• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Uncategorized

Dr Lover Bwoy yatangaje urukundo akunda Spice Diana

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 17, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzi ukizamuka Dr. Lover Bwoy yatangaje ko amaze igihe akunda mu ibanga umuhanzikazi Spice Diana.

Mu kiganiro yagiranye na Allan Cruza kuri gahunda ya Allan Xclusive, uyu muhanzi ari kwigaragaza mu muziki yavuze ko ashimishwa cyane na Spice Diana, anavuga ko amaze igihe kinini amukunda ariko atazi uburyo yamwegera ngo abimubwire.

Yagaize ati: “Spice Hajatah, ndamukunda kandi ndamutse mbonye amahirwe namugira uwanjye ibyo byashimisha kandi cyane.”

Nubwo bahuye inshuro nyinshi mu bihe bitandukanye, Dr Lover Bwoy avuga ko ataratinyuka ngo amugaragarize amarangamutima amufihe ndetse n’uko amwiyumvamo. Icyakora, yemeza ko Spice Diana ashobora kuba azi ko amwishimira, yongeye kuvuga ko yizeye ko iki kiganiro na cyo kizamugeraho.

Dr Lover Bwoy yatangaje urukundo akunda Spice Diana

Uyu muhanzi yakomeje avuga ko amukunda cyane, ndetse ko akunda gukurikirana buri munsi ibikorwa bye ku mbuga nkoranyambag.

Yagize ati: “Buri munsi nkurikirana imbuga ze zirimo Instagram na Tik Tok ziwe.”

Abajijwe niba yaba afite ubushobozi bwo kwita ku muhanzi umaze kubaka izina nka Spice Diana, Dr Lover Bwoy yavuze ko atizeye ubushobozi bwe.

Yagize ati: “Iyo winjiye mu kintu bwa mbere ntuba uzi neza uko bizagenda, ariko iyo wabyinjiyemo birakunda ukabona byikora.”

Asa n’utebya, mu kiganiro Allan Cruz yagerageje guhamagara Spice Diana kugira ngo amubaze iby’uyu muhanzi ukizamuka ko yaba azi ko amukunda. Ababjijwe niba azi Dr. Lover Bwoy, Spice Diana yasubije agira ati: “Yego rwose ndamuzi. Nyuma yo kumva ko amukanda, yabifashe nkaho ari gutera urwenya.

Ati: “Oya rwose, ntibishoboka. Ntekereza ko namurusha imyaka. Mwebwe ntimutinya bakuru banyu koko.”

Previous Post

Mike Tyson agiye kurwana na Floyd Mayweather ‘umukino ubere muri DR Congo’

Next Post

Jose aravuga ko yarokotse indwara y’ubuhumyi

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
22 hours ago

Umuhungu wa Jose Chameleone, Abba Marcus Mayanja, yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga, ariko noneho si ku bijyanye n’umuziki cyangwa...

Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027

Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027

by Alex RUKUNDO
1 day ago

Kigali ikomeje kugaragara nk’ahantu h’ingenzi ku ikarita y’imyidagaduro mpuzamahanga, aho biteganyijwe ko umuraperi Drake azataramira i Kigali, ku wa 10...

Spice Diana yatangaje ko yacitse igitero cya abagizi ba nabi

Spice Diana yatangaje ko yacitse igitero cya abagizi ba nabi

by Alex RUKUNDO
2 weeks ago

Umuhanzikazi Spice Diana yatangaje ko yarokotse igitero giteye ubwoba  cy’abantu batazwibari bari bagambiriye ku mugirira nabi ubwo yari mu gitamo....

Next Post
Jose aravuga ko yarokotse indwara y’ubuhumyi

Jose aravuga ko yarokotse indwara y’ubuhumyi

“Gukorana na Diamond Platnumz bisaba kwihangana” – Bruce Melodie

"Gukorana na Diamond Platnumz bisaba kwihangana" - Bruce Melodie

Minisitiri yifatiye ku gahanga abapasiteri bafite kwizera guke  “Nimureke Abapolisi, Mwiringire Imana Yanyu”

Minisitiri yifatiye ku gahanga abapasiteri bafite kwizera guke  "Nimureke Abapolisi, Mwiringire Imana Yanyu"

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye
Imyidagaduro

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka
Imikino

Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027
Uncategorized

Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027

by Alex RUKUNDO
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.