Nyuma y’uko hijihijwe isabukuru y’imyaka icumi ya Roast and Rhyme Reggae Ragga Nyama Nyama edition ku itariki ya 20 Werurwe, hamenyekanye abahanzi b’ibyamamare bazaririmba. Iki gikorwa kizabera kuri Hockey Grounds i Lugogo, ni kimwe mu bikorwa byo kwizihiza...
Indirimbo nshya “Tulo” ya Moroots, igaruka ku buzima bw’umubyeyi n’ngorane, ibikomere ndetse n’ibyinshimo byerekeye ku reread umwana. Iyi ndirimbo yubakiye ku njyana y’indirimbo ya kera “Tulo Tulo kwata omwana,” n’aho umubyeyi aba aririmbira umwana we. Iyi ndirimbo igaragaza...
Umuhanzi Master Parrot yatangaje impamvu atigeze amafaranga nk’uko byagenze kuri bamwe mu bahanzi bagenzi be barimo Bebe Cool, Bobi Wine na Jose Chameleone. Uyu muhanzi wamamaye mu ndirimbo “Kikompola” yavuze ko mu gihe cyabo, abahanzi benshi batahabwaga agaciro...
Umuhanzikazi Ava Peace yatangaje ko nubwo indirimbo ye “Wanula Remix” yakoranye na Temperature Touc iri mu zakunzwe cyane ku rubuga rwa youtbe, ko Atari yo aknda cyane kurusha izindi. Mu kiganiro yagiranye na NTV The Beat, Ava Peace...
Umunyamideli akaba n’umucurazi Shakib Luttaya wamamaye nka Shakiba Cham, hamwe n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Timothy Sserunjoji, wamenyekanye nkaBarista Timo,biteganyijwe ko bazahurira mu mukino w’iteramakofe (Boxing) ni umukono utegenyijwe mu kwezi gutaha kwa Mata. Uyu mukino utegurwa na International...
Ibihembo mpuzamahanga bya Shining Star Africa Awards 2026 byatangiwe mu Rwanda ku nshuro ya mbere mu birori biryoheye ijisho byabereye mu Mujyi wa Kigali kuri Olympic Hotel ku wa Gatandatu tariki ya 07 Werurwe 2026. Ibi bihembo bya...
Umuhanzikazi w’icyamamare muri Uganda Spice Diana, uzwiho gukora cyane , yashishikarije abandi bagore ku mureberaho bagakora cyane aho kwishingikiriza ku mugabo. Spice Diana akunze gushimangira akamaro ko gukora cyane no kungira ubwisanzure mu bijyanye n’imari ndetse no kwigenga,...
Umuhanzi ukizamuka Dr. Lover Bwoy yatangaje ko amaze igihe akunda mu ibanga umuhanzikazi Spice Diana. Mu kiganiro yagiranye na Allan Cruza kuri gahunda ya Allan Xclusive, uyu muhanzi ari kwigaragaza mu muziki yavuze ko ashimishwa cyane na Spice...
Indirimbo ‘Morocco’ ya Joshua Baraka yasohotse mu 2025 (iri kuri album Juvie) ikomeje kwamamara cyane, aho remix yakoranye n’umuhanzikazi Shensea iri kuyizamura ku rwego mpuzamahanga. Iyi ndirimbo yakozwe na Axon yabaye nk’insanganyamatsiko ku bantu benshi mu irushanwa rya...
Mu rugendo rwe rurerure mu buhanzi bwe no mu mukwandiak amafirime, Niyitegeka Gratien uzwi nka Seburikoko cyangwa Papa Sava yagaragaje ko hari ibihe byamusigiye amasomo adasanzwe, by’umwihariko bijyanye n’umubano we n’umubyeyi we wamwigishije indangagaciro n’uburyo ibikorwa by’umuhanzi bigira...