Inzego z’umutekano mu Ntara y’Amajyepfo zatangaje ko abantu batanu bamaze gufatwa bakekwaho guhungabanya umutekano mu Karere ka Muhanga, nyuma y’aho habaye igerageza ry’itemwa ry’abanyerondo ku mugoroba wo ku itariki ya 18 Mutarama 2026. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara...
Mu gihe Abanya-Uganda bari mu gikorwa cyo gutora umukuru w’igihugu, amatora rusange yabaye urubuga rw’impaka n’impungenge zikomeye ku miterere ya demokarasi n’ikoranabuhanga mu gihugu, nyuma y’uko internet ihagaritswe mu gihugu hose. Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi buriho, Robert Kyagulanyi...
Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Itumanaho muri Uganda (UCC), George William Nyombi Thembo, yemeje ku mugaragaro ko internet rusange yahagaritswe muri Uganda. Kuva ku wa Kabiri saa kumi n’ebyiri z’umugoroba (18:00), abaturage babarirwa muri za miliyoni muri Uganda...
Abatuye Umurenge wa Nyamirama mu Karere ka Kayonza bakomeje kuba mu gahinda n’akantu, nyuma yo kumva inkuru y’urupfu rw’umusore wari ufite ubumuga bwo mu mutwe wabonetse yiciwe mu buryo bw’agashinyaguro, bikaba byaratumye inzego z’umutekano zitangira iperereza ryimbitse. Uyu...
Mu Karere ka Ngoma haravugwa inkuru ibabaje y’inkuba yakubise itsinda ry’abaturage bari bari mu mirimo yo kwita ku matungo no guhunga imvura, igahitana abantu icyenda mu gihe abandi batandatu bakomerekeye muri iyo mpanuka. Iyi nkuba yakubise ku gicamunsi...
Mu Karere ka Gisagara, mu Murenge wa Nyanza, inzego z’umutekano zatabaye zikuraho grenade yari ibitswe mu rugo rw’umuturage, nyuma y’amakuru yatanzwe n’abaturage agaragaza ko hari igikoresho gishobora guteza impanuka. Ibi byabereye mu Mudugudu w’Akabakene, Akagari ka Higiro, ku...
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yashimye ubunyamwuga n’ubwitange byaranze Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’izindi nzego z’umutekano mu mwaka wa 2025, ndetse abashimira uruhare rukomeye bagira mu kubungabunga amahoro n’umutekano w’igihugu no mu butumwa bwo...
Ku wa Mbere, tariki ya 25 Kanama 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yitabiriye umuhango wo gusoza imyitozo ya gisirikare (Exercise Hard Punch) wabereye i Gabiro mu Karere ka Gatsibo....
Ku wa 25 Kanama 2025, Perezida Paul Kagame mu kiganiro yagejeje ku basirikare basaga 6.000 mu kigo cya Gisirikare cya Gabiro mu Ntara y’Iburasirazuba, agaruka ku myitwarire y’amahanga n’abashinja Ingabo z’u Rwanda (RDF) ibikorwa by’ubwicanyi muri Repubulika Iharanira...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Kanama 2025, mu Ntara y’Iburasirazuba, Akarere ka Nyagatare, Umurenge wa Tabagwe, Akagari ka Nyagatoma, umusore w’imyaka 21 yishwe atewe icumu n’abo bari kumwe, icumu rimufata munsi y’igituza mu rubavu arapfa. Umuvugizi...