• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Tuesday, June 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Uncategorized

Dr Lover Bwoy yatangaje urukundo akunda Spice Diana

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 17, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzi ukizamuka Dr. Lover Bwoy yatangaje ko amaze igihe akunda mu ibanga umuhanzikazi Spice Diana.

Mu kiganiro yagiranye na Allan Cruza kuri gahunda ya Allan Xclusive, uyu muhanzi ari kwigaragaza mu muziki yavuze ko ashimishwa cyane na Spice Diana, anavuga ko amaze igihe kinini amukunda ariko atazi uburyo yamwegera ngo abimubwire.

Yagaize ati: “Spice Hajatah, ndamukunda kandi ndamutse mbonye amahirwe namugira uwanjye ibyo byashimisha kandi cyane.”

Nubwo bahuye inshuro nyinshi mu bihe bitandukanye, Dr Lover Bwoy avuga ko ataratinyuka ngo amugaragarize amarangamutima amufihe ndetse n’uko amwiyumvamo. Icyakora, yemeza ko Spice Diana ashobora kuba azi ko amwishimira, yongeye kuvuga ko yizeye ko iki kiganiro na cyo kizamugeraho.

Dr Lover Bwoy yatangaje urukundo akunda Spice Diana

Uyu muhanzi yakomeje avuga ko amukunda cyane, ndetse ko akunda gukurikirana buri munsi ibikorwa bye ku mbuga nkoranyambag.

Yagize ati: “Buri munsi nkurikirana imbuga ze zirimo Instagram na Tik Tok ziwe.”

Abajijwe niba yaba afite ubushobozi bwo kwita ku muhanzi umaze kubaka izina nka Spice Diana, Dr Lover Bwoy yavuze ko atizeye ubushobozi bwe.

Yagize ati: “Iyo winjiye mu kintu bwa mbere ntuba uzi neza uko bizagenda, ariko iyo wabyinjiyemo birakunda ukabona byikora.”

Asa n’utebya, mu kiganiro Allan Cruz yagerageje guhamagara Spice Diana kugira ngo amubaze iby’uyu muhanzi ukizamuka ko yaba azi ko amukunda. Ababjijwe niba azi Dr. Lover Bwoy, Spice Diana yasubije agira ati: “Yego rwose ndamuzi. Nyuma yo kumva ko amukanda, yabifashe nkaho ari gutera urwenya.

Ati: “Oya rwose, ntibishoboka. Ntekereza ko namurusha imyaka. Mwebwe ntimutinya bakuru banyu koko.”

Previous Post

Mike Tyson agiye kurwana na Floyd Mayweather ‘umukino ubere muri DR Congo’

Next Post

Jose aravuga ko yarokotse indwara y’ubuhumyi

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Ambassadors of Christ Choir igiye kwizihiriza isabukuru y’imyaka 30 muri Bk Arena

Ambassadors of Christ Choir igiye kwizihiriza isabukuru y’imyaka 30 muri Bk Arena

by Alex RUKUNDO
4 weeks ago

Ambassadors of Christ Choir ibarizwa mu Itorero ry’Abadiventiste b’Umunsi wa Karindwi rya Remera, igiye gukora igitaramo cy'amateka cyo kwizihiza isabukuru...

“The Beast”: Imodoka ya Perezida wa Amerika itinya amasasu n’ibisasu

“The Beast”: Imodoka ya Perezida wa Amerika itinya amasasu n’ibisasu

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Imodoka ya Perezida wa United States izwi nka “The Beast” iri mu modoka zifite umutekano ukomeye kurusha izindi ku isi....

Sheebah Karungi yavuze ko Cindy Sanyu yiyemera

Sheebah Karungi yavuze ko Cindy Sanyu yiyemera

by Alex RUKUNDO
1 month ago

Sheebah Karungi yavuze ko Cindy Sanyu rimwe na rimwe yiyemera bikabije, kandi ko nta mpamvu afite yo guhora kumwereka ko...

Next Post
Jose aravuga ko yarokotse indwara y’ubuhumyi

Jose aravuga ko yarokotse indwara y’ubuhumyi

“Gukorana na Diamond Platnumz bisaba kwihangana” – Bruce Melodie

"Gukorana na Diamond Platnumz bisaba kwihangana" - Bruce Melodie

Minisitiri yifatiye ku gahanga abapasiteri bafite kwizera guke  “Nimureke Abapolisi, Mwiringire Imana Yanyu”

Minisitiri yifatiye ku gahanga abapasiteri bafite kwizera guke  "Nimureke Abapolisi, Mwiringire Imana Yanyu"

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.