Ubushakashatsi butandukanye bwagaragaje ko hari imiti igira ingaruka zikomeye ku mbaraga z'abagabo mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina, kandi iyo miti ikoreshwa kenshi. Mu busanzwe ubuzima bw'imibonano mpuzabitsina ni kimwe mu bintu abantu bakenera cyane mu mibanire yabo,...
Dr Mugemana Charles niwe mu bakozi ba Rayon Sport bari bayirambyemo cyane agiye aba Rayon bakimukeneye Umuryango wa Rayon Sports n’uw’abakunzi b’umupira w’amaguru muri rusange uri mu gahinda gakomeye nyuma y’urupfu rwa Dr. Mugemana Charles, wahoze ari umuganga...
Kugwa kw’amabere y’abagore n’abakobwa ni ingingo ikunze gutera impaka n’ibihuha byinshi, cyane cyane mu muryango nyarwanda aho usanga hari imyemerere itandukanye idashingira ku bumenyi bwa gihanga. Nyamara, abahanga mu by’ubuzima bagaragaza ko kugwa kw’amabere ari ingaruka z’imiterere y’umubiri...
Mu majyepfo y’u Bufaransa, urukiko ruri kuburanisha umugabo w’Umunyafaransa ukekwaho ibyaha bikomeye birimo guha abagore ibiyobyabwenge, kubakoresha ihohotera rishingiye ku gitsina no gufata amashusho y’ibyo yabakoraga mu ibanga. Uregwa ni Cyril Zattara, wahoze ari umwarimu w’imbyino waje kwiyigisha...
Mu Rwanda, inkuru y’ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakunze kugarukwaho cyane ku bagore n’abana. Gusa mu myaka ya vuba, hari indi sura igenda igaragara kurushaho: abagabo batangiye kugaragara mu mibare y’abahohoterwa ku rwego ruri hejuru kurusha uko byari bisanzwe....
Imihindagurikire y’ikirere ikomeje kugaragaza ingaruka zikomeye mu Ntara y’Amajyepfo, aho mu Karere ka Gisagara habaye impanuka yatewe n’inkuba yahitanye ubuzima bw’umubyeyi w’imyaka 37, abandi bantu babiri bagakomereka bikabije. Iyi nkuba yakubise mu ijoro ryo ku wa 7 rishyira...
Ku bantu benshi, uburiri bufatwa nk’ahantu h’ikiruhuko n’umutekano, aho umuntu ashyira umutwe akaruhuka nyuma y’umunsi muremure. Nyamara, ubushakashatsi butandukanye bugaragaza ko uburiri duryamamo bushobora kuba ahantu hihishe ikibazo gikomeye ku buzima, cyane cyane iyo isuku yabwo ititabwaho uko...
Uruganda rw'ibiribwa n'ibinyobwa rwa Nestlé rwatangaje ko rwakuye ku isoko mpuzamahanga bimwe mu bicuruzwa by'amata y'abana kubera impungenge z'uko bishobora kuba birimo ubumara (toxin) bwateza uburozi mu biribwa (food poisoning). Nestlé yavuze ko bimwe mu byiciro (batches) by'amata...
Umubyeyi wo mu Bwongereza yasabye ko hashyirwaho amasomo yigisha abana ingaruka zo gukoresha nabi imyuka ihumanya ikirere, nyuma y'urupfu rw'umukobwa we w'imyaka 13 wapfuye yigana ibyo yari yabonye ku mbuga nkoranyambaga. Sonia Hopkin yavuze ko umukobwa we, Tiegan...
Umwaka wa 2025 wasize urwego rw’ubuvuzi mu Rwanda rwerekana intambwe ikomeye mu gutanga serivisi zinoze kandi zigezweho, by’umwihariko mu kuvura indwara zikomeye zitari zisanzwe zivurirwa imbere mu gihugu. Ibi byatumye Abanyarwanda benshi batakijya gushaka ubuvuzi mu mahanga, ahubwo...