• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, June 4, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Uncategorized

Miss Hannah Karema Tumukunde yatsinzwe matora ya Guild President

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
April 10, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Miss wacyuye igihe wo muri Uganda, Hannah Karema Tumukunde, yatangaje ko yatsinzwe mu matora aherutse kuba, aho yahataniraga kuba umuyobozi w’abanyeshuri (Guild Presidente) muri Kaminuza ya Makerere I Kampala.

Ku wa Kane tariki ya 9 Mata 2026, Gracious Kadondi yatorewe kuba Guild President wa 92 wa Kaminuza ya Makerere, atsindira uyu mwanya ukomeye mu buyobozi bw’abanyeshuri ku itike y’ishyaka NUP.

Uwo bahatanaga ari we Hannah Karema, yari afite inkunga ikomeye ya policies ndetse ndetse unagendeye ku cyubahiro yari asanzwe afite mu ruganda rw’imyidagaduro.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Karema yashimiye cyane abamuhaye amajwi ndetse n’ikizere bari bamugiriye. Yanavuze ko amajwi yabonye yerekana yerekana icyerekezo cy’ubuyobozi bw’abanyeshuri ba Makerere bifuza, yanatangaje ko agiye gukomeza indi mishanga ye.

Yagize ati: “Bakunzi bacu ‘Rebooters’, ndabashimira byimazeyo ku bwo  kunyizera no gushyigikira gahunda yo kuvugurura Makerere.

Amajwi nabonye agaragaza ubuyobozi abanyeshuri ba Makerere bifuza; ubwo itangira, kwita ku mibereho yabo, uburenganzira bwabo mu masomo no mu mibereho rusange.”

Ibi si iherezo cyangwa intangiriro ‘oya’. Ubu nib wo bigitangira. Ni igihe cyo kwisuganya tugakomeza gutanga zindi serivisi binyuze mu zindi nzira.

Tuzakomeza guharanira kuvugurura uburezi muri Uganda.

Previous Post

Kwibuka 32: Filime 6 ukwiriye kureba zigaragaza amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi

Next Post

“Si ngombwa indirimbo 20 ngo ube umuhanzi wuzuye” – Spice Diana

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Ambassadors of Christ Choir igiye kwizihiriza isabukuru y’imyaka 30 muri Bk Arena

Ambassadors of Christ Choir igiye kwizihiriza isabukuru y’imyaka 30 muri Bk Arena

by Alex RUKUNDO
2 weeks ago

Ambassadors of Christ Choir ibarizwa mu Itorero ry’Abadiventiste b’Umunsi wa Karindwi rya Remera, igiye gukora igitaramo cy'amateka cyo kwizihiza isabukuru...

“The Beast”: Imodoka ya Perezida wa Amerika itinya amasasu n’ibisasu

“The Beast”: Imodoka ya Perezida wa Amerika itinya amasasu n’ibisasu

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Imodoka ya Perezida wa United States izwi nka “The Beast” iri mu modoka zifite umutekano ukomeye kurusha izindi ku isi....

Sheebah Karungi yavuze ko Cindy Sanyu yiyemera

Sheebah Karungi yavuze ko Cindy Sanyu yiyemera

by Alex RUKUNDO
3 weeks ago

Sheebah Karungi yavuze ko Cindy Sanyu rimwe na rimwe yiyemera bikabije, kandi ko nta mpamvu afite yo guhora kumwereka ko...

Next Post
“Si ngombwa indirimbo 20 ngo ube umuhanzi wuzuye” – Spice Diana

"Si ngombwa indirimbo 20 ngo ube umuhanzi wuzuye" - Spice Diana

“Ngarukanye indirimbo nshya nise Tempting kandi izabanyura” Ykee Benda

"Ngarukanye indirimbo nshya nise Tempting kandi izabanyura" Ykee Benda

Burundi: Inkuru y’umupolisi wakatiwe amezi 600 yatunguye benshi

Burundi: Inkuru y’umupolisi wakatiwe amezi 600 yatunguye benshi

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.