• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Uncategorized

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzi Eddy Kenzo yatangaje ko ashyigikiye bagenzi be bakunze gukoresha TikTok Live, avuga ko ibyo bakora ari igisubizo k’ibibazo by’imyaka myinshi ishize batishimiye uko bafatwa n’itangazamakuru.

Mu kiganiro yagiranye na Eddie Sendi, Kenzo yasobanuye ko nubwo we ubwe adakunda gukoresha TikTok Live, asobanukiwe neza impamvu abahanzi benshi usanga bahitamo gukoresha uru rubuga mu rwego rwo ku ganiriza abakunzi babo imbonankubone.

Yagize ati: “Njye sijya vuga ibintu byinshi ‘oya’, ariko ntibivuze ko abandi bashoboye kwirwanaho ko babikora, gusa wowe ntiwabyumva. Ntimujya mu bitaho, mu by’ukuri barananiwe bahitamo kwirwanaho.”

Uyu muhanzi wegukanye igihembo cya BET yavuze ko abahanzi benshi bumva ko itangazamakuru ribavuga uko batari cyangwa rikabanenga mu buryo budakwiye, bityo bahitamo kwivuganira ubwabo bakoresheje TikTok Live.

Abinyujije kuri TikTok Live, yavuze ko abahanzi bahisemo kuganira n’abakunzi babo bitanyuze mu itangazamakuru cyagwa ngo bivugwe n’abandi.

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo

Kenzo yongeyeho ko uburyo itangazamakuru rigenzura abahanzi hari aho byagize ingaruka mbi ku mazina yabo, bigatuma babona ko bagomba guhita bisobanura no kwirwanaho ako kanya bakoresheje TikTok Live.

Yagize ati: “Itangazamakuru ryagize uruhare rukomeye mu gutesha agaciro amazina y abamwe mu bahanzi, bityo bituma bahitamo kwirwanaho kuri TikTok Live.”

Nubwo abishyigikiye, Kenzo yavuze ko we atajya akunda kujya kuri Live. Yabingarutseho avuga ko biterwa n’uko ari ku rwego rwiza mu muziki, haba mu gihugu imbere no ku rwego mpuzamahanga, bikamufasha no kubona ubushobozi bwo kubaho atishingikirije umuziki.

Ati: “Biragoye kumbona kuri izo Live kuko Imana yaramfashije pe!, nageze ku rwego rwo rukomeye mu gihugu no hanze yacyo, mbashakubona amafaranga, kabone n’iyo ntajora umuziki.”

Icyakora yavuze ko atari ko bimeze ku bandi bahanzi. Hari abishingikiriza ku muziki wonyine n’ y’amafaranga awuvamo, bigatuma bagomba gukomeza kugaragara no gusubiza abanenga ibikorwa byabo.

Yashoje agira ati: “Hari bamwe bagifata umuziki nk’isoko yabo rukumbi y’amafaranga, ntibashobora kwicara ngo bareke kuvuga mu gihe mubavugaho nabi.”

@atufuzennyo

“Abayimbi mubavumye nnyo, bakooye….” Eddy Kenzo #eddykenzo #sendi #ugandatiktok🇺🇬 #dailyuganda #foryoupages

♬ Motivational Story – Zara Pine
Previous Post

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

Next Post

Impamvu 8 zituma abagore benshi bumva bananiwe kurusha uko bigaragara

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Ambassadors of Christ Choir igiye kwizihiriza isabukuru y’imyaka 30 muri Bk Arena

Ambassadors of Christ Choir igiye kwizihiriza isabukuru y’imyaka 30 muri Bk Arena

by Alex RUKUNDO
2 weeks ago

Ambassadors of Christ Choir ibarizwa mu Itorero ry’Abadiventiste b’Umunsi wa Karindwi rya Remera, igiye gukora igitaramo cy'amateka cyo kwizihiza isabukuru...

“The Beast”: Imodoka ya Perezida wa Amerika itinya amasasu n’ibisasu

“The Beast”: Imodoka ya Perezida wa Amerika itinya amasasu n’ibisasu

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Imodoka ya Perezida wa United States izwi nka “The Beast” iri mu modoka zifite umutekano ukomeye kurusha izindi ku isi....

Sheebah Karungi yavuze ko Cindy Sanyu yiyemera

Sheebah Karungi yavuze ko Cindy Sanyu yiyemera

by Alex RUKUNDO
3 weeks ago

Sheebah Karungi yavuze ko Cindy Sanyu rimwe na rimwe yiyemera bikabije, kandi ko nta mpamvu afite yo guhora kumwereka ko...

Next Post
Impamvu 8 zituma abagore benshi bumva bananiwe kurusha uko bigaragara

Impamvu 8 zituma abagore benshi bumva bananiwe kurusha uko bigaragara

Uburyo 3 Isanzure rishobora kurangira – bimwe mu bitekerezo bya siyansi

Uburyo 3 Isanzure rishobora kurangira – bimwe mu bitekerezo bya siyansi

Bwa mbere ibiciro bya Lisansi na Mazutu mu Rwanda byatumbagiye cyane. “ Abanyarwanda baburiwe”

Bwa mbere ibiciro bya Lisansi na Mazutu mu Rwanda byatumbagiye cyane. “ Abanyarwanda baburiwe”

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.