Umukobwa w’imyaka 21 yafatiwe mu iduka riri mu Murenge wa Rugarama mu Karere ka Gatsibo, akekwaho kwiba nyuma yo gutobora inzu yacururizwagamo. Uyu mukobwa yafashwe n’abaturage mu Mudugudu wa Nyakaliro, Akagari ka Kanyangese, mu Murenge wa Rugarama. Abaturage...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Eric Semuhungu gusa ibyo akekwaho ntibyatangajwe kuko bishobora kubangamira iperereza. Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yagize ati: “Eric Sebuhungu yarafshwe. Ariko ntakindi dushobota gutanga kugira ngo bitabangamira iperereza. Ibyo...
Isanzure tubamo rifite amateka maremare cyane, ariko abahanga mu bya siyansi bavuga ko na ryo rishobora kugira iherezo. Nubwo nta gihamya ihamye iraboneka ku buryo nyabwo rizarangiramo, ubushakashatsi bwerekana ibitekerezo bitatu bikomeye bishobora gusobanura uko iherezo ryaryo rishobora...
Hon. Robert Migadde Ndugwa, Perezida wa SACCO nteka ishinga amategeko ya Uganda, yatangaja amakuru mashya ku bijyanye n’amafaranga yizigamiwe n’ayakusanyijwe nyuma ya nyakwigendera Muhammad Ssegirinya. Mu kiganiro yagiranye na SparkTV, Migadde yasobanuye ko iyo SACCO ihuriyemo n’abagize Inteko...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, Rwanda Investigation Bureau (RIB), rwaburiye abanyamakuru bakora ibiganiro by’imikino bubasaba kureka amagambo ateza umwiryane no kurangwa n’ubupfura mu kazi bakora. Ibi byatangajwe ku wa 10 Werurwe 2026 n’Umuvugizi wa RIB, Thierry B. Murangira, mu kiganiro...
Senateri Frank Habineza, akaba n’umuyobozi w’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda, yamaganye inyandiko ziri gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga zimuhuza n’umugambi wo gushinga umutwe w’inyeshyamba ugamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda. Izi nyandiko zatangiye gukwirakwira ku rubuga rwa X ku...
Ikigo gishinzwe imiyoborere n’iterambere ry’umujyi muri Uganda, Kampala Capital City Authority (KCCA),kigiye gushyira ahagaragara gahunda nshya mu rwego re’ubwikorezi, izakuraho imodoka nto zitwara abantu mu buryo bwarusange (taxi) gufata no gukuriro abagenzi ahantu hatagenwe. Iyi gahunda izahindura uburyo...
Umunyabugeni kuri TikTok ndetsa akanaba umucuruzi wakoreraga kuri marandasi, Diana Namulinde wamamaye ku mazina nka Dianah Skys, yashyiguwe ejo tariki 06 Gashyantare 2026, mu gace ka Namayumba. Dianah Skys, umurambo we wabonetse ku wa Gatatu mu nzu yabagamo...
Amakuru mashya yagiye ahagaragara ku rupfu rw’umutikitoka (TikToker) wamamaye cyene ndetse akanaba umucuruzi wakoreraga kuri murandasi, Dianah Skys, amazina ye nyakuri Diana Namulinde, wapfiriye mu nzu yabagamo i Kyanja, agace kegereye umujyi wa Kampala. Abashinzwe iperereza muri iki...
Umusigiti wa Remera–Giporoso uherereye hafi ya Hill Top Hotel mu Mujyi wa Kigali ugiye kwimurwa, mu rwego rwo gutegura imirimo yo kwagura umuhanda wa Prince House–Masaka, iteganyijwe gutangira muri Gashyantare uyu mwaka. Aya makuru yemejwe n’Umuryango w’Abayisilamu mu...