’umuhanzikazi Shensea iri kuyizamura ku rwego mpuzamahanga. Iyi ndirimbo yakozwe na Axon yabaye nk’insanganyamatsiko ku bantu benshi mu irushanwa rya...
Mu rugendo rwe rurerure mu buhanzi bwe no mu mukwandiak amafirime, Niyitegeka Gratien uzwi nka Seburikoko cyangwa Papa Sava yagaragaje ko hari ibihe byamusigiye amasomo adasanzwe, by’umwihariko bijyanye n’umubano we n’umubyeyi we wamwigishije indangagaciro n’uburyo ibikorwa by’umuhanzi bigira...
Ubwo ivugabutumwa rikomeje gushaka inzira nshya zo kugera ku bantu benshi, itsinda ry’abaririmbyi Gisubizo Ministry ryahisemo kwagura imbago z’umuziki wa Gospel binyuze mu bufatanye n’umuhanzi ukunzwe cyane mu Rwanda no hanze yarwo, Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben....
Umunyamakuru w’imbuga nkoranyambaga (TikToker) Luwi Light yongeye kwitaba urukiko kuri uyu wa none, nyuma yo gufatwa akagirwa imfungwa by’agateganyo mu cyumweru gishize, akekwaho gutoteza no guhohotera abantu hakoreshejwe ikoranabuhanga (cyber harassment), mu rubanza ruregwamo umugore wa Bebe Cool,...
Abanyarwanda bakomeje kwandika amateka ku ruhando mpuzamahanga, aho bamwe muri bo begukanye ibihembo bikomeye muri Zikomo Africa Awards, ibihembo bigamije gushimira no gushyigikira abatanga umusanzu ugaragara mu iterambere rya Afurika mu nzego zitandukanye. Muri ibi bihembo byatangiwe muri...
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) yasabye abahinzi n’aborozi bo hirya no hino mu gihugu gushyira mu bikorwa ubumenyi bahawe mu mahugurwa atandukanye, bakora ubuhinzi n’ubworozi mu buryo bw’umwuga kandi bugezweho, hagamijwe kongera umusaruro, kwihaza mu biribwa no guteza imbere...
Mu bihe bya vuba, ku mbuga nkoranyambaga hakunze kugaragara inkuru zivuga ko kujya muri sauna no kwoga mu mazi akonje ari “umuti w’igitangaza”: bivugwa ko byongera ubudahangarwa bw’umubiri, bigashonga ibinure, bigagabanya ububabare bwo mu ngingo ndetse bikanafasha mu...
Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, akaba n’Umujyanama wa Perezida Museveni mu by’ubuhanzi, yagaragaje impungenge n’ibibazo ku magambo aherutse gutangazwa na mugenzi we Bobi Wine, aho yavuze ko igihugu cya Uganda kiri “kumarwa n’amaraso” (bleeding). Eddy Kenzo yibajije...