• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, June 6, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Uncategorized

Spice Diana yashishikarije abagore ku mwigiraho bagakora cyane

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 8, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzikazi w’icyamamare muri Uganda Spice Diana, uzwiho gukora cyane , yashishikarije abandi bagore ku mureberaho bagakora cyane aho kwishingikiriza ku mugabo.

Spice Diana akunze gushimangira akamaro ko gukora cyane no kungira ubwisanzure mu bijyanye n’imari ndetse no kwigenga, kandi yizera ko abagore bose bashobora kubigeraho mu gihe bakora cyane.

Yongeyeho ko abagore benshi bamaze kwibagirwa, bishingikiriza ku bagabo mu mibereho yabo aho kwishakira ubwigenge bakora cyane no gushaka imirimo ibateza imbere.

Avuga ko iyo ibintu bihindutse, sosiyete ishobora gutera imbere vuba, igihe cyose umugore yatinyutse agakora, akomeza avuga ko ari kimwe mu by’ingenzi bishobora kubazanira iterambere n’izamuka ry’ubukungu bwabo bityo n’igihugu kigatera imbere.

Yagize ati: “Ndashishikariza bagenzi banjye ba bagore gukora cyane. Kuko natwe dukwiye ejo hazaza. Mureke kwishingikiriza ku bagabo. Mushobora gukorera amafaranga yanyu ubwanyu, kandi nib wo buryo bwonyine bwo kwiteza imbere duteza imbere imiryango n’igihugu n’isi muri rusange. Kandi turashoboye nk’abagore.”

Aya magambo yayatangaje mu gihe abagore bizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore (International Women’s Day).

Previous Post

Joeboy ashyigikiye Tyla kuri Grammy

Next Post

Abahanzi barimo Alicia na Germaine, The Ben, Bruce Melodie mu begukanye ibihembo bya Shining Star

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Ambassadors of Christ Choir igiye kwizihiriza isabukuru y’imyaka 30 muri Bk Arena

Ambassadors of Christ Choir igiye kwizihiriza isabukuru y’imyaka 30 muri Bk Arena

by Alex RUKUNDO
3 weeks ago

Ambassadors of Christ Choir ibarizwa mu Itorero ry’Abadiventiste b’Umunsi wa Karindwi rya Remera, igiye gukora igitaramo cy'amateka cyo kwizihiza isabukuru...

“The Beast”: Imodoka ya Perezida wa Amerika itinya amasasu n’ibisasu

“The Beast”: Imodoka ya Perezida wa Amerika itinya amasasu n’ibisasu

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Imodoka ya Perezida wa United States izwi nka “The Beast” iri mu modoka zifite umutekano ukomeye kurusha izindi ku isi....

Sheebah Karungi yavuze ko Cindy Sanyu yiyemera

Sheebah Karungi yavuze ko Cindy Sanyu yiyemera

by Alex RUKUNDO
3 weeks ago

Sheebah Karungi yavuze ko Cindy Sanyu rimwe na rimwe yiyemera bikabije, kandi ko nta mpamvu afite yo guhora kumwereka ko...

Next Post
Abahanzi barimo Alicia na Germaine, The Ben, Bruce Melodie mu begukanye ibihembo bya Shining Star

Abahanzi barimo Alicia na Germaine, The Ben, Bruce Melodie mu begukanye ibihembo bya Shining Star

Ku rugo rwa Rihanna humvikanye amasasu

Ku rugo rwa Rihanna humvikanye amasasu

Rayon Sports yikuye hamana mu menyo ya Etincelle FC I Rubavu

Rayon Sports yikuye hamana mu menyo ya Etincelle FC I Rubavu

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.